Mu nama y’abakuru b’Uburayi, Amerika n’ihuriro OTAN i Bruxelles ba perezida Joe Biden, Emmanuel Macron na minisitiri w’intebe Boris Johnson banze kuvuga icyo bakora mu gihe Uburusiya bwakoresha...
Uburusiya buvuga ko mu gitero cyabwo kuri Ukraine bugiye kwibanda mu "kubohora" uburasirazuba, ibica amarenga ko bishoboka ko iyi ari impinduka mu mayeri y’urugamba.
Minisiteri y’ingabo...
Perezida w’Uburusiya yatumiye abayobozi benshi ba Afurika barimo na Nyakubahwa perezida Kagame mu nama y’iminsi ibiri igiye kubahuriza mu mujyi wa Sochi, kuva uyu munsi mu rwego rwo gushimangira...
Vassily Nebenzia uhagarariye Uburusiya mu muryango w’Abibumbye yatangaje ko hari amahirwe menshi y’uko Uburusiya na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bishobora kuzakozanyaho bapfa...
Mu gihe isi yose ikomeje kwibaza ku kibazo cy’Uburusiya na Ukraine, Amerika ikomeje kugaragaza kudashira amakenga Uburusiya no kugaragaza ko ishobora kuba iri gushaka impamvu zaba nyirabayazana mu...
Ukraine ivuga ko igitero cya misile cyo ku wa gatanu ku biro bikuru by’amato y’intambara y’Uburusiya mu nyanja y’umukara ku mwigimbakirwa wa Crimea cyari cyabariwe guhurirana n’inama y’abategetsi...
Uburusiya na Belarus (Biélorussie) bitangiye imyitozo ya gisirikare bihuriyeho y’iminsi 10, mu gihe harimo kwiyongera guhangayika kuvuye ku kuba Uburusiya bwarakusanyirije abasirikare babwo ku...
Kuva intambara y’Uburusiya na Ukraine yatangira mu cyumweru gishize, hakomeje kugaragazwa byinshi bitandukanye birebana n’ibihugu byombi. mu bushakashatsi bwakozwe na International Institute of...
Minisiteri y’ingabo za Ukraine ivuga ko undi Jenerali w’Uburusiya, Liyetona Jenerali Yakov Rezantsev, yiciwe mu gitero hafi y’umujyi wa Kherson uri mu majyepfo.
Rezantsev yari akuriye umutwe wa 49...
Ibiro bya Perezida w’Amerika - White House - bivuga ko Uburusiya burimo kwica abasirikare babwo bagerageza gusubira inyuma mu gitero gikaze cyo mu burasirazuba bwa...
Inama y’i Genève (Geneva) mu Busuwisi yo kuri iyi tariki ya 16 y’ukwa gatandatu hagati ya Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin na Perezida w’Amerika Joe Biden, ntabwo iba mu mwuka...
Umukuru w’abasirikare b’Uburusiya bari muri Ukraine avuga ko ibintu "bigoye" mu mujyi wa Kherson wo mu majyepfo kandi ko abahatuye bagiye guhungishwa.
Igisirikare cy’Uburusiya cyategetswe kuva mu mujyi wa Kherson wo muri Ukraine, umurwa mukuru wonyine w’akarere bwafashe nyuma yo gutera mu kwezi kwa kabiri.
Jenerali Sergei Surovikin ukuriye...
Uwahoze ari guverineri w’akarere ka Luhansk muri Ukraine ubu uri mu buhungiro avuga ko abasirikare ba Ukraine barashe ku cyicaro gikuru cy’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya.
Serhiy Haidai...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping agiye kugirira uruzinduko rwe rwa mbere mu Burusiya kuva iki gihugu cyatera Ukraine mu mwaka ushize, ndetse byitezwe ko agirana ibiganiro na Perezida w’Uburusiya...
Mu itangazo yashyize ahagaragara, minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Uburusiya ivuga ko yahamagaje ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika i Moscou, Madame Lynne Tracy, imumenyesha ko abanyamabanga...