Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru Tariki ya 05 Mata 2020 nibwo Ibiro bya Minisitiri w’Intebe,byashyize hanze itangazo rivuga ko Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda biyemeje kwigomwa umushahara...
Hashize iminsi abakinnyi ba Arsenal batameranye neza n’ubuyobozi bw’ikipe kubera ko bwabasabaga kugabanya umushahara kugira ngo burebe ko bwagabanya ibihombo ikipe yatewe na Coronavirus gusa...
Iteka rya Perezida N°004/01 ryo ku wa 16/02/2017 rigena ingano y’imishahara n’ibindi bigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu n’uburyo bitangwa, ryasohotse mu Igazeti ya Leta nimero idasanzwe yo kuwa...
Geneva ni ahantu hacyize. Ni ikicaro cya banki nyinshi zikomeye zigenga, Umuryango w’abibumbye, n’inzu za Sotheby’s na Christie’s zizwi cyane muri cyamunara z’amabuye y’agaciro ahenze...
Ingingo ya 68 y’Itegeko rigenga Umurimo mu Rwanda ryo mu 2018, ivuga ko Iteka rya Minisitiri ufite umurimo mu nshingano ze rigena umushahara fatizo. Iyo ngingo yari no mu Itegeko rigenga Umurimo...
Kapiteni wa FC Barcelona, Lionel Messi yavuze ko we na bagenzi be bemeye gukatwa umushahara waho ku kigero cya 70 % nkuko babisabwe hanyuma bakanateranya amafaranga yob gufasha ikipe guhemba...
Umukozi wa Leta ya Australia yahembwe umushahara ukubye inshuro 100 umushahara we usanzwe w’ukuri kubera akitso gatandukanya imibare kashyizwe mu mwanya utariwo bigatuma hiyongeraho amadorali 500...
Kuwa Kane w’iki cyumweru,abakinnyi bose b’ikipe ya FC Barcelona babwiwe ko bagomba gukatwa umushahara wabo ku kigero cya 70 %kubera ko akazi kabo kahagaze kubera icyorezo cya COVID-19 gusa bamwe...
Abakinnyi ba Rayon Sports badakomoka mu Rwanda banze kugabanyirizwa umushahara ngo ugere kuri 30% kubera ko ngo ntacyo wamarira bo n’imiryango yabo basize.
Abayobozi bakuru muri Guverinoma y’u Rwanda biyemeje kwigomwa umushahara w’ukwezi kwa Mata bawugenera gahunda yo gufasha abatishoboye bagizweho ingaruka n’ingamba zikarishye zo kuguma mu rugo,...
Abarimu 1000 bo mu gace kitwa Kabalo muri RDC bari mu marira kubera ko umushahara wabo wa miliyoni 170 z’amakongomani angana n’ibihumbi 100 by’amadolari wibwe n’abagizi ba nabi bitwaje...
Abarimu bo muri kaminuza ya Kinshasa muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, baratangaza ko bashaka gukora imyigaragambyo ikomeye ku wa Mbere tariki ya 07 Kanama, yo gushyira igitutu kuri...
Perezida w’inzibacyuho wa Gabon, Generali Brice Oligui Nguema, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Ukwakira 2023, yatangaje ko atazigera afata umushahara agenerwa nka Perezida muri iki gihe cyose...
Lionel Messi yemeye kuguma muri Barcelona mu masezerano yo kugeza mu 2026 anakubiyemo kugabanya umushahara we ho kimwe cya kabiri cy’uwo yahabwaga mbere.
Guverinoma yakoze amavugurura muri sitati igenga abakozi ba leta, hemezwa impinduka zirimo ko kurahira mbere yo gutangira akazi byakuweho, hanavugururwa uburyo imperekeza zitangwa mu kazi kimwe...
Ku mpamvu zitandukanye, uzasanga umwe mu bakozi ba leta ahembwa muri za miliyoni buri kwezi maze undi ahabwe ibihumbi mirongo kandi uwo bakorera ari umwe, bahuje amasaha y’akazi n’ay’ibiruhuko...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Gicurasi 2022,Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yayoboye ikiganiro n’abanyamakuru ku ishusho y’ubukungu bw’u Rwanda.
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente,...