Umuyobozi wungirije wa Kaminuza ya UNILAK, ushinzwe imari n’ ubutegetsi Richard Niyonkuru yagaragaje ko Perezida Kagame ari intumwa y’ Imana kuko yavumbuye ko abari n’ abategarugori bafite...
Bellange Irene Muhikira wabaye Nyampinga wa Kaminuza ya UNILAK, wari uherutse kurushingana na mukuru wa Yvan Buravan, yitabye Imana ubwo yari arimo kubyara mu rucyerera rw’uyu wa Kabiri tariki 30...
Abashashatsi bateraniye I Kigali mu nama yiga ku kwita ku bidukikije baragaya uburyo bukoreshwa mu mugi bwo gucukura ibyobo bifata amazi kuko ayo mazi baba bayapfushije ubusa kandi bakiyakeneye....
Byari amarira n’agahinda mu muhango wo gushyingura, Miss Muhikira Irène [Bellange] wigeze kuba Nyampinga wa Kaminuza y’Abalayiki b’Abadiventisiti (UNILAK), witabye Imana ku wa 30 Mata 2019, ari...
Abakozi 3 b’akarere ka Nyanza barimo na gitifu w’Umurenge wa Cyabakamyi w’agateganyo bari mu maboko ya RIB bakekwaho ikimenyane,ubucuti cyangwa urwango mu gufata icyemezo.
Nkuko Umuseke.rw dukesha...
Ku bufatanye bw’Akarere ka Nyanza, MINEDUC ndetse n’Itorero ry’Igihugu hateguwe Itorero ry’iminsi 5 ku banyeshuri bayobora abandi mu mashuri yisumbuye yo mu Karere ka Nyanza ku bigo bicumbikira...
Kuri uyu wa Gatandatu, mu irimbi rya Rusororo ho mu karere ka Gasabo habereye umuhango wo gushyingura Mucyo Sabine witabye Imana hashize amezi arindwi arushinganye n’umugabo we Caleb Uwagaba. Ni...
Umusore wiga mu mwaka wa mbere muri kaminuza yakoze application yise Sugira avuga ko izifashishwa mu kwishyuza no kwishyura umusanzu w’ umutekano ku buryo bitazongera kuba ngombwa ko abishyuza...