Kuri iki cyumweru, Siriya yatangaje ko yabashije kwikingira ibyinshi mu bisasu byo mu bwoko bwa misile, Isirayeli yari yayirasheho, ibishwanyuriza mu...
Leta y’Uburusiya yabwiye USA ko itagomba kwivanga mu bibazo bya Siriya ngo yohereza ingabo muri iki gihugu kubera ibitero by’intwaro z’ubumara inbazo za Siriya ziherutse gukoresha zikica abantu 70....
Umutwe w’iterabwoba wa leta ya kiyisilamu waraye ushyinguye abategetsi bawo batatu, baguye mu bitero bibiri leta zunze ubumwe za Amerika yagabye mu burengerazuba bwa...
Umutwe wihurije hamwe mu kurwanya umutwe w’iterabwoba wa Leta ya kiyisilamu uyobowe na Leta zunze ubumwe za Amerika, wamaze gutangaza ko wishe abarwanyi w’uwo mutwe bagera kuri 85.
Uyu mutwe...
Abakuru b’ibihugu by’Uburusiya, Vladimir Poutine n’uwa Turukiya, Recep Tayyip Erdogan bumvikanye kuri uyu wa kane tariki ya 29 Nzeri 2017 ko bagiye gukomeza imigenderanire myiza kugirango bashobore...
Impirimbanyi muri Siriya zivuga ko abarwanyi b’umutwe wa leta ya Kiyisilamu bishe abantu 128 mu mujyi wa Qaryatayn mbere yo kuwamburwa n’ingabo za guverinema.
Ingabo za guverinema hamwe...
Perezida wa US Donald Trump yabwiye Abarusiya ko hari imigambi myinshi bafite ndetse biteguye kubaha isomo bo na Leta ya Syria kubera intwaro z’ubumara baherutse gukoresha bakica abantu mu gace ka...
Brusiya batuye mu ntara ya Crimea biriwe bigaragambya batwika amafoto amafoto ya Donald Trump,Emmanuel macron na Theresa May bahanganye n’Uburusiya na...
Vassily Nebenzia uhagarariye Uburusiya mu muryango w’Abibumbye yatangaje ko hari amahirwe menshi y’uko Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bishobora kuzakozanyaho bapfa...
Ibitero by’intege z’intambara za Leta zunze ubumwe z’Amerika byahitanye umuyobozi wa Leta ya Kiyisilamu mu burasirazuba bwa Siriya nkuko byatangajwe n’ubuyobozi bw’igisirikare cy’Amerika kuri iki...
Abasirikare ba Turukiya bahanuye indege ya 3 y’intambara y’ingabo za Siriya mu ntara ya Idlib kuri uyu wa kabiri nyuma y’ubushyamirane buri hagati y’ingabo z’ibi...
Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko uwari umuyobozi ukomeye mu mutwe wa Leta ya Kiyisilamu mu murwa mukuru Raqqa uwo mutwe wagize umurwa mukuru wawo, muri Siriya, yahitanywe n’ibitero...
Abayobozi batandukanye b’umupira w’amaguru bakomeje gushaka cyane Christian Atsu wakiniye Chelsea na Newcastle muri Premier League uheruka kugwirwa n’ibikuta by’amazu biturutse ku mutingito wibasiye...
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yahamagariye abakorerabushake bo mu mahanga kuza kurwanya ingabo za Ukraine.
Mu nama y’abagize akanama gashinzwe umutekano w’Uburusiya, yavuze ko ashaka ko...
Nyuma y’ uko igihugu cy’ u Butaliyani gitangaje ko kigiye gufunga ibyambu byakira abimukira kikafunga ubwato butabara abimukira abaminisitiri b’ ubutegetsi mu Bufaransa, u Butaliyani n’ u Budage...
Ubuyobozi bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda buvuga ko buzi neza ko Abanyarwanda 5 b’urubyiruko rw’Abayisilamu bari mu bikorwa by’iterabwoba hirya no hino ku isi.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa...
Uwahoze ari umukinnyi wa Chelsea na Newcastle, Christian Atsu ari mu bantu bagwiriwe n’ibikuta nyuma y’umutingito ukomeye wo ku gipimo cya 7.8 watikije Turukiya na Siriya.
Uyu munya Ghana...
Uhagarariye rutahizamu Christian Atsu yatangaje ko bashyize babona umurambo we nyuma y’igihe kinini bamushakisha mu bikuta by’inzu yabagamo byasenywe n’umutingito wibasiye Turkiya na Siriya,...
Umubiri wa rutahizamu Christian Atsu,uheruka guhitanwa n’umutingito wibasiye Turkiya mu byumweru bibiri bishize wamaze kugezwa iwabo muri Ghana.
Indege yari iwuzanye yageze i Accra mu ijoro ryo...
Abafana ba Besiktas batumye umukino bari bagiye gukina na Antalyasport utangira utinze kubera ibipupe bajugunye mu kibuga ku bsinshi mu rwego rwo guha impano abana bato bagizweho ingaruka...
Perezida w’Ubufaransa Francois Hollande yatangaje ko Leta ya Kisilamu izakubitwa hasi mu minsi ir’imbere.
Ibyo yabitangarije mu rugendo rw’umunsi umwe, yagiriye mu gihugu cya Iraki. Ni uru...
Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yasabye ko nihagira ikibazo kiba kuri iki gihugu bizaryozwa abacamanza.
Ibi Perezida Trump abitangaje nyuma y’ aho umucamanza wo muri...