Abafana b’umuhanzikazi Spice Diana, umwe mu bakobwa bakunzwe kandi bakurikiranwa cyane mu gihugu cya Uganda, bacitse ururondogoro nyuma yuko abasangije amafoto ye ari mu cyumba...
Mu kiganiro n’itanagazamakuru Diamond yakoreye mu gihugu cya Uganda, yavuze ko Spice Diana ari inshuti ye amufata nka mushiki we, bityo ko ibintu byo kuryamana nta birimo.
Umuhanzi Diamond uri...
Umuhanzikazi ukomoka mu gihugu cya Uganda ukundwa n’abagabo benshi cyane, Hajarah Namukwaya uzwi nka Spice Diana yavugiye kuri TV yitwa Spark TV ko amaze gusambana n’abagabo bari munsi ya...
Melanie Brown ni umwe mu bakobwa 5 bari bagize itsinda rya Spice Girl, yanamenyekanye nk’umukemurampaka mu irushanwa rya America’s Got Talent. Muri iyi minsi hari ubuhamya yashyize ahagaragara...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017 nibwo Sean Spicer wari umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida wa Amerika (USA), Donald Trump yeguye ku mirimo ye ....
Myugariro Real Madrid yatije muri Real Sociedad witwa Theo Hernandez yihinduye nk’umugore mu mashusho yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram aho yihinduye nk’umugore witwa Emma Bunton wahoze...
Indirimbo ‘This is Love’ ya Rema Namakula na The Ben iri guhatana mu byiciro bibiri by’ibihembo ‘Zzina Awards’ bitangwa na radiyo ikomeye muri Uganda ‘Galaxy...
Umunya Kenya witwa Bernard Musyoki yahuriye n’Umunyamerikakazi witwa Deborah Jan Spicer w’imyaka 70, kuri Facebook mu 2017, barakundana birangira barushinze aho yamukoye idolari...
Spice Diana byavugwaga ko yari kuzafatanya na Weasel muri Goodlife yatangaje ko bitashoboka.
Hashize iminsi mu bitangazamakuru byo muri Uganda bitangaza ko Spice Diana azasimbura nyakwigendera...
Gusoza umwaka ugatangira undi, ni inzozi za buri wese ariko na none hari abatabasha kuzikabya Rurema akabisubiza kare. Ibyamamare hirya no hino ku isi, bikomeje gushimira Imana, bishimira ibyo...
Ku nshuro ya karindwi ibihembo bya African Entertainment Awards USA 2021 bitangwa , abahanzi babiri Meddy , Butera Knowless bari bahagarariye u Rwanda babuze amahirwe batahira amara...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Perezida Donald Trump uherutse gutorerwa gusimbura Barack Obama muri White House yatangaje ko nagera muri Perezidansi ya Leta zunze ubumwe z’ Amerika azakora uko ashoboye agahindura buri kimwe...
Miss Hannah Karema wegukanye ikamba rya Miss Uganda ry’uyu mwaka nyuma y’inkuru zavuzwe ko ari murukundo n’umuhanzi Eddy Kenzo yaciye amarenga ko ari we muhanzi wo mu gihugu cya Uganda yemera...
Umuhungu mukuru wa David Beckham witwa Brooklyn, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera ibyo yakoze ashyira hanze ijoto ya nyina Victoria yambaye ubusa...
Harry n’umufasha we Meghan bafite inyubako igezweho iherereye I Kensington Palace barimo kubamo mu gihe banitegura kuza mu kwezi kwa buki mu bihugu By’Africa, aho binavugwa ko bashobora kuzasura...
James Comey, umuyobozi wa FBI
Umuyobozi w’ ibiro bya Leta zunze ubumwe z’ Amerika bishinzwe ubutasi n’ iperereza FBI, ku nshuro ya Mbere yemeje ko FBI irimo gukora iperereza ku bivugwa ko igihugu...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben , Bruce melody , Meddy bahawe ibihembo bikomeye mu irushwanwa rya HiPipo Music Awards riba buri mwaka rikabera mu gihugu cya Uganda.
Igitaramo cyo gutanga ibi...
Uhagarariye Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Muryango w’Abibumbye, Nikki Haley, yavuze ko perezida Donald Trump yemera ko ihindagurika ry’ikirere ririho kandi yemera ko ibikorwa bya muntu bifite...