Uyu musore ubarizwa mu itsinda rya Dream Boys Mujyanama Claude uzwi nka TMC yagize ibyo atangaza ku mishinga afite mu gihe kiri imbere ndetse no ku bijyanye n’umukunzi yifuza ko bazabana uko yaba...
Umuririmbyi Nemeye Platini atangaza ko kuri ubu nta byinshi agikeneye kuvuga ku biranga umukobwa akeneye kuko ashaka uteye nka Knowless, ni mu gihe mugenzi bakorana muzika Mujyanama Claude[TMC]...
Umuhanzi Mujyanama Jean Claude wamenyekanye mu itsinda rya Dream Boys nka TMC yabonye impamyabumenyi yo ku rwego ruhanitse [Master’s] yakuye muri Amerika ndetse yahise abona akazi muri Kompanyi ya...
Umuririmbyi TMC wa Dream Boys atangaza y’uko uyu mwaka mushya wa 2018 afitemo ibyifuzo bitatu kuburyo bizasingira uwa 2019 akora ubukwe nk’uko ari umuhingo amaranye igihe.
TMC wavutse yitwa...
Tmc wo muri Dream Boys yatutswe n’abafana be bamukurikiranira hafi kuri instagram nyuma yo kuvuga ko anenga imbuga nkoranyambaga zatumye ubusesenguzi bw’abantu baciriritse bujya...
Umuhanzi Mujyanama Jean Claude uzwi nka TMC mu itsinda rya Dream Boys ari mu banyeshuli 9000 uyu munsi bakoze ibirori byo kwishimira impamyabumenyi muri kaminuza y’u Rwanda aho we yarangije...
Mujyanama Claude uzwi nka TMC mu itsinda ’Dream Boys’ yaririye mu kiganiro yatumiwemo kubera indirimbo yabo nshya ’Wagiye kare ifite icyo imwibutsa.
TMC ubwo yari kuri Radiyo Rwanda ku mugoroba...
TMC uririmba muri Dream Boys yavuze ko ubusanzwe akunda abakobwa bateye neza mu gihe Platini yakwifuza gusohokana na Knowless Butera
Kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Werurwe 2018 itsinda...
Itsinda rya Dream Boys yegukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi. Ni mu birori bikomeye byabereye kuri Petit Stade byasojwe mu ijoro ryo kuri uyu wa...
Umuhanzi Nemeye Platini ubarizwa mu itsinda rya Dream Boys ubu ari mu gihugu cya Tanzania aho ari gukorana indirimbo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane muri iki gihugu witwa Raymond Shaban Mwakyusa...
Nyuma y’ibyakunzwe guhwihwiswa, Nemeye Platini wakoranaga na mugenzi we TMC mu itsinda rya Dream Boyz yeruye avuga ko ibya Dream Boyz bishobora kuba byararangiye kuko we yatangiye gukora muzika ku...
Chris wanyuze mu itsinda rya Just Family riherutse gusenyuka burundu, yakoreye ubukwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika arushinga n’umukobwa bari bamaze igihe bakundana...
Abanyarwanda n’inshuti zabo bitabiriye ibirori bitibagirana by’ukurahira kwa Paul Kagame bigiye kuba kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Kanama 2017. Ibyamamare nyarwanda bashyigikiye uyu mukuru...
Itsinda rya Dream Boys ribarizwamo Paltini na Tmc nibo begukanye irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ryabaga ku nshuro ya karindwi mu birori byasojwe mu ijoro ryo kuwa Gatandatu tariki ya...
Burya ngo ntabyera ngo de!!Bamwe mu basore bakora akazi ko kurinda abahanzi bashidikanya ku kinyabapfura cya Jay Polly utaratinyaga kubatukira mu ruhame no kubereka ko bagomba guca bugufi imbere...
Mu gihe habura amasaha macye ngo irushanwa rya PGGSS ku nshuro ya karindwi rigere ku musozo, Knowless yagaragaje ko Dream Boys ifite amahirwe menshi yo kwegukana iri rushanwa.
Guma Guma ihuza...
Bamwe mu basitari bo mu Rwanda bazamutse ku rwego rwiza aho bamwe bamaze no kwigurira imodoka bagendamo.Ni mu mafato yafashwe na Kigali Today ducyesha iyi nkuru aho bamwe mu bahanzi n’abakinnyi...
Muneza Christopher wamamaye nka Christopher Topher muri muzika nyarwanda avuga ko atabonye amahirwe yo kwifotozanya na Perezida Kagame Paul ubwo bari mu birori byo kubyina intsinzi yari amaze...
Chris wahoze mu itsinda rya Just Family yatangaje amatariki y’ibirori by’ubukwe bwe n’umukunzi we Claudine aherutse gusaba no gukwa mu Ugushyingo 2021 mu birori byabereye muri Leta zunze ubumwe...
Umuhanzi Nemeye Platini uri mu bahanzi bagezweho muri iyi minsi, amaze iminsi yimukiye mu nzu ye bwite yujuje mu Karumuna ho mu Karere ka Bugesera, nubwo akiri mu mirimo ya nyuma yo kuyisoza...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...