Inama Mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’ Isi World Economy Forum ihuza impuguke n’ abayobozi batandukanye barimo Abanyapolitiki, imiryango itari iya Leta n’ abandi uyu mwaka izabera i Davos,...
Ni inkuru idasanzwe ku bantu batuye ibice bitandukanye by’isi, kubera imico yabo itabemerera kujya ku mugaragaro bambaye ubusa, ariko nanone iyi ni inkuru isanzwe ku baturage bo muri Switzerland...
UEFA Euro 2020 started on 11 June and it has already delivered great action. The best thing is that it will get better and better until 11 July.
This weekend will be packed with exciting...
Umunya Portugal,Cristiano Ronaldo yafashije Portugal kunganya n’Ubufaransa ibitego 2-2 mu mukino wa nyuma wo mu itsinda F rya Euro 2020 bituma anakora agahigo ko kuba umukinnyi watsindiye ibitego...
Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yatangaje ko guhura na Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame byari iby’ igiciro.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 26...
Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Ikipe y’igihugu ya Brazil ihabwa amahirwe yo kwegukana igikombe cy’isi cy’uyu mwaka,ihagamwe n’Ubusuwisi banganya igitego 1-1 mu mukino wo mu itsinda E.
FIFA imaze gutangaza uko amakipe yabonye itike yo gukina igikombe cy’isi kizabera mu Burusiya umwaka utaha azahurira mu matsinda aho ikipe ya Portugal yisanze mu itsinda rimwe na Portugal rya B....
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Real Madrid yongeye kwigaranzura ibindi bihangange yegukana ibihembo 2 muri iki cyumweru harimo igihembo cy’umukinnyi mwiza ku mugabane w’Iburayi mu...
Telefone zihenze ku isi mu mwaka wa 2018 turasangamo Diamond Rose iPhone, Supreme Goldstriker iPhone, iPhone 3G King’s Button, GoldVish Le Million ndetse n’ izindi.
Telephone zigezweho...
Miss Uwase Hirwa Honorine uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza ya Miss Earth 2017 ntiyabashije kwegukana umudali muri itanu yahawe abakobwa biyerekanye neza mu mwambaro uranga umuco wabo.Ba...
Mu kanya gashize nibwo habaye tombola y’uko amakipe yabaye aya 2 mu matsinda yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’isi ku mugabane w’I Burayi agomba guhura mu mikino ya kamarampaka kugira...
Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys, yakoresherejwe ibirori by’isabukuru ye n’umukunzi we bagiye kurushinga mu Ukubuzo uyu mwaka wa 2017.
Ibi birori bibaye ku...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 12 Ukuboza 2016, saa 13:00’ za hano mu Rwanda na saa 11:00’ ku isaha ngenga masaha ya GMT, i Nyon muri Switzerland habaye tombora ya 1/8 cy’irushanwa rya Champions League...
Imwe mu makamyo atwara ibucuruzwa byambukiranya imipaka y’ ibihugu
Raporo y’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare irerekana ko mu gihembwe cya gatatu mu mwaka ushojwe wa 2016, ubucuruzi bwose muri...
Manzi James wamamaye nka Humble Jizzo umwe mu baririmbyi ba Urban Boys bagaragaza ingufu ku rubyiniro, yatangaje ko umwaka wa 2017 mu Kuboza usiga yambikanye iy’urudashira n’umukunzi we...
Igihugu cya Australia ni kimwe mu bihugu byiza kandi bifite ubuzima bwiza muri rusange ndetse kikanaza ku mwanya wa 6 Nyuma y’Uburusiya, Canada, Ubushinwa, USA ndetse na Brazil. Iki gihugu...