Eric Senderi unzwi nka Senderi International Hit numwe mu bahanzi bakora injyana ya Afro beat mu Rwanda , Senderi aratunga agatoki bamwe mu banyamakuru kudakina indirimbo...
Umuhanzi Eric Senderi , ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bakunze kugira ibyo twakwita udukoryo cyane iyo ari ku rubyiniro asetsa abatari bake. hari ku munsi wo kwibohora tariki 4Nyakanga 2019 ku...
Nzaramba Eric wamamaye nka Senderi International Hit ahamya adashidikanya ko uretse Ngabo Medard wamamaye nka Meddy ntawundi muhanzi wo mu Rwanda umurusha kugira abafana benshi kandi...
Umuririmbyi Senderi International Hit n’andi mazina menshi yiyongeraho aratangaza ko nta gahunda yo gushinga urugo afite mu minsi ya vuba kandi ko hari benshi bamushinyagurira bavuga ko...
Senderi Internationah Hit ufite ibyangombwa byanditseho Nzaramba Eric yatangaje ko yamaze kunoza neza umushinga wo gutanga amagare ku baturage bajyaga kuvoma amazi ya Nyabarongo bakaribwa...
Senderi yatangaje ko ababajwe nuko inzara imwicira i Kigali mu gihe mu kinigi barimo gukina ibihangano bye kandi baba bakwiye kumutumira akaza akaziririmba imbona nkubone mu kimbo cyo kumwumva mu...
Umuhanzi Eric Senderi Hit wamamaye ku mazina atandukanye mu ruhando rwa muzika Nyarwanda, yandikiye ubutumwa burebure Minisitiri mushya w’Umuco na Siporo Nyirasafari Esperance amusaba kuzakora...
Kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Kamena 2019 hagati ya Nyabugogo na Gatsata mu gishanga gihari habereye igikorwa cyateguwe na AEE cyo gukangurira urubyiruko rukorera hafi aho kwipimisha Virus itera...
Nzaramba Eric wamamaye nka Senderi International Hit muri Muzika yamaze gushyira hanze indirimbo yise ‘FPR Yahozeho’. Muri iyi ndirimbo yumvikana agira ati ““FPR yahozeho ariko ntibabimenya iyo baza...
Senderi International Hit na Intore Tuyisenge basubiyemo indirimbo yabo bari barise ‘Ibidakwiriye nzabivuga’ nyuma yo kubisabwa na Perezida Paul Kagame ubwo yari yasuye akarere ka Burera akumva aba...
Umuhanzi mu njyana ya Afro Beat, Eric Senderi Internatioanal Hit aratangaza ko agiye gukora ibitaramo byo gukusanya amafaranga yo kugurira abafana be baturiye Nyabarongo amagare bazajya...
Umuhanzi Senderi International Hit, yakoze impanuka y’imodoka ubwo yerekezaga mu ntara y’Iburasirazuba, akomereka akaboka, imodoka ye irangirika ndetse ajyanwa mu bitaro bya Rwamagana ku mugoroba...
Senderi International Hit yikomye abanyamakuru badacuranga ibihangano bye ababwira ko agikunzwe n’abaturage ndetse ko bamutumira mu bitaramo bitandukanye bityo ngo yibaza impamvu batamukina kandi...
Shaddy Boo, umugore w’umunyabirori uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda ndetse na Senderi International Hits bataramiweho biratinda kubera udushya bazwiho turimo imvugo ya Odeur ya Ocean...