Umunyarwanda witwa Jean Leonard Teganya, yakatiwe imyaka umunani y’igifungo n’ubutabera bwo muri Leta zunze ubumwe za Amerika kubera guhisha uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Ikipe ya Kiyovu Sports iri mu zirambye cyane mu mupira w’amaguru mu Rwanda, yamaze gusinyana amasezerano y’ubufatanye na kompanyi ya AQUA RWANDA icuruza imibavu (Parfum) hirya no mu gihugu cy’u...
(CDC) Ikigo gishinzwe kugenzura no gukumira indwara cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika , cyatangaje ko cyohereje abaganga 12 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) mu butumwa bwo...
U Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika byatumiwe mu nama izahuza abakuru b’ibihugu birindwi bikize kurusha ibindi ku isi (G7) iteganyijwe kubera mu mujyi wa Biarritz mu Bufaransa mu mpera z’uku...
Igihugu cy’u Rwanda na Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo biri gutegura gukingira indwara ya Ebola abantu benshi bakora ubucuruzi bwambukiranya...
Nyuma y’amasezerano aherutse gushyirwaho umukono hagati y’u Rwanda na Uganda, itsinda ry’abayobozi hagati y’ibihugu byombi rigizwe n’Abaminisitiri, bari kwiga ku nama ihuriweho izaganira ku ishyirwa...
Amarushanwa ya Miss University akunze kubera mu gihugu cya Nigeria, aho hatoranwa abakobwa bagera kuri 50 muri Afurika yose bagahurira mu marushanwa y’ubwiza. Ubu Uwase Sangwa Odylle wabaye...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yashimye uruhare rw’itorero ry’Abadiventisiti b’Umunsi wa Karindwi mu bikorwa byubaka igihugu ndetse n’imikoranire yaryo na Leta y’u...
Sherrie Silver umukobwa w’umunyarwandakazi umaze kuba icyamamare ku Isi mu kubyina imbyino zigezweho, yatewe ishema no guhura na Perezida Kagame inshuro zirenze imwe ahantu hatandukanye mu minsi...
Leffe ni inzoga nziza yatangiye kwengerwa mu Bubiligi kuva muri 1240, ubu ikaba izanwa mu Rwanda na Strong Distribution Company Ltd, bikaba byaranatumye ibiciro bigabanuka ku bakunzi...
Rutahizamu Sugira Ernest uri mu bihe byiza cyane yikaraze mu kirere atsinda igitego cy’akataraboneka cyafashije u Rwanda gutera intambwe ikomeye yo kuba yakwerekeza mu mikino ya CHAN 2020 nyuma yo...
Bharti Airtel yasinye amasezerano na Millicom International Cellular akubiyemo ko Airtel Rwanda Ltd ifata 100% bya Tigo Rwanda Ltd. Tigo yari isanzwe ariyo kompanyi ya kabiri mu bakiriya benshi...
Umukobwa ukomoka mu gihugu cya Botswana , Base Balopi niwe wagizwe Nyampinga wa Africa Clabal 2017 mu gihe umunyarwandakazi Mutoni Fiona yabaye igisonga cya mbere mu irushanwa ryaberaga muri...
Umunyarwandakazi Bakesha Marie Claire wabaga mu Buholande mu mugi wa Amsterdam yiciwe muri iki gihugu, amakuru aravuga ko uyu Bakesha yaba yishwe n’ umukunzi we ukomoka muri Nigeria amuhanuye kuri...
Umuryango wo kwa Ambwene Allen Yessayah wamamaye nka A.Y uritegura kuza gusaba umunyarwandakazi Remy iwabo ku ivuko I Nyamata mu Karere ka Bugesera mu Ntara y’Iburasirazuba.
Kuwa 18 Nzeri 2017...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 11 Mutarama 2018, hamenyekanye ko umunyarwandakazi Gaelle Bella IKIBAGENGA yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bikekwa ko ari abamwishe....
Umuhoza Linda washyizwe mu bakobwa 6 bazaserukira intara y’amajyaruguru mu marushanwa ya Miss Rwanda 2018, yatangaje y’uko aramutse abaye Nyampinga w’u Rwanda yaca burundu amavuta ya Mukorogo akunze...
Ibyavuye mu biganiro umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame na mugenzi we wa Tanzaniya John Magufuli n’uko uyu mwaka wa 2018 urangira ibihugu byombi bitangiye kubaka umuhanda wa gari...