skol
Kigali

Search: Spice (51)

Amafoto umuhanzikazi wo muri Uganda ’Spice Diana’ yashyize hanze yambaye utwenda two kurarana yateje...

Abafana b’umuhanzikazi Spice Diana, umwe mu bakobwa bakunzwe kandi bakurikiranwa cyane mu gihugu cya Uganda, bacitse ururondogoro nyuma yuko abasangije amafoto ye ari mu cyumba...
27 April 2020 6615 0

Diamond yateye utwatsi abari kuvuga ko aryamana na Spice Diana

Mu kiganiro n’itanagazamakuru Diamond yakoreye mu gihugu cya Uganda, yavuze ko Spice Diana ari inshuti ye amufata nka mushiki we, bityo ko ibintu byo kuryamana nta birimo. Umuhanzi Diamond uri...
14 July 2023 551 0

Spice Diana yahaye uruhushya abafana be rwo kumukora ku mabere [AMAFOTO]

Spice Diana yatunguye abantu benshi mu gitaramo ubwo yasabaga umusore ko yaza akamufata ku mabere bamwe bagatinya .
6 August 2018 2168 0

Umuhanzikazi Spice Diana yavugiye kuri TV umubare w’abagabo amaze gusambana nabo

Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Uganda ukundwa n’abagabo benshi cyane, Hajarah Namukwaya uzwi nka Spice Diana yavugiye kuri TV yitwa Spark TV ko amaze gusambana n’abagabo bari munsi ya...
29 May 2019 4392 0

Isomere Ubuhamya butangaje bwa Mel B wahoze aririmba mu itsinda rya Spice Girls

Melanie Brown ni umwe mu bakobwa 5 bari bagize itsinda rya Spice Girl, yanamenyekanye nk’umukemurampaka mu irushanwa rya America’s Got Talent. Muri iyi minsi hari ubuhamya yashyize ahagaragara...
6 April 2017 2514 0

Umuyobozi wari ushinzwe itumanaho mu biro bya Trump yeguye

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....
21 July 2017 357 0

Umukinnyi wa Real Madrid yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ukuntu yihinduye nk’umugore [AMAFOTO]

Myugariro Real Madrid yatije muri Real Sociedad witwa Theo Hernandez yihinduye nk’umugore mu mashusho yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram aho yihinduye nk’umugore witwa Emma Bunton wahoze...
27 October 2018 2867 0

Umuhanzikazi muri Uganda yambuwe inkweto ku rubyiniro n’umushyushya rugamba [AMAFOTO]

Umuhanzikazi Spice Diana yambuwe inkweto n’umusore witwa MC Kats ukora akazi ko gususurutsa abantu.
22 October 2018 1830 0

Indirimbo The Ben yakoranye na Rema iri guhatanira ibihembo bikomeye muri Uganda

Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy...
16 April 2021 777 0

Umunya Kenya yashyingiranwe n’umukecuru umurusha imyaka 35 yakoye idolari rimwe

Umunya Kenya witwa Bernard Musyoki yahuriye n’Umunyamerikakazi witwa Deborah Jan Spicer w’imyaka 70, kuri Facebook mu 2017, barakundana birangira barushinze aho yamukoye idolari...
12 March 2024 2545 0

Grammy Awards 2024: Abegukanye ibihembo n’abo bari bahatanye

Taylor Swift, Miley Cyrus, SZA na Billie Eilish bari mu begukanye ibihembo bikuru mu birori bya 2024 Grammy Awards.
5 February 2024 1103 0

Umukobwa wari gufatanya na Weasel muri Goodlife yabyamaganiye kure

Spice Diana byavugwaga ko yari kuzafatanya na Weasel muri Goodlife yatangaje ko bitashoboka. Hashize iminsi mu bitangazamakuru byo muri Uganda bitangaza ko Spice Diana azasimbura nyakwigendera...
21 March 2018 663 0

Dore uko ibyamamare bitandukanye ku isi byasoje umwaka wa 2023 n’ubutumwa batanze

Gusoza umwaka ugatangira undi, ni inzozi za buri wese ariko na none hari abatabasha kuzikabya Rurema akabisubiza kare. Ibyamamare hirya no hino ku isi, bikomeje gushimira Imana, bishimira ibyo...
1 January 2024 1423 0

Knowless na Meddy batahiye amara masa muri African Entertainment Awards USA

Ku nshuro ya karindwi ibihembo bya African Entertainment Awards USA 2021 bitangwa , abahanzi babiri Meddy , Butera Knowless bari bahagarariye u Rwanda babuze amahirwe batahira amara...
27 December 2021 827 0

Urban Boys, Meddy, The Ben na Dj Phil Peter bari mu bahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards...

The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA. The Ben ari...
13 August 2017 896 0

Diamond yashimangiye ubushuti afitanye n’umuhanzikazi wo muri Uganda

Umuhanzi Diamondi Platunmz umaze kubaka izina mu muziki w’Akarere kibiyaga bigari ,ubu uri kubarizwa muri Uganda aho biteganyijwe ko aje gukorana indirimbo n’umuhanzikazi Spice Diana w’inshuti ye...
13 July 2023 1097 0

Trump yahigiye ko ibyo Obama yubatse nta buye rizasigara rigeretse ku rindi

Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa gusimbura Barack Obama muri White House yatangaje ko nagera muri Perezidansi ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika azakora uko ashoboye agahindura buri kimwe...
2 January 2017 2644 0

Miss Hannah yaciye amarenga ku rukundo rwe na Eddy Kenzo

Miss Hannah Karema wegukanye ikamba rya Miss Uganda ry’uyu mwaka nyuma y’inkuru zavuzwe ko ari murukundo n’umuhanzi Eddy Kenzo yaciye amarenga ko ari we muhanzi wo mu gihugu cya Uganda yemera...
3 June 2023 1357 0

Umwana wa David Beckham yashyize hanze ifoto ya nyina yambaye ubusa hejuru [AMAFOTO]

Umuhungu mukuru wa David Beckham witwa Brooklyn, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyo yakoze ashyira hanze ijoto ya nyina Victoria yambaye ubusa...
17 September 2018 2469 0

Victoria Beckham yashyize hanze amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga [AMAFOTO]

Umunyamideli ukomeye muri USA usanzwe ari n’umugore wa David Beckham,Victoria Beckam yifotoje amafoto menshi afite igikapu cyanditseho izina rye yaciye ibintu hirya no...
11 September 2018 2414 0

Gen. Muhoozi yahishuye abahanzi nyarwanda bazitabira ikirori cy’isabukuru ye

Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umujyanama wihariye akaba n’imfura ya Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ,yahishuye abahanzi bazitabira ikirori cyo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko y’imayaka...
27 March 2023 2355 0

Umuhanzikazi Mel B yifotoje yambaye ubusa buri buri ahoberanye n’umugabo mu mazi [AMAFOTO]

Umuhanzikazi w’Umwongereza Melanie Janine Brown uzwi nka Mel B yavugishije benshi amangambure kubera amafoto yashyize hanze yambaye ubusa ari guhoberana n’umugabo mu...
2 August 2018 3577 0

Diana wavuzweho kuryamana na Weasel yamwihakanye

Umuhanzikazi Space Diana wo muri Uganda wavuzweho kuryamana n’umuhanzi Weasel yamwihakanye avugako ari inshuti ye mu bijyanye n’akazi gusa.
9 July 2018 1276 0

Reba amafoto agaragaza inyubako y’ igikomangoma Harry atuyemo n’umufasha we Meghan

Harry n’umufasha we Meghan bafite inyubako igezweho iherereye I Kensington Palace barimo kubamo mu gihe banitegura kuza mu kwezi kwa buki mu bihugu By’Africa, aho binavugwa ko bashobora kuzasura...
25 May 2018 3196 0

Dore amafoto agaragaza uburanga bw’ umunyarwandakazi uri mu rukundo na Ykee Benda

Umuhanzi Ykee Benda ari mu rukundo n’umunyarwandakazi witwa Divine nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umukunzi we Julie.
28 April 2018 6706 0

Umuhanzi yakoze isuku kumva ya nyina kugira ngo amuhe umugisha

Umuhanzi Mathias Walukaga ukorera umuziki we muri Uganda yasuye imva y’umubyeyi we ndetse ayikorera isuku mu rwego rwo kugirango nyakwigendera azamuhe umugisha igitaramo cye...
13 April 2018 1643 0

Amerika: FBI yemeje ko iri mu iperereza ku kibazo cya Trump n’ u Burusiya buvugwaho kwivaganga mu matora

James Comey, umuyobozi wa FBI Umuyobozi w’ ibiro bya Leta zunze ubumwe z’ Amerika bishinzwe ubutasi n’ iperereza FBI, ku nshuro ya Mbere yemeje ko FBI irimo gukora iperereza ku bivugwa ko igihugu...
21 March 2017 1110 0

The Ben , Meddy , Bruce Melody bahawe ibihembo bikomeye muri HiPipo Music Awards

Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda. Igitaramo cyo gutanga ibi...
18 March 2018 1699 0

Weasel yahishyuye umuhanzi uzasimbura Radio uko azaba ameze

Nyuma yuko nyakwigendera Mowzey Radio waririmbaga mu itsinda ‘Goodlyfe’ amaze kwitaba Imana, amakuru yakomeje kugenda acicikana hirya no hino avuga ko umuhanzi Pallaso ariwe ugiye gusimbura Radio...
21 February 2018 934 0

US: Ambasaderi wa Amerika muri UN yavuze ko Perezida Trump yemera ihindagurika ry’ikirere

Uhagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’Abibumbye, Nikki Haley, yavuze ko perezida Donald Trump yemera ko ihindagurika ry’ikirere ririho kandi yemera ko ibikorwa bya muntu bifite...
5 June 2017 414 0
0 | 30