Abarimu bo mu Karere ka Rwamagana n’abaganga bagaragaje ko batishimiye ibyo ubuyobozi bw’akarere bwabasabye byo gukatwa umushahara wabo angana na 1% yo gutera inkunga ikipe y’umupira w’amaguru ya...
Kuri iki cyumweru, Paul Kagame watanzwe na FPR Inkotanyi asoje ibikorwa byo kwiyamamaza mu karere ka Rwamagana; aho yemereye abatuye aka karere guca burundu bwaki yakomeje kuharanga kuva mu myaka...
Mwiseneza Josiane wakunzwe mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bikamuviramo gutsindira ikamba rya Miss Popularity,yatangaje ko ibyo Meya w’akarere ka Rwamagana yatangaje ko bafunze igitaramo cyo...
Paul Kagame umukandida wa FPR-Inkotanyi yavuze ko adatuye mu Karere ka Rwamagana cyangwa Kayonza twombi two mu Ntara y’Iburasirazuba ahubwo ko atuye ku mupaka wa Rwamagana na Kayonza....
Umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana, Mbonyumuvunyi Radjab,yabwiye abakinnyi b’ikipe ya Muhazi United ko bagomba gutsinda APR FC bazahura muri iki cyumweru muri shampiyona aho yageze aho asaba ufite...
Ikipe ya RWAMAGANA City niyo izakina umukino wa 1/2 na Interforce muri 1/2 cy’irangiza mu cyiciro cya 2, nyuma y’uko habuze icyemeza ko Mbanza Joshua yahawe ikarita y’umuhondo bahura na Nyagatare...
Umugabo witwa Ntezimana Jean Damascene wo mu karere wa Rwamagana, umudugudu wa Nyagatovu Akagari ka Kabasore murenge wa Karenge ukurikiranyweho icyaha cyo kwica umugore we azaburanishwa ejo...
Ikipe ya Rwamagana City FC itarorohewe n’urugendo rwo kubona itike ya 1/2 kubera akagambane k’abashinzwe umupira w’amaguru,yatsinze Interforce FC ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa ½ cy’irangiza mu...
Mu karere ka Rwamagana hafatiwe Nzabihimana Jean Pierre w’imyaka 33 wiyitaga umupolisi akagenda yambura abaturage amafaranga. Yafashwe kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga, afatirwa mu karere...
Abantu batandatu baguye mu mpanuka y’ubwato bwarohamye mu kiyaga cya Mugesera mu Murenge wa Karenge Akarere ka Rwamagana, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu.
Umukino wari guhuza ikipe ya AS Muhanga na INTERFORCE muri 1/2 cy’irangiza cy’imikino yo mu cyiciro cya kabiri wasubitswe ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri,kugira ngo habanze hasuzumwe ubujurire...
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rwamagana icumbikiye umukirisitu wo mu idini Zion Temple ushinjwa kuba yashatse gutwika umukuru w’iryo dini Paul Gitwaza ku mugoroba wa tariki 17/07/2013 mu rusengero...
Abantu 70 bo mu karere ka Rwamagana bafashwe barenze ku mabwiriza agenga icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994,aho bafashwe bari kureba imikino ibanza ya ¼ cy’irangiza...
Abagiraneza bishyize hamwe mu karere ka Rwamagana bashumbushije inka zirindwi, zirimo izikamwa n’izihakana Ndabarinze utuye mu karere ka Nyabihu,uherutse gutemerwa inka ze 12 n’umugizi wa...
Akarere ka Rwamagana kongeye kuza ku mwanya wa mbere mu mihigo y’umwaka wa 2017/2018 n’amanota 84.5%, umwanya nubundi aka karere kari kajeho mu mihigo y’umwaka...
Umugore w’imyaka 22 y’amavuko utaramenyekana amazina, yapfuye ubwo yarimo asengera mu rugo rw’umuturanyi we ruherereye ku Muyumbu mu karere ka Rwamagana.
Abaturage 52 bo mu Murenge wa Munyaga, Akagari ka Nkungu,Umudugudu wa Kabuye mu karere ka Rwamagana, bajyanywe mu Bitaro igitaraganya nyuma yo kunywa ikigage...
Mu gitondo cyo ku munsi w’ejo tariki ya 8 Kanama 2020 ahagana saa mbiri za mu gitondo nibwo mu buvumo bwa Samatare bwo mu Mudugudu wa Samatare mu Kagari ka Kagezi mu Murenge wa Gahengeri mu karere...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buvuga ko Mwiseneza Josiane yabatunguje urugendo ataranabasobanurira umushinga we ngo bamufashe kumushakira abaturage dore ko ngo n’umunsi yari yahisemo byari...
Kuri uyu wa 9 Kanama 2018 nibwo hatangajwe uko uturere twarushanyijwe kwesa imihigo y’ umwaka w’ ingengo y’ imari 2017/18, akarere ka Rwamagana niko niko kaje ku isonga n’ amanota 84,5 kakaba gaciye...
Aya ni amagambo ya Haragirimana Emmanuel, umusore uri mu kigero cy’ imyaka 25, ufungiye muri gereza ya Rwamagana. Uyu musore wafunzwe azira icyaha cy’ ubujura akatirwa igifungo cy’ imyaka ine, ubu...
Mu Murenge wa Kigabiro mu Karere ka Rwamagana, abasore babiri bari mu kigero cy’imyaka 20 na 24 y’amavuko, bakuwe mu cyuzi cyitwa Kimpima.Ni nyuma y’iminsi ibiri barohamye.
Iki cyuzi cya Kimpima...