Ku munsi w’ejo abagore bo muri USA biraye mu muhanda bambaye ubusa hejuru amabere yabo ari hanze mu rwego rwo gusaba leta ya Trump kubareka bakajya bagenda bambaye ubusa hejuru aho bavuze ko...
Mu bukwe bwe bwabaye ku wa Gatandatu tariki ya 23 Ukuboza 2023, The Ben yaserutse yambaye umusatsi w’umukorano ugurwa n’ufite ikofi itajegajega dore ko ukoreshwa umunsi umwe gusa ugata...
Umuraperi Clifford Harris uzwi nka TI yibasiriye umugore wa Donald Trump,Melania,ubwo yashyiraga hanze amashusho yamamaza indirimbo ye yitwa Dear 45, I Ain’t Kanye,yagaragayemo umugore usa na...
Ingingo zo kurebwaho: Ese ni uko iyi kipe yaba nta banyamahanga ifite bayifasha? Ese ko umwaka ushize yatwaye igikombe cya shampiyona ntiyaba ifite abakinnyi batari ku urwego rw’abo mu umwaka...
Nilanshi Patel ni Umuhindekazi ufite imya 17 y’amavuko. Ni we wambere ufite umusatsi muremure ku isi mu bari munsi y’imyaka 20 (Teenagers). Afite umusatsi ureshya na centimetero 190 amaze imyaka 11...
Kuri uyu wa kabiri, nibwo urukiko rw’ibanze rwa Muhoza mu karere ka Musanze rwaburanishije urubanza rw’uwahoze ari visi meya ushinzwe iteramere n’ubukungu,Ndabereye Augustin, wakubise umugore we...
Umugore witwa Kinsey Wolanski w’imyaka 22 ukomoka mu Burusiya uherutse guca ibintu ku isi yose kubera ukuntu yaciye mu kibuga yambaye ubusa mu mukino wa nyuma wa UEFA Champions League uheruka...
Perezida wa USA Donald Trump ashobora kuba ari mu minsi ya nyuma muri white House nyuma y’ibyatangajwe n’uwahoze amwunganira mu mategeko Michael Cohen, wemeje ko Donald Trump yamuhaye amafaranga yo...
Gahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere...
Justin Bieber umaze iminsi micye ahinduye umusatsi akawushyiramo ’Dreadrocks’, abafana be ntibabyishimiye kuri ubu bari kumusaba kuba yasubiza umusatsi we uko wahoze mbere y’uko awushyizemo...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka...
Umusaza w’imyaka 64 wo mu Karere ka Gisagara, mu murenge wa Kigembe akurikiranyweho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka ine wari utembereye akagera iwe mu rugo mu masaha...
Imikino Olempike yatangiye kera cyane ariko na nubu ikundwa na benshi mu batuye isi kubera ko buri mukino wose uba uhari gusa benshi mu bayikinnye n’abakiyikina bemeza ko ubusambanyi buyiberamo...
Mu Karere ka Musanze mu ntara y’Amajyaruguru hari imiryango itifujwe gutangazwa amazina ivuga ko yagiye igirwaho n’ingaruka zitandukanye ziterwa n’uburyo bakoreshe mu kuboneza urubyaro bityo...
Umwarimukazi witwa Kelsie Schmidt ukomoka muri USA yasezeye ku kazi nyuma yo kwandikira ubutumwa umunyeshuli we w’imyaka 17 kuri snapchat,amusaba ko bazakina umukino wo kwihishanya bambaye...