Igihugu cya Tanzania cyatangaje ko kigiye gukora iperereza ku buryo abanya Tanzania 200 birukanywe na Zimbabwe bari bafashwe mbere y’ uko birukanwa.
Igihugu cya Mozambique kivuga ko...
John Pombe Magufuli, umuhungu wavutse ku muhinzi-mworozi utifashije akaza kuba Perezida wa Tanzania mu mwaka wa 2015, yapfuye ku wa gatatu afite imyaka 61, leta itangaza ko yazize ibibazo...
Kuri uyu wa gatanu,Samia Suluhu Hassan,amaze kuvuga indahiro yo kuba perezida wa Tanzania, mu muhango wabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu cya Tanzania.
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukorana n’inzego z’ubucuruzi za Tanzania kugira ngo urugomo ruherutse gukorerwa abacuruzi bo mu Rwanda muri icyo gihugu...
Tanzania na yo yafashe icyemezo cyo guhagarika indege zose za Kenya Airways (KQ), yaba izitwara abantu n’izitwara imizigo guhera ku itariki 22 Mutarama 2024, ivuga ko ibikoze mu rwego rwo gusubiza...
Miss Mutesi Jolly urikubarizwa mu gihugu cya Tanzania kuri uyu wa Kane tariki ya 10 Kanama yagiranye ibiganiro na Ambasaderi Rwanda muri Tanzania Gen. Maj. Charles...
Banki y’isi yatangaje ko izaguriza Tanzania miliyoni 300 z’amadolari y’Amerika, mu gihe hari ubushyamirane bushingiye ku banyeshuri b’abakobwa batwara inda.
Byatangajwe ku wa gatanu nyuma y’inama...
Umuhanzi ukomeye wo muri Nigeria wamenyekanye nka Kizz Daniel nyuma yo kwanga gukora igitaramo yari yatumiwemo muri Tanzania bikamuviramo gufungwa yasabye kugezwa mu Rwanda byihuse aho afite...
Umugabo uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Tanzania, Lemutuz_Super Brand yanditse avuga ku munyamakuru Eric Kabendera uri mu maboko ya Polisi ya Tanzania abazwa ku bwenegihugu bwe, yongeraho...
Polisi muri Tanzania yemeje ko abantu bitwaje intwaro barenga 300 baturutse muri Mozambique, bateye imihana yo mu majyepfo ya Tanzania bakica abaturage.
Perezida wa Tanzania, Dr. John Pombe Magufuli avuga ko bidakwiye ko Tanzania nk’igihugu gituwe na miliyoni 55 z’abaturage itsindwa n’u Burundi bw’ebyiri, nyuma y’uburakari yatewe n’uko ikipe y’igihugu...
Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu wa Kenya, James Macharia, arahakana ko nta mwuka mubi uri hagati ya Tanzania na Kenya nubwo hari amakuru yavugaga ko batameranye neza ndetse bahagaritse...
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi zo muri Tanzania, nyuma yo kutishimira uburyo zifatwa muri iki gihugu, zitangaza ko zifuza kuza gusaba ubuhungiro mu Rwanda akaba ariho...
Minisitiri w’ubuzima wa Tanzania yatangaje ko umubare w’abarwayi ba Covid-19 wagabanutse cyane mu murwa mukuru w’ubucuruzi Dar es Salaam aho ngo basigaye ari bane (4)...
Umuvugizi wa leta ya Tanzania yaburiye bikomeye abanyamakuru bo muri icyo gihugu ku bijyanye no gukora inkuru basubiramo ibyavuzwe n’imiryango mpuzamahanga n’abahagarariye ibihugu byabo muri...
Canada yafatiriye imwe mu ndege nshya ya Tanzania, mu gihe hakomeje ubushyamirane bushingiye ku guha indishyi umuhinzi wanyazwe ubutaka mu myaka ya 1980.
Perezida Kagame Paul yatangaje ko Leta y’u Rwanda n’iya Tanzania basangiye byinshi birenze kuba ari ibihugu bihana imbibi ndetse biteguye gukorana mu mishinga...
Nyuma yo kurahira nka Perezida mushya wa Tanzania, Mama Samia Suluhu Hassan yavuze ko iki ari "igihe cyo kureka ibibatanya" nk’Abatanzania, n’igihe cyo guhozanya...
Guverinoma ya Tanzania yongeye gushimangira uruhande ihagazeho ku birebana no kwirinda icyorezo cya COVID-19, ubwo yatangazaga ko itazigera ishyiraho gahunda ya Guma mu rugo mu gihugu, ibwira...
Ministiri w’ubuzima muri Tanzania yatangaje ko habonetse abantu bashya 53 banduye coronavirus mu gihugu, umubare w’abanduye wikubye hafi kabiri ugereranyije n’uko byari byifashe kuwa gatatu,...
Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2019 Perezida wa Tanzania John Pombe Magufuli yatangaje ko indege yo mu bwoko bwa Bombardier Q400 ya sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere (Air Tanzania) yari yarafatiriwe na...
Indege ya Air Tanzania yari yarafatiriwe muri Africa y’Epfo yamaze kurekurwa nyuma y’ihangana mu mategeko hagati y’iki gihugu n’umuhinzi wo muri Namibia wagishinjaga...
Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania yemereye igisirikare ko leta ye igiye “kwiga ikibazo cy’impunzi cyane cyane z’Abarundi n’iza Repubulika ya Demokarasi ya Congo” no kureba uburyo zisubizwa...