Ikipe ya Arsenal yongeye gushimangira ko ari umwami w’igikombe cya FA Cup gikuze kurusha ibindi mu Bwongereza,ubwo yatsindaga Chelsea ibitego 2-1 kuri uyu wa...
Rutahizamu wa Arsenal akaba na kapiteni wayo, Pierre-Emerick Aubameyang,yatumye benshi mu bakinnyi bagenzi be bigomeka kuko yiyemeje kuva muri iyi kipe mu kwezi kwa Mbere 2020 bituma n’abandi...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, cyatangaje ko hari indi Kipe yo u mugabane w’Ubulayi yasabye ko nayo yakwamamariza Visit Rwanda, nyuma ya Arsenal yasinyanye amasezerano na RDB azarangira hagati...
Ikipe ya Arsenal iri mu bihe bibi muri iyi minsi ishobora gusezerera abakinnyi bagera ku icyenda muri iyi mpeshyi kubera umusaruro wabo ugerwa ku mashyi ndetse ntacyo wafashije iyi kipe mu mwaka...
Ikipe ya Arsenal itari yizewe na benshi mu mukino w’ishyiraniro wo kuri iki cyumweru yakinnye na Tottenham,yatwaye amanota 3 bituma benshi mu bakunzi bayo babyutsa intero y’uko amajyaruguru ya...
Iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa...
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal,Thierry Henry,yemeje ko ashyigikiye cyane umuherwe Daniel Ek nyiri kompanyi ya Sportify ushaka kugura Arsenal miliyari 2 kugira ngo ashyigikire icyifuzo...
Umuherwe waguze Arsenal, Stan Kroenke,yasohoye itangazo rivuga ko atazigera agurisha iyi kipe nubwo abafana b’iyi kipe bari kwigaragambya bamusaba kuyivamo.
Ikipe ya Arsenal yavuye mu rwobo rwo gutsindwa umusubirizo yarimo,itsinda Chelsea ibitego 3-1 mu mukino wo ku munsi wa “Boxing Day”wagenewe gutanga impano.
Urugaga rw’amashyaka ya FCC ruyobowe na’uwahoze ari perezida wa RDC,Joseph Kabila rwamaze kwigaranzura andi mashyaka yose, rutsinda ku bwiganze busesuye mu matora y’abagize sena yabaye ejo ku wa...
Nyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo idasazwe ya Sena iyobowe na Senateri Uwimana Consolée, yasesenguye ibibazo bitandukanye byugarije abasigajwe inyuma n’amateka, abasenateri kuri uyu wa Mbere...
Kuri iki cyumweru,tariki ya 03 Nzeri,Arsenal yatsinze Man United ibitego 3-1 mu mukino wari ugoranye,bituma benshi mu bafana basigarana impaka z’urudaca ku...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu Taliki ya 11 Kanama 2017 nibwo hari hateganyijwe umukino ubimburira iyindi muri shampiyona y’Ubwongereza Premier League aho ikipe ya Arsenal bigoranye yatsindiye...
Umukinnyi wo hagati Cesc Fabregas wakiniye Arsenal na Chelsea yavuze ko nubwo aya makipe yombi yayakiniye ariko yifuza ko iyamuzamuye Arsenal ariyo yifuza ko yatwara igikombe cya FA Cup...
Umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger amaze gutigisa isi ya ruhago atangaza ko nyuma y’uyu mwaka w’imikino atazakomeza gutoza iyi kipe nyuma y’imyaka isaga 22 yari...
Umunyabigwi w’ikipe ya Arsenal,Thierry Henry yatangaje ko gukina muri Arsenal byamworoheye cyane ugereranyije n’uko byari bimeze muri FC Barcelona kubera ko muri iyi kipe yo mu Bwongereza yari...
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 11 Werurwe 2020 nibwo hari hateganyijwe umukino w’ikirarane wagombaga guhuza Manchester City na Arsenal ku kibuga Etihad,ariko wasubitswe kubera ko mu ikipe ya Arsenal...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yifatanyije n’umuryango wa Senateri Bishagara Kagoyire Thérèse,washyinguwe kuri uyu wa Gatanu nyuma yo y’igihe gito apfiriye muri USA azize...
Ikipe ya Arsenal yari imaze imyaka 14 itagera muri 1/4 cy’irangiza cya UEFA Champions League,yabigezeho isezereye FC Porto kuri penaliti 4-2 nyuma y’aho aya makipe yombi atsindiye mu rugo iwayo...
Abanyarwanda batatu bari batsindiye amatike yo kujya kureba umukino wa Arsenal kuri Emirates Stadium binyuze muri poromosiyo za SKOL, bishimiye gushumbushwa amafaranga nyuma y’uko icyorezo cya...
Umukinnyi mushya w’ikipe ya Arsenal,Willian yatangaje ko impamvu nyamukuru yatumye yerekeza igitaraganya mu ikipe ya Arsenal ari uko umutoza Mikel Arteta yamubwiye ko ashaka gutwara UEFA champions...