Raporo ya United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) irinda amahoro muri iki gihugu yagaragaje ko abagore basaga 700 bamaze gukorerwa ihohotera rishingiye ku gitsina mu mezi atatu uyu...
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo (RFPU II) Juba, ku itariki ya 27 Kamena bitabiriye amarushanwa y’umupira w’amaguru yateguwe...
Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda ivuga ko umusirikare w’u Rwanda w’imyaka 51 wari mu butumwa mu mahanga wari usanzwe afite ubundi burwayi ari Umunyarwanda wa gatatu wishwe na...
Ingabo z’u Rwanda, zo muri Rwanbatt1, ziri mu butumwa bw’amahoro mu Muryango w’Abibumbye i Juba muri Sudani y’Epfo (UNMISS), kuri uyu wa Gatanu tariki ya 8 Ukuboza 2017 bambitswe imidali y’ishimwe mu...
Ku wa 24 Ukwakira uyu mwaka, Umuryango w’Abibumbye wambitse imidari y’ishimwe Abapolisi b’u Rwanda 239 bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo bakorera mu Ntara ya Malakal mu rwego rwo...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki ya 29 Ugushyingo, itsinda ry’abapolisi b’u Rwanda 240 basoje ubutumwa bw’amahoro buzwi nka United Nations Mission in South Sudan (UNMISS) bari bamazemo...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umupolisikazi uheruka kwicwa na coronavirus yitwa Mbabazi Enid akaba yari mu butumwa bwo kugarura amahoro i Malakal muri Sudani...
Ingabo z’u Rwanda zasimbuye abasirikare bazo bari mu butumwa bw’amahoro I Malakal muri Sudani y’Epfo. Batayo ya 89 niyo igiye gusimbura Batayo ya 75 irangije igihe cy’umwaka mu kazi mu Ngabo za Loni...
English Premier League clubs Manchester United and Arsenal return to European action among four unmissable quarter-final first-leg clashes exclusively live on StarTimes.
Since 1972, all...
Umunyakenya Gen Leonard Muriuki Ngondi yagizwe umugaba mukuru w’ingabo za Loni n’iz’Afurika Yunze Ubumwe mu ntara ya Darfur muri Sudani (UNAMID/ MINUAD).
Ni inshingano yahawe n’Umunyamabanga...
Umupolisi w’Umunyarwanda, Assistant Commissioner of Police (ACP) Felly Bahizi Rutagerura, yahawe inshingano ku mugaragaro zo kuba Umuyobozi mushya ushinzwe ibikorwa bya Polisi iri mu butumwa...