Mu nama yahuje abaperezida batandukanye bagize umuryango wa Afurika yunze ubumwe yateraniye mu Misiri biga ku bibazo bya politiki biri mu bihugu bya Sudani na Libya, bemeje ko abasirikare...
Ku munsi wejo hashize tariki ya 10 Nzeri, mu Ntara ya Haut-Uele, Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) zakozanyijeho n’ingabo za Sudani y’Epfo.
Abayobozi bo mu bihugu bigize umuryango wa IGAD (Djibouti, Ethiopia, Kenya, Sudani) bahuriye i Addis Abeba kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Nyakanga, baganira ku ishyirwa mu bikorwa ry’inzira...
Visi Perezida wa Sudani y’Epfo Riek Machar yatangaje kuri televiziyo y’igihugu ko bamupimye bakamusangamo coronavirus, kimwe n’abandi bantu benshi mu bo hafi...
Guverinoma ya Sudani yamaganye iya Kenya yakiriye mu cyubahiro umuyobozi w’umutwe witwaje intwaro wa RSF (Rapid Support Forces), General Hamdan Dagalo uzwi nka...
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yateye utwatsi ibaruwa Rayon Sports yari yayandikiye iyisaba ko umukino wo kwishyura izakirwamo na Al Hilal-Club mu ijonjora rya mbere rya...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa mbere, yashyizeho intumwa yihariye kuri Sudani, mu rwego rwo kwongera kugerageza bundi bushya, kwumvisha abasirikare bahanganye ko bagomba gushyira intwaro...
Muri Sudani, imirwano irakomeje hagati y’ n’igisirikare cya Sudani n’abarwanyi bo mu mutwe wa ‘Forces de Soutien Rapide (FSR)’ uvuga ko uharanira impinduka.
Umupolisi w’Umunyarwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Felly Bahizi Rutagerura, yahawe inshingano ku mugaragaro zo kuba Umuyobozi mushya ushinzwe ibikorwa bya Polisi iri mu butumwa...
Ku wa 24 Ukwakira uyu mwaka, Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe Abapolisi b’u Rwanda 239 bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bakorera mu Ntara ya Malakal mu rwego rwo...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 08 Kanama 2017 nibwo itsinda ry’abasirikire 120 b’u Rwanda bageze mu mujyi wa Juba mu gihugu cya Sudani y’Epfo aho bagiye mu butumwa bw’amahoro.
Bahageze bafite...
Leta zunze ubumwe z’Amerika kuri uyu wa kane yatangaje ko yiteguye kuba umuhuza mu biganiro hagati ya leta ya Sudani n’abayigometseho. Gusa irasaba ko babanza kubahiriza amasezerano yo guhagarika...
Muri Sudani y’Epfo Coronavirus iravuza ubuhuha aho mu munsi umwe gusa yahitanye Abajenerali batatu aribo Gen David Manyot Barach, Gen Elijah Alier Ayom na Gen Mabior...
Igisirikare cya Sudani cyahagaritse abaturage bacyo bagera ku 160 barimo abanyamahanga babiri ku mupaka icyo gihugu gihana na Libiya. Bavuga ko bari bagiye mu gihugu baturanye cya Libiya gukora...
Abategetsi muri iki gihugu bavuga ko Minisitiri John Luk Jok yapfuye mu gitondo uyu munsi kuwa kabiri ari iwe mu rugo nyuma yo gufatwa n’indwara mu ijoro ryacyeye rya tariki ya 01 Kamena...