U Rwanda na Singapore basinyanye amasezerano y’ ubufatanye aha abaturage babo uburenganzira bungana mu bucuruzi n’ ay’ ubufatanye mu bijyanye n’ ingendo zo mu...
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro Minisitiri w’Intebe wa Singapore, Lee Hsien Loong watangiye uruzinduko rw’umunsi umwe mu Rwanda.
Abayobozi b’ibihugu byombi bagiranye ibiganiro...
Abashinzwe gutegura amatora mu gihugu cya Singapore kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Nzeli, batangaje ko umugore witwa Halimah Yacob yatsinze amatora ya Perezida wa Singapore nyamara nta matora...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Kamena 2023, Perezida Kagame yakiriye Ravi Menon, Umuyobozi wa Banki Nkuru ya Singapore (Monetary Authority of Singapore - MAS), akaba n’umwe mu...
Perezida wa USA Donald Trump na Kim Jong Un, bari basanzwe barebana ay’ingwe, bamaze kugera mu gihugu cya Singapore aho bagiye gukorera inama y’amateka igamije kureba uko Koreya ya ruguru...
Perezida Paul Kagame, uri mu ruzinduko muri Singapore, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 2 Ukwakira 2022, yahuye n’umuyobozi mukuru wa Formula One Group, Stefano Domenicali.
Perezida...
Rutahizamu Cristiano Ronaldo yashimishije benshi kubera ukuntu yemereye akana gato ko muri Singapore gafana Juventus kuza kakicarana nawe ndetse na bagenzi be ku ntebe y’abasimbura mu mukino...
Ibiganiro Isi yose yiteguye gutega amatwi bizahuza Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump na Perezida wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un wamamaye kubera gukora ibitwaro kirimbuzi...
Abakunda kujya kugura amafunguro bahise batanguranwa ayo mahirwe yo kujya kwica isari bicaye mu ndege ya Airbus A380 iparitse ku kibuga cy’indege kinini mu...
Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe wizihije isabukuru y’ imyaka 93, mu kwezi gushize kwa Gashyantare yanjyanywe kuvurirwa mu gihugu cya Singapore
Umuvugizi wa Perezida Mugabe witwa...
Mu biganiro by’amateka byahuje perezida wa USA Donald Trump na Kim Jong Un wa Koreya bari bamaze amezi arenga 18 bashyamirana ndetse babwirana amagambo akomeye,byarangiye bemeye gushyikirana...
Umugabo witwa Bradley Button ukomoka muri Australia yatunguwe no gusanga amenyo y’umuntu mu byokurya yagaburiwe n’abakozi bo mu ndege ya Singapore Airlines...
Robert Gabriel Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe yatabarutse azize uburwayi bwo mu za bukuru nyuma y’igihe yari amaze ari kuvurirwa muri Singapore.
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump na Perezida wa Koreya ya Ruguru bombi bamaze kugera muri Singapore ahabera ibiganiro byari bimaze iminsi bitegerejwe n’ abatari bake. Aba...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Trump nyuma y’ umunsi umwe yandikiye mugenzi wa Kim Jon Un wa Koreya ya Ruguru amumenyesha ko ibiganiro byagombaga kubahuriza muri Singapore bitakibaye...
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yatangaje ko we na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru Kim Jong un bazahurira muri Singapore tariki 12 Kamena...
Inshingano ziremereye akenshi zijyana n’ umushahara uri hejuru. Inyigo yakozwe na Adzuna yerekanye ko umushara wa Minisitiri w’ intebe wa Singapore ari 1 000 000 y’ amayero ku mwaka ashyiramo intera...
Umukobwa wo mu gihugu cya Singapore yakubiswe urushyi n’umukunzi we mu gihe yariraga yakuye telephone mu mufuka atangira kwifata amashusho benshi bazi nka...