Ifoto y’abageze mu cyiciro cya nyuma mu guhatanira ikamba rya "Miss" w’Ubuhinde uyu mwaka yari isanzwe, mbere yuko umwe mu bakoresha urubuga nkoranyambaga rwa Twitter abaza ati: "Ni iki kitagenda...
Umukinnyi wa Filimi mu gihugu cy’Ubuhinde Amitabh Bachchan n’umuhungu we Abhishek Bachchan ndetse n’umukazana we n’umwuzukuru we,basuzumwe basanganwa icyorezo cya Covid-19 giterwa na virus ya...
Abarwayi batari munsi ya 10 bapfuye ubwo inkongi y’umuriro yadukaga ku bitaro byakira mu buryo bw’agateganyo abanduye Covid-19 byo mu mujyi wa Vijayawada, mu majyepfo ashyira uburasirazuba...
Mu gihugu cy’Ubuhinde haravugwa inkuru idasanzwe y’inkende zinjiye mu bitaro ahasuzumirwa ibipimo by’abarwayi ba Covid-19 zitwara agasanduku karimo bimwe mu bipimo by’abantu bari bamaze gufatwa...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame, kuri uyu wa kane yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo by’ u Bushinwa n’u Buhinde mu Rwanda. Bombi bahuriza ku ngingo...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame na mugenzi we wa Kenya Uhuru Kenyatta ni bamwe mu bayobozi bakuru bazitabira inama mpuzamahanga ku kwagura ishoramari ry’ igihugu cy’ Ubuhinde.
Iyi nama yiswe...
Abantu bagera kuri 44 bapfiriye mu mpanuka y’imodoka itwara abagenzi yahanutse ku manga ya metero 150 mu Buhinde mu gace kitwa Himachal Pradesh mu ntara ya Pradesh iherere mu majyaruguru y’iki...
Amafoto atangaje yerekanye abaturage bo mu Buhinde bunamye bashishikaye bari gutoragura amafi yabonetse nyuma y’imvura yaguye ikabaheza mu nzu.
Inkuru dukesha The Sun ivuga ko umwe mu bari aho...
Indege ebyiri z’igisirikarw cy’Ubuhinde zagonganiye mu kirere kuri uyu wa Gatandatu mu myitozo mu majyepfo y’umujyi wa Delhi nkuko Polisi yabitangarije AFP.
Izi ndege zagonganye zikimara...
Abasirikare bane b’Ubuhinde baguye mu kurasana kwabereye mu kigo cya gisirikare kiri muri leta ya Punjab ku mupaka,mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu.
Umwe mu basirikare yavuze ko bakomeje...
Nibura abantu 22 bapfuye nyuma yo kugwirwa n’ igikuta ubwo bari mu birori by’ ubukwe mu majyaruguru y’ u Buhinde.
Iyo mpanuka yatewe n’ umuyaga wahushye ubwo bari mu birori by’ ubukwe yakomereyemo...