skol
Kigali

Search: Switzerland (56)

World Economic Forum uyu mwaka izabera muri Switzerland

Inama Mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’ Isi World Economy Forum ihuza impuguke n’ abayobozi batandukanye barimo Abanyapolitiki, imiryango itari iya Leta n’ abandi uyu mwaka izabera i Davos,...
18 January 2018 968 0

Ikiraro cyo mu kirere kirekire cyane ku isi cyatangiye kugendwaho(AMAFOTO+VIDEO)

Ikiraro gifite uburebure bukabakaba metero 500 z’uburebure, bikaba kandi bivugwako ari cyo kiraro kirekire kibayeho ku isi, cyatangiye gukoreshwa ku itariki ya 29 Nyakanga 2017, ubu magingo aya...
1 August 2017 2808 0

Muri uku kwezi kwa kabiri hagiye gufungurwa indi Resitora abantu bazajya binjiramo babanje gukuramo imyenda yabo yose...

Ni inkuru idasanzwe ku bantu batuye ibice bitandukanye by’isi, kubera imico yabo itabemerera kujya ku mugaragaro bambaye ubusa, ariko nanone iyi ni inkuru isanzwe ku baturage bo muri Switzerland...
11 February 2020 7453 0

Ibigwi by’abatoza 3 bagomba gutoranywamo umwe uzatoza Amavubi, umwe amaze imyaka 7 nta kipe afite

Batangiye ari abatoza 52, nyuma y’igihe gito 44 barasezerewe hasigaramo 8 gusa, no muri abo 8 kuri iki cyumweru tariki ya 19 Gashyantare FERWAFA yatangaje ko 5 basezerewe hasigayemo 3 gusa, abo...
21 February 2017 1980 0

Euro 2020: What matches to watch this weekend?

UEFA Euro 2020 started on 11 June and it has already delivered great action. The best thing is that it will get better and better until 11 July. This weekend will be packed with exciting...
18 June 2021 521 0

Hakozwe urutonde rw’uko amakipe arushanwa umuvuduko mu busatirizi muri Euro 2020

Imikino ya Euro igeze mu mahina aho amakipe akomeje kubona itike andi agataha aho kuri uyu mugoroba haramenyekana amakipe ya nyuma yinjiye muri 1/16 cy’irangiza. Nubwo Ubwongereza bwayoboye...
23 June 2021 3234 0

Euro 2020:Cristiano Ronaldo yakoreye amateka ku Bufaransa ageza Portugal muri 1/16 [Ingengabihe ya...

Umunya Portugal,Cristiano Ronaldo yafashije Portugal kunganya n’Ubufaransa ibitego 2-2 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda F rya Euro 2020 bituma anakora agahigo ko kuba umukinnyi watsindiye ibitego...
24 June 2021 3291 0

Umwimukira yarongoye umugore w’ umuherwe ahita aba umumiliyoneri

Umusore w’ imyaka 25 ukomoka Bamako mu gihugu cya Mali wahunze igihugu cye kavukire, akajya mu Burayi yarongoye umugore ukomoka mu Busuwisi ahinduka umumiliyoneri. Sekou Oumar, umusore wize...
11 March 2018 9241 0

‘Byari iby’ igiciro guhura na Perezida Kagame’ Trump

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yatangaje ko guhura na Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame byari iby’ igiciro. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26...
26 January 2018 2336 0

Karen Ibasco yagizwe Miss Earth, Igisabo ataha amara masa

Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
4 November 2017 1015 0

Ubusuwisi buhagamye Brazil ihabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi

Ikipe y’igihugu ya Brazil ihabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi cy’uyu mwaka,ihagamwe n’Ubusuwisi banganya igitego 1-1 mu mukino wo mu itsinda E.
17 June 2018 939 0

Icyo wamenya kuri Tombola y’amatsinda y’igikombe cy’isi iraba uyu munsi

• Uyu munsi nibwo haramenyekana amatsinda y’igikombe cy’isi • Tombola irabera I Moscow saa kumi n’imwe
1 December 2017 338 0

FIFA yatangaje uko amatsinda y’igikombe cy’isi azaba ateye

FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
1 December 2017 1019 0

Cristiano Ronaldo yegukanye ibindi ibihembo 2 bikomeye

Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid yongeye kwigaranzura ibindi bihangange yegukana ibihembo 2 muri iki cyumweru harimo igihembo cy’umukinnyi mwiza ku mugabane w’Iburayi mu...
29 December 2017 318 0

Urutonde rwa telefone 10 zihenze ku isi mu mwaka wa 2018

Telefone zihenze ku isi mu mwaka wa 2018 turasangamo Diamond Rose iPhone, Supreme Goldstriker iPhone, iPhone 3G King’s Button, GoldVish Le Million ndetse n’ izindi. Telephone zigezweho...
23 March 2018 2866 0

Mu mafoto reba urutonde rw’abakobwa 10 b’ibyamamare babi kurusha abanda ku isi[AMAFOTO]

Ubwiza si ingenzi cyane mu murimo wose waba ukora mugihe ufite impano, ubuhanga, ubwenge ndetse uzi neza gukora umurimo wawe neza uko bigomba. Hari abantu b’ibyamamare kandi bazwi cyane ku isi,...
20 May 2018 6542 0

Hasohotse ikarita igaragaza ibihugu bibi umuntu adakwiriye gusura

Abahanga mu by’ubukerarugendo bashyize hanze ikarita igaragaza ibihugu bibi cyane umuntu atakwifuza gusura ndetse n’ibihugu buri muntu yageramo akishimira...
17 November 2018 2873 0

Miss Igisabo ntiyabonetse mu bakobwa 5 bahawe imidali yishimwe

Miss Uwase Hirwa Honorine uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Earth 2017 ntiyabashije kwegukana umudali muri itanu yahawe abakobwa biyerekanye neza mu mwambaro uranga umuco wabo.Ba...
31 October 2017 1664 0

Uko amakipe y’Iburayi azahura muri Playoffzs zo gushaka itike y’igikombe cy’isi byamenyekanye

Mu kanya gashize nibwo habaye tombola y’uko amakipe yabaye aya 2 mu matsinda yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi ku mugabane w’I Burayi agomba guhura mu mikino ya kamarampaka kugira...
17 October 2017 1052 0

Reba ibihugu bifite Passports zikomeye ku isi

Muri iki gihe abantu benshi bakunda kuzenguruka ibihugu bakenera ibyangombwa bibemerera kwinjira mu gihugu kimwe bajya mu kindi ,aho bitewe n’igihugu ukomokamo passport igufasha kwinjira byoroshye...
14 September 2017 9727 0

Humble yakorewe ibirori by’isabukuru n’umukunzi we bagiye kurushinga-AMAFOTO

Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys, yakoresherejwe ibirori by’isabukuru ye n’umukunzi we bagiye kurushinga mu Ukubuzo uyu mwaka wa 2017. Ibi birori bibaye ku...
29 August 2017 2596 0

Dore ubuhamya bw’abantu bafatanye ubwo barimo bakora imibonano mpuzabitsina

Abenshi babifata nk’urwenya rwuzuye ,nyamara zimwe mu nkuru zo gufatana mugihe abantu bakora imibonano mpuzabitsina zishobora kuba zifite aho zihuriye n’ukuri. “Kujya kwa munganga igitaraganya...
24 July 2017 7981 0

Vladmir Putin yatumiye Perezida Museveni: Umubano w’ ibihugu byabo uhagaze ute?

Perezida w’ Uburusiya Valadmir Putin yoherereje mugenzi wa Uganda ,Yoweri Kaguta Museveni ubutumire. Ibi ni ibyatangajwe na ambasaderi mushya w’ Uburusiya muri Uganda, Mr Alexander Dmitrievich...
25 November 2016 388 0

U Rwanda ku mwanya wa mbere mu kugira abashomeri bake mu rubyiruko-Ubushakashatsi

Ubushakashatsi bushya bwatangijwe n’ikigo cy’umuherwe Ashish J Thakkar bwiswe “Ashish J Thakkar Global Entrepreneurship Index” bwashyize u Rwanda mu bihugu 45 bya mbere ku isi byorohereza guhanga...
28 November 2016 696 0

UCL: Tombora ya 1/8 isize Arsenal izahura na Bayern Munich, FC Barcelona Na PSG, tombora yose hano

Kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Ukuboza 2016, saa 13:00’ za hano mu Rwanda na saa 11:00’ ku isaha ngenga masaha ya GMT, i Nyon muri Switzerland habaye tombora ya 1/8 cy’irushanwa rya Champions League...
12 December 2016 958 0

[Mu mafoto]: Uko byari byifashe muri bimwe mu byamamare muri ruhago birimo Cristiano na Messsi bishimira umwaka wa...

Abakinnyi ba ruhago kimwe n’abandi bantu ku isi bishimiraga ko umwaka urangiye bakaba batangiye undi, n’ubwo bamwe nko muri Espagne, Ubutaliyani, Ubufarabsa ndetse n’Ubudage bari babonye akaruhuko,...
1 January 2017 2403 0

2016: Ibyoherezwa mu mahanga n’ ibitumizwayo byagabanyutseho 5.9%

Imwe mu makamyo atwara ibucuruzwa byambukiranya imipaka y’ ibihugu Raporo y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare irerekana ko mu gihembwe cya gatatu mu mwaka ushojwe wa 2016, ubucuruzi bwose muri...
4 January 2017 376 0

Abatoza 52 barimo Didier Gomes wahesheje igikombe Rayon sports basabye gutoza Amavubi

Abatoza 52 nibo basabye akazi ko gutoza ikipe y’igihugu Amavubi, muri aba batoza bose bane nibo bakomoka muri Afurika abandi bose ni hanze y’Afurika. Abatoza bane, babiri bakomoka muri Nigeria...
8 February 2017 1156 0

Humble Jizzo n’umukunzi we bararushinga vuba, ihumure ku bakunzi ba Urban Boys

Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo umwe mu baririmbyi ba Urban Boys bagaragaza ingufu ku rubyiniro, yatangaje ko umwaka wa 2017 mu Kuboza usiga yambikanye iy’urudashira n’umukunzi we...
23 February 2017 1376 0

Menya byinshi utaruzi ku gihugu cya Australia kimwe mu bihugu kizwiho guturwaho n’abimukira benshi kurusha...

Igihugu cya Australia ni kimwe mu bihugu byiza kandi bifite ubuzima bwiza muri rusange ndetse kikanaza ku mwanya wa 6 Nyuma y’Uburusiya, Canada, Ubushinwa, USA ndetse na Brazil. Iki gihugu...
31 May 2017 4148 0
0 | 30