DJ Alisha ni umunyarwandakazi uri buvange umuziki iri joro muri ‘Ijuru Silent Disco’ akaba umwe mu bagezweho mu Mujyi wa Kampala muri Uganda, by’umwihariko agakundirwa ikimero cye n’ubuhanga mu...
Julia Fiona Robets w’imyaka 49 umukinnyi wa filime uba muri leta zunze ubumwe za Amerika niwe watorewe kuba umugore uhiga abandi mu bwiza n’uburanga mu mwaka 2017.
Julia Fiona Roberts niwe...
Umuhanzi wo muri Kenya Jacob Obunga wamamaye nka Otile Brown uheruka gukora indirimbo na Mugisha Benjamin yahawe izina rya “can’t get enough” yafashe imbuga nkoranyambaga muri Kenya kubera ubwiza...
Miss Dorcas Kasinde umukobwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yegukanye ikamba rya Miss Africa ryaberaga ahitwa Calabar muri Nigeria atsinze abandi bakobwa bo mu bihugu 25 by’uyu...
Umukinnyi wa Juventus,Douglas Costa,ari mu rukundo n’umukobwa ufite uburanga buhebuje witwa Nathalia Felix winjiza akayabo mu kwamamariza ku mbuga nkoranyambaga.
Rutahizamu wa PSG,Neymar Jr, umaze iminsi mu mvune yatumye benshi bacika ururondogoro kubera uburanga bw’umukobwa yasohokanye mu mujyi wa Barcelona bikekwa ko ariwe bari mu rukundo nyuma yo...
John Legend w’imyaka 40 y’amavuko yagizwe umugabo mwiza uhiga abandi uburanga mu bakiriho ‘sexiest man alive’ batoranywa n’ikinyamakuru People Magazine.
Mu mafoto atandukanye ihere ijisho uburanga bwa Martina Abera umunyamakuru wa RBA kuri KC2 wavuzweho mu rukundo n’umuhanzi wigaruriye imitima ya benshi...
Ku munsi w’ejo nibwo twabagejejeho inkuru y’uko Rwatubyaye atazagaragara muri Rayon Sports muri uyu mwaka w’imikino kubera imvune ikomeye yagize mu ivi mu kwezi kwa 3 uyu mwaka ku mukino wahuzaga...
Mbere y’umukino wa nyuma wahuje Real madrid na Liverpool,benshi mu bawukurikiye batangariye uburanga bw’umuhanzikazi w’umwongereza witwa Dua Lipa wasusurukije abantu yambaye neza...
Umukobwa w’uburanga witwa Kendall Rae Knight ukomoka mu mugi wa Blackpool mu Bwongereza, yatangaje ko azasambanira kuri televiziyo live kugira ngo ababaze umukunzi we witwa Michael Clark...