Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Amerika Antony Blinken yavuze ko urukurikirane rw’imodoka z’abadiplomate b’icyo gihugu rwarashweho muri Sudan ku wa mbere ariko nta wakomeretse.
Ari mu Buyapani,...
Gen Yasser Al-Atta wo mu ngabo za Sudani yahaye gasopo Perezida William Ruto wa Kenya, amusaba ko niba yumva yiyizeye yakohereza Ingabo z’igihugu cye zikajya guhangana n’iza...
Mu nama yahuje abaperezida batandukanye bagize umuryango wa Afurika yunze ubumwe yateraniye mu Misiri biga ku bibazo bya politiki biri mu bihugu bya Sudani na Libya, bemeje ko abasirikare...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Abanyarwanda bose bari muri Sudani bafashijwe kuvayo, hasigaye yo babiri basigaye ku bushake...
Ikipe y’ u Rwanda Amavubi yatsinze Sudan ibitego 2-1, mu mukino wa gicuti wabaye kuri uyu wa Mbere taliki ya 07 Kanama kuri stade ya Kigali I Nyamirambo.
Uyu mukino amakipe yombi yawuteguye mu...
A Washington-based watchdog has criticised Kenyan and Ugandan governments for failing to investigate South Sudanese leaders’ purchases of luxury homes in Nairobi and Kampala...
Minisitiri w’ingabo wa Sudani, Lieutenant-General Awad Mohamed Ahmed Ibn Auf, amaze gutangariza isi yose binyuze kuri TV ya Leta ko igisirikare cya Sudan cyakuye ku buregetsi Omar al Beshir...
Igihugu cya USA cyasabye igisirikare cya Sudan cyahiritse ku butegetsi Omar al bashir ku munsi w’ejo ko gikwiriye gushyikiriza abaturage ubuyobozi bw’inzibacyuho.
Visi Perezida wa Sudani y’Epfo Riek Machar yatangaje kuri televiziyo y’igihugu ko bamupimye bakamusangamo coronavirus, kimwe n’abandi bantu benshi mu bo hafi...
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango uhuza za guverinoma ugamije iterambere, IGAD, banzuye kohereza Perezida William Ruto wa Kenya, Salva Kiir wa Sudani y’Epfo na Ismail Omar Guelleh wa Djibouti muri...
South Sudan, the world’s newest country, has been mired in a devastating civil war for more than four years, with tens of thousands of people killed, nearly four million displaced and its economy...
Abayobozi bo mu bihugu bigize umuryango wa IGAD (Djibouti, Ethiopia, Kenya, Sudani) bahuriye i Addis Abeba kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Nyakanga, baganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’inzira...
Ku munsi wejo hashize tariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo.