Umunyabigwi mu mupira w’amaguru,Cristiano Ronaldo akomeje gutera intambwe isubira inyuma kuko yananiwe gutsinda igitego ku mukino wa gatanu wikurikiranya,ibintu byaherukaga kumubaho mu myaka 10...
Byamaze kwemeza n’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku mugabane w’i Burayi ko umukino wa nyuma wa Champions League utzabera I Saint-Peterburg nkuko byari byemejwe ahubwo uzakinirwa I Paris ku kibuga...
Umutoza Pep Guardiola yagaragaye ajya impaka zikomeye n’umuzamu wa Crystal Palace Vicente Guaita wamushegeshe cyane bigatuma anganya na Manchester City 0-0.
Byagaragaye ko aba Banya Espagne...
Agatsiko k’ibyihebe byo mu mutwe wa Al-Shabaab kamaze gutangaza ko ariko kari inyuma y’igitero cya gabwe ku nteko ishingamategeko muri Somalia ,aho umumotari yinjiye akiturikirizaho...
Emeran Noam uvuka kuri Fritz Emeran Nkusi wahoze ari Myugariro w’ikipe y’Igihugu Amavubi yongereye amasezerano mu ikipe ya Manchester United y’abatarengeje imyaka...
Kuri uyu wa gatandatu, ikipe ya Liverpool yakomwe mu nkokora mu rugendo rwayo rwo gushaka igikombe cya Premier League ubwo yahagamwaga na Tottenham Hotspur.
Ikipe ya Jurgen Klopp yabashije...
Manchester City yamuritse ikibumbano(Statue) cya Sergio kun Aguero bishimira imyaka icumi ishize Aguero atsinze igitego cyatumye Manchester City inganya amanota na Manchester United, ariko Man...
Sani Yerima wahoze ari guverineri wa Zamfara akaba n’umukandida ku mwanya wa perezida wa Nigeria, yashyigikiye byimazeyo icyemezo cye cyo gushakana umukobwa w’imyaka 13 mu kiganiro kuri Channels...
Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye abadepite b’iki gihugu kwita ku gushyira amafaranga mu gucunga umutekano w’amashuri aho kuyashora mu guha imfashanyo ya...
Taiwan ivuga ko yagabye mu kirere cyayo indege z’intambara zo gutegeka indege 30 z’intambara z’Ubushinwa ngo zigende zive mu karere k’ubwirinzi bwo mu kirere ka Taiwan.
Ibi byabaye ku wa mbere, ni...
Sadio Mane yasezeranyije abafana ba Liverpool "itangazo ridasanzwe" ku hazaza he nyuma yumukino wa nyuma wa Champions League, ariko hashize icyumweru kimwe iryo tangazo ritarasohoka nubwo...
Abaturage babarirwa mu bihumbi bakozeimyigaragambo mu mujyi wa Washington D.C. no mubindi bice bitandukanye muri Amerika bafite uburakari bwinshi kubera ibitero bagabwaho na bagenzi...
Harry Maguire yaraye akoze ubukwe bwakataraboneka n’umukunzi we wo kuva mu bwana Fern Hawkins.Ubukwe bwabereye mu Bufaransa.
Myugariro Maguire usanzwe ari kapiteni wa Manchester United,yagize...
Ikipe ya Chelsea yamaze kubona umukinnyi Raheem Sterling wakinaga muri Manchester City mu gihe FC Barcelona nayo yatangaje ko yamaze kubona umunya Brazil,Raphinha yari imaze iminsi yirukaho....
Ikipe ya Manchester United yamaze kwemeranya n’ikipe ya FC Barcelona ku kugura umukinnyi wayo Frenkie de Jong ndetse na Ajax yemeye kuyigurisha myugariro Lisandro Martinez.Bose baragurwa miliyoni...
Amakuru yatangajwe na ESPN avuga ko Lacazette yatewe n’uruyuki ruramuruma bishobora gutuma atagaragara mu mukino wa Lyon na Feyenoord.
Uyu wahoze ari rutahizamu wa Arsenal, Alexandre...
Ibihumbi by’abagore b’abanye Congo bateraniye mu Mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru kuri uyu wa 22 Nyakanga 2022 mu myigaragambyo yo kwamagana Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro...
Umutoza Jurgen Klopp wa Liverpool yatangaje ko uyu mwaka amakipe azaruhira ubusa kuko ngo n’ubundi Manchester City izongera kwisubiza igikombe cya shampiyona itwaye 2 yikurikiranya.
Mu mwaka...
Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC, Patrick Muyaya yavuze ko hatangiye ibiganiro bigamije gusuzuma ibimaze iminsi bisabwa n’Abanye-Congo ko Ingabo za Monusco zasubira iwabo kuko ntacyo zabamariye mu...
Rutahizamu wa Barcelona, Pierre-Emerick Aubameyang arifuzwa cyane n’ikipe ya Chelsea ishaka kurekura Umudage Timo Werner.
Aubameyang yavuye muri Arsenal yerekeza muri iyi kipe ya LaLiga muri...
Amatora ya Perezida muri Kenya yabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09 Kanama 2022, nyuma yuko ibiro by’itora bifunguye ku isaha ya saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6h), ni ukuvuga saa kumi n’imwe...