Umuririmbyi Ngabo Medard Jobert uzwi cyane nka Meddy yasobanuye byinshi mu rugendo rwa Muzika we na The Ben baciyemo, nubwo mu mitwe y’abafana benshi bibwira ko aba basore bahora bahanganye....
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Videwo y’umuhanzi The Ben ari kuririmbana n’umukunzi we Miss Uwicyeza Pamella indirimbo “Why” yakoranye na Diamond ikomeje kuzamura amarangamutima y’abenshi. View this post on Instagram
A...
Mu gihe ku mbuga nkoranyambaga hadutse inkundura yiswe “10yearschallenge” ikitabirwa cyane n’ibyamamare bitandukanye bya hano mu Rwanda The Ben na Miss Vanessa ni bamwe mu bayitabiriye bashyiraho...
Bruce Melody yahakanye ibyo gusinyisha umuhanzi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben, byavugwagako nawe ari mu bahanzi bashya bagiye gufashwa n’itsinda rya Bruce Melody yise Igitangaza...
Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yagiranye amasezerano y’imikoranire y’umwaka umwe n’uruganda rukora rukanacuruza Telefone zigezweho ruzwi nka TECNO Mobile ku mafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni...
Mu gitondo cyo kuri uyu wakane nibwo umuhanzi The Ben yagaragaje video atera ivi asaba Uwicyeza Pamella kwambara impeta yamuteguriye, maze Miss Pamella atazuyaje avuga YEGO imbere y’inshuti...
Miss Pamella wizihiza isabukuru tariki 31 Mutarama, amaze igihe akundana na The Ben mu buryo bweruye kuko iyi ni isabukuru ya kabiri yizihije bari mu Rukundo, ndetse yanamaze kumwambika impeta mu...
Umuhanzi Nyarwanda utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben uri mu myiteguro y’ubukwe na Miss Uwicyeza Pamella , ntiyigeze yumvikana kenshi mu nkuru z’urukundo;...
Kuva ku ya 28 Nzeri 2023, ubwo The Ben yageraga i Bujumbura ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella ndetse na benshi mu bagize itsinda riri kumufasha aho yeretswe urukundo rukomeye ndetse aba...
Umuhanzi The Ben n’umukunzi we Pamela Uwicyeza bahisemo kugabanya ibiciro byo kureba ubukwe bwabo ku rubuga rwabo bashinze biva ku bihumbi 50 FRW bishyirwa ku bihumbi...