Umuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’...
Guverineri w’ intara y’ amagepfo Mureshyankwano Marie Rose yasuye abaturage bari bateraniye mu nteko rusange ababwira ko imiyoborere myiza ari ukwegera umuturage ukamenya imibereho ye.
Ubwo yari...
Umugabo witwa Havugarurema Deo wo mu Murenge wa Muganza mu karere ka Gisagara yagiye gucyura umugore we wari warahukanye kubera inkeke yamuhozagaho baramumwima, atashye umujinya awutura inka...
Igisonga cya gatatu cya Nyampinga w’u Rwanda, Queen Kalimpinya ku ikubitiro yatangiye umushinga we wo kugabanya imfu z’abagore bapfa babyara, ahera mu Karere ka Gisagara aho umuryango we ukomoka....
Umuturage wo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa Mamba, yageregeje kwiyahura akoresheje grenade iramukomeretsa bikomeye ku maguru no ku maboko, aho ubu arembeye mu bitaro bya...
Abaturage bo mu Murenge wa Mamba wo mu karere ka Gisagara ntibagize amahirwe yo kugezwaho imigabo n’ imigambi n’ abakandida depite barenze babiri, gusa ngo ntacyo bibatwaye. Meya wa Gisagara yavuze...
Kuri uyu wa Gatanu mu Turere 27 two hirya no hino mu Rwanda hakozwe amatora y’abagize Komite Nyobozi barimo ba Meya bagarutse nka Richard Mutabazi wa Bugesera,Sebutege Ange wa...
Abarimu b’amashuri abanza n’ayisumbuye bo mu turere tumwe na tumwe two mu ntara y’Amajyepfo bababajwe n’imishahara yabo y’ukwezi kwa mbere yatinze kubageraho aho bamwe bagiye kwivuza ku munsi w’ejo...
Mvukiyehe Innocent wari umunyamabanga nshingwabikorwa w’akarere ka Gisagara yaba yeguye kuri uyu mwanya nk’uko amakuru agera ku Umuryango abyemeza.
Amakuru UMURYANGO wamenye ni uko kuri uyu wa...
Abaturage bahinga mu gishanga cy’urutanga kiri mu karere ka Gisagara hagati y’imisozi ya Cyanamo, Gitisi, Muganza, na Kirarambogo bavuga ko ntakizere bafite cyo guhashya inzara iri mu ngo zabo...
Icyorezo cya COVID-19 giterwa n’agakoko ka Coronavirus cyagaragaye mu bigo by’amashuri bitatu byo mu Ntara y’Amajyepfo mu Turere twa Gisagara na Nyamagabe.
GABI Ltd rukoresha toni 25 z’ ibitoki mu gitariro kimwe
Abaturage batandukanye bo mu karere Gisagara bavuga ko uruganda rwega urwagwa ruzwi ku izina RABI Ltd rwabafashije kwiteza imbere.
Bamwe...
Umunyeshuri wo mu karere ka Gisagara usibye ishuri inshuro nyinshi atangwa raporo ubuyobozi bw’ inzego z’ ibanze bukajya kumushaka bukamusubiza mu ishuri.
Ikibazo cy’abana bata amashuri mu karere...
Rwagasana Joseph, umuhinzi ntangarugero w’ urutoki avuga ko buri kwezi rumwinjiriza ibihumbi 300 y’ inyungu.
Uru rutoki ruherereye mu mudugudu wa Bukinanyana akagari ka Bukinanyana mu murenge wa...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 27 Nzeri 2023, nibwo mu Murenge wa Kaniga, mu Karere ka Gicumbi inkuba yakubise abantu 7, umwe ahita apfa.