Perezida wa Turukiya yongeye kuvuga ko adashyigikiye ko Finland na Suède (Sweden) byinjira mu muryango w’ubwirinzi bwa gisirikare bw’Uburayi n’Amerika (OTAN/NATO) - nyuma y’amasaha ibyo bihugu bivuze...
Daniel Lubwama Kigozi umuraperi ukomeye cyane muri Uganda uzwi ku izina rya Navio, yasezeranye n’umukunzi we Matilda Nasimbwa bari bamaze igihe kinini mu rukundo mu muhango wabereye muri...
Minisitiri y’Ingabo ya Suède yatangaje ko indege y’ubutasi y’u Burusiya kuwa Gatanu yagurutse mu kirere cy’icyo gihugu cyo mu Majyaruguru y’u Burayi, nta ruhushya...
Robert Ssentamu Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine uri mu biyamamariza kuyobora Uganda, yahungishirije umuryango we muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gihe habura iminsi ibarirwa ku ntoki ngo muri...
Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda kuri uyu wa 27 Mata 2022, bwakiriye Jean Paul Micomyiza uzwi nka Mico, woherejwe na Suède kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside...
Impunzi 33 zari zarazanwe mu Rwanda zivuye muri Libya, zikaba zari zimaze igihe ziri mu nkambi ya Gashora iherereye mu Karere ka Bugesera, zahavanwe kuri uyu wa kabiri zijyanwa mu bihugu bya Suède...
Umusirikare w’Amerika Travis King, mu kwezi kwa Nyakanga (7) uyu mwaka wahungiye muri Koreya ya Ruguru avuye muri Koreya y’Epfo, ubu ari mu maboko y’Amerika nyuma yuko yirukanwe na Koreya ya Ruguru,...
Umutoza Karekezi Olivier wa Rayon Sports ikipe bivugwa ko ariyo afite abafana benshi mu gihugu cy’u Rwanda, yahishuye icyo yakundiye umugore we kuri ubu babana, anakomoza ku nkumi yigeze gutereta...
Mu ijoro ryakeye nibwo hasohotse ibyemezo by’inama y’abaminisitiri yari yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika,yanzuye ko abahoze ari Abaminisitiri Dr. Diane Gashumba na Prof Shyaka...
Umukinnyi Rafael York ukina mu kibuga hagati asatira izamu ntabwo azagaragara mu mukino u Rwanda ruzakirwamo na Kenya kuri iki Cyumweru, tariki ya 14 Ugushyingo 2021, nyuma y’uko yasize bagenzi be...
Ikipe ya Kiyovu Sports yandikiye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA irega APR FC ko yakinishije Byiringiro Lague kandi yaramaze gutangazwa nk’umukinnyi mushya wa Sandvikens IF yo...
Ikipe ya Rayon Sports yatangiye kurambagiza umutoza mushya nyuma yo kugenda kwa Masudi Djuma weguye ku wa gatandatu taliki ya 08 Nyakanga nyuma yo guhabwa igikombe cya shampiyona bari bamaze...
Kuri uyu wa 3 Kanama 2017, benshi mu Banyarwanda baba mu bihugu byo hanze, batangiye gutora Perezida wa Repubulika.Ni mu gihe mu gihugu cy’u Rwanda amatora ateganyijwe ku munsi w’ejo, tariki ya 04...
Kabarira Edith, umugore wa Dr Frank Habineza, yavuye i Burayi ahita atangira gufasha umugabo we mu bikorwa byo kwiyamamaza, ubwo yari Kimironko aho yatoreye yavuze ko naba abaye First lady...
Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Democratic Green Party of Rwanda), Dr Frank Habineza wari mu bahatanira kuyobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi avuga ko...
Umutegetsi mukuru wa Koreya ya ruguru Kim Jong-un yatereye umusozi wa mbere mu burebure muri iki gihugu atwaye ifarashi, nkuko bitangazwa n’igitangazamakuru cya...