Rihanna birakekwa ko nyuma yo kuva mu rukundo n’umuherwe Hassan Jameel, yaba yasubiranye na Drake batacanaga uwaka mu mezi ashize. Ibi byagaragaye ubwo aba bombi bari kumwe mu mujyi wa Ney York...
Umuhanzikazi Rihanna yagaragaye bitunguranye mumashusho y’Indirimbo nshya ya A $ AP Rocky yitwa D.M.B biri kuvugwa ko bamaze gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
Ibinyamakuru bitandukanye byatangaje ko umubano wa Rihanna n’umuraperi A$AP Rocky umeze neza, ibi bije nyuma y’amezi macye ashije bivugwa ko aba bombi baba bakundana. Magingo aya Rihanna cyangwa...
Umuhanzikazi Robyn Rihanna Fenty wamamaye nka Rihanna uri mu banyamuziki bakunzwe cyane ku Isi cyane cyane muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yamaze gutandukana na Hassan Jameel, umuherwe w’umunya...
Umunyamidelikazi Amina Muaddi usanzwe ari umukozi wa Rihanna muri Fenty Brand, hamaze iminsi havugwa ko afite uruhare mu gutandukana kwa Rihanna na ASAP Rocky benda kwibaruka umwana wabo w’imfura...
Umuhanzikazi Rihanna yahisemo kureka ikirego cya Se umubyara kimaze imyaka irenga 2 mu rukiko , aho yamushinjije ko yakoresheje izina rye mu gushaka amafaranga mu nyungu ze bwite muri “Fenty...
Inshuti ya hafi ya Chriss Brown yatangaje ko impanzu Chris Brown yishimiye itandukana rya Rihanna n’umukunzi we Hassan ngo aruko yatinyaga ko bashyingiranwa kandi na we...
Umuhanzi wicyamamare ku Isi Chris Brown yabaye uwambere mu kwishimira inkuru nziza y’uwahoze ari umukunzi we Rihanna wibarutse imfura ye na A $ AP Rocky...
Umukobwa usa na Rihanna witwa Yna Sertalf ukomoka mu birwa bya Martinique,ari kurira ayo kwarika kubera ko abasore bose bamwanze bamuhora gusa n’iki cyamamare.
Umugabo witwa Eduardo Leon uherutse gufatirwa mu nzu ya Rihanna yinjiye mu buryo butemewe n’amategeko, yabwiye abapolisi ko yifuzaga cyane kuryamana n’uyu muhanzikazi bituma ashaka uko yakwinjira...
Umuhanzikazi Rihanna yarize cyane ubwo yari mu muhango wo gushyingura mubyara we Tavon Kaiseen Alleyne uherutse kuraswa n’abagizi ba nabi ubwo yitemberera muri Barbados.
Rihanna yashenguwe...