Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate yishongoye kuri mugenzi we wa Kiyovu Sports, Ntarindwa Théodore,wari wigambye kubabaza uyu mukeba ariko bikarangira ibyo yari yiteze...
Mu ijoro ryo ku Cyumweru gishize muri Portland Oregon, abigaragambyaga bahiritse amashusho y’abahoze ari ba Perezida ba Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Theodore Roosevelt na Abraham Lincoln ,...
Kuri uyu wa kane Kiyovu Sports na Gasogi United zigomba kwisobanura, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona urabera kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo.
Abaturage bo mu murenge wa Mulinga mu karere ka Nyabihu baravuga ko muri iyi minsi hari kwigaragaza urugomo rukabije rukorwa n’abagize urwego rusanzwe rufasha inzego z’ibanze mu gucunga umutekano...
Umutoza mushya wa Kiyovu Sports,Karekezi Olivier,yatangaje ko nubwo afite itike yo kuza mu Rwanda kuwa 08 Kanama 2020, mu kazi ko gutoza Kiyovu Sports,atazigera aza gutoza iyi kipe kubera...
Carlo Maria Vigano wahoze ari ambasaderi wa Vatican muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa Francis kwegura amushinja kutagira icyo akora kuri Cardinal...
Mu gihe Komisiyo yigenga y’amatora muri RDC (CENI) yitegura gutangaza muri iki cyumweru ibyavuye mu matora yo ku ya 20 Ukuboza, abatavuga rumwe n’ubutegetsi bakomeje gukangurira abaturage kwitabira...
Umuryango utegamiye kuri Leta Children’ s Voice Today (CVT) wifatanyije n’ abayobozi, abarezi n’ abana bo mu karere ka Nyarugenge kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’ umwana w’ umunyafurika uba tariki 16...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 10/03/2020 saa yine za mu gitondo(10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Ndahayo Theodore ugizwe...
. Turi tariki ya 12 Nyakanga, ni umunsi w’ 193 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi 172 niyo isigaye ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Bimwe mu bintu bikuru bikuru mu byranze uyu munsi mu mateka....
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 23/6/2020 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Ndahayo...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 20/02/2020 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Coaster ifite...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 19/6/2020 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Ndahayo...
Inyubako ikoreramo Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika ndetse akanayituramo we n’umuryango we, izwi nka ‘White House’ n’ubwo hari benshi bakunze kuyitiranya n’inzu yitwa ‘United States Capitol’...
Papa Francis yategetse ko ibice by’akavure bivugwa ko ariko Yesu/Yezu yavukiyemo bigiye gusubizwa I Betelehemu nyuma y’imyaka igera ku 1400 bibitswe ku mugabane w’Uburayi I...
Abanyapolitiki icyenda barimo abo mu Mujyi wa Kigali no mu ntara zitandukanye bongerewe kuri 12 basanzwe bibukirwa ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero. Aba bose bishwe bazizwa kurwanya umugambi...