Nyuma y’uko u Rwanda rusinye amasezerano y’ubufatanye n’ikipe ya Arsenal muri gahunda ya Visit Rwanda, abakinnyi ba Arsenal basuye hamwe mu hamurikirwa bimwe mu bigize umuco Nyarwanda i London mu...
Mu gihe u Rwanda n’inshuti z’ u Rwanda barikwizihiza umunsi mukuru wo kwibohora ku nshuro ya 25 , abahanzi n’abaririmbyi batandukanye barza gutaramira abanyarwanda kuri uyu munsi,hari ubutumwa...
U Rwanda rwaraye rwakiriye abanyarwanda barenga 20 bari bamaze igihe batoterezwa mu gihugu cya Uganda nyuma yo gufatwa mu bagafungwa mu buryo budakurikije...
Ku wa 14 Gicurasi, abasore n’inkumi 20 bagize Itorero Inganzo Ngari bahagurutse mu Rwanda berekeza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitabiriye Iserukiramuco Nyafurika ry’Imbyino rizwi nka Dance...
Mwiseneza Josiane wabaye Nyampinga wakunzwe wa 2019(Miss Popularity) akomeje kubaka amateka, yewe uwavuga ko azagorana kuva mu mitwe ya benshi dore ko nubwo ukwezi kwihiritse irushanwa rya...
Yvonne Chaka Chaka umwe mu bahanzikazi bakomeye mu muziki wa Afrika, kuri ubu akaba ari kubarizwa mu mujyi wa Kigali aho aje kwitabira igitaramo yatumiwemo na KNC, yabwiye abanyamakuru ko u...
Hasigaye iminsi 22 kugira ngo Tour du Rwanda 2017 itangire,benshi mu bakunzi b’umukino w’amagare bategerezanyije amatsiko menshi iri rushanwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda aho rigiye kuba ku...
Umuhanzi Kid Gaju, yongerewe mu mubare w’abahanzi bazaririmba mu gitaramo The Ben ateganya gukorera i Kampala, ahitwa Fusion Auto Spa Munyonyo, ku wa Gatanu, tariki 17 Gashyantare 2017.
Iki...
Mu kiciro cya nyuma hatangajwe abakobwa batandatu begukanye amakamba mu irushanwa rya Miss Global Beauty Rwanda bazaserukira u Rwanda mu marushanwa Mpuzamahanga y’ubwiza akomeye ku...
Nyuma yuko u Rwanda rushubije Uganda umusirikare w’icyo gihugu rwemeza ko yafatiwe ku butaka bwarwo, ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda iravuga ko ifite ibimenyetso ko uwo musilikaRi...
Abanyarwanda 31 bari bafungiye muri Uganda bagejejwe mu Rwanda saa kumi n’igice zo kuri uyu wa 15 Mutarama 2022, banyujijwe ku mupaka wa Kagitumba mu Karere ka Nyagatare. Bagizwe n’abagabo 22,...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP. John Bosco Kabera yasubije mu buryo bweruye ko nta bapolisi b’u Rwanda bari mu gihugu cya RDC nkuko abaturage bacyo baheruka gukora imyigaragambyo...