Uko iminsi igenda ishira ibyamamare mu Rwanda ntibisiba gukora ubukwe bitandukanye no mu myaka yashize kuko wasangaga abakora ubukwe ari bake.Umuryango wongeye kubegeranyiriza amafoto atandukanye...
Ubukwe ni kimwe mu bintu umuntu yishimira ndetse uba usanga buri muntu mu buzima bwe ari umunsi ategerezanyije amatsiko gusa hari abo bidashimisha bitewe n’uburyo babuteguye cyangwe se bikababera...
Umwaka wa 2022 ni umwaka wasize ibyishimo bidasanzwe muri bamwe mu byamamare kuko muri bo abawutangiye ari umwe bawurangije ari babiri cyangwa se batatu kuko hari n’abawukozemo ubukwe ndetse...
Bwana Mike n’umukunzi we Kitty McGonigle bakoze ubukwe mu gitondo cyo kuri iki cyumweru kugira ngo buze kuryoshwa n’intsinzi y’Ubwongereza ariko Ubutaliyani bubicira...
Ku wa 05 Gashyantare 2022 nibwo hari hateganyijwe ubukwe bw’abageni twahaye amazina ya Mukansanga Olivia na Mugenzi John bukabera i Nyarupfubire mu Murenge wa Rwimiyaga muri Nyagatare. Icyakora...
Miss Iradukunda Michele, umunyamakuru kuri Televiziyo y’u Rwanda na Magic FM yahishuye ko muri kanama 2017 aribwo azakora ubukwe n’umukunzi we David bamaranye imyaka itandatu mu munyenga...
Kenya- Wilson na Ann Mutura, basezeranye mu minsi ishize bakoresheje idorali rimwe. Ni ubukwe bwakwirakijwe ku mbuga nkoranyambaga, maze bamwe biyemeza gufasha uyu muryango bagakora ubukwe...
Terry Gobanga ni umugore akaba na nyina w’abana babiri wavukiye i Nairobi muri Kenya ariko ubu akaba atuye i Texas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ukuntu yashimiswe agafatwa ku ngufu...
Imiryango ibiri yo mu gace ka Kisumu muri Kenya, irabika urupfu rw’abana babo bari baherutse gusezerana nyuma y’iminsi ine gusa, bakaba bazize kuba biyahuye bitewe n’amadeni bafashe kugira ngo...
Ku mugoroba wo ku wa 1 Nzeri 2023 mu Intare Arena habereye ibirori by’ubukwe bwa Ishimwe Dieudonné na Iradukunda Elsa, bwaranzwe n’udushya dutandukanye turimo kuba igifunguzo cyasigiwe Iradukunda...
Nk’uko bimenyerewe mu mpera z’icyumweru ahakunze kuba ibirori bitandukanye byiganjemo n’ubukwe, mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu nibwo abo mu muryango w’umukobwa witwa Uwituze Gisèle bari...