Akaliza Amanda witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda mu mwaka wa 2021 akaza kwegukana ikamba ry’igisonga cya mbere cya Ingabire grace wabaye Miss Rwanda 2021, yagaragaje ko hari bimwe azi ku...
Uwicyeza Gisagara Landrine yambitswe ikamba ry’Igisonga cya Gatatu cya Miss Golden Africa, aho we na bagenzi be bari bahanganye mu irushanwa ryari riri kubera muri...
Miss Rwanda ibaye ku nshuro ya 12 aho ahari gushakishwamo umukobwa uzahiga abandi mu bwiza ,Umuco n’ubwenge ,dore ubwiza bw’abakobwa Batanu bahagarariye abandi mu matora ya murandasi yatagiye ku...
Miss Rwanda ibaye ku nshuro ya 12 aho ahari gushakishwamo umukobwa uzahiga abandi mu bwiza ,Umuco n’ubwenge ,dore ubwiza bw’abakobwa Batanu bahagarariye abandi mu matora ya murandasi yatagiye ku...
Umusizi Bahali Ruth n’umumwe mu bakobwa 29 babonye itike yo guhagararira umujyi wa Kigali mu irushanwa rya ryabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Gashyantare 2022, ijonjora rya Miss Rwanda ryakomereje kuri Hill Top Hotel i Remera.
Muri rusange, abakobwa baratoranywa mu Mujyi wa Kigali bariyongera kuri 41...
Ibigwi bya Kazeneza Marie uri mu bakobwa 9 bahagarariye intara y’Uburengerazuba bari gushakwamo Nyampinga w’u Rwanda 2022 ,ubitse n’ikamba rya Kaminuza ya UTB ikamba amaranye...
Umunyarwandakazi Ishimwe Sandra Elyse usanzwe utuye muri Leta Zunze ubumwe ari mu bakobwa umunani bari guhatanira ikamba rya Miss Africa Arizona ritangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za...
Yagoforreal uri mu banyamakuru bahagaze neza mu myidagaduro nyarwanda akaza no mu ba ‘Youtubers’ b’imbere mu gihugu cy’u Rwanda, yafashe umwanya atomagiza inkumi yibera muri Leta Zunze Ubumwe za...
Mu gihe irushanwa ryo gushakisha nyampinga w’Isi 2021 ririmbanyije , Miss Ingabire Grace uhagarariye u Rwanda muri iri rushanwa ntiyabashije kuboneka mu bakobwa 10 bahize abandi mu bwiza bufite...
Umunyamakuru w’imikino,Rugangura Axel,uri mu bakunzwe cyane mu Rwanda mu kogeza umupira ku ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru,RBA, yaciye amarenga ko ari mu rukundo n’inkumi yibera muri Amerika....
Umunyamideli ukunzwe cyane mu guhugu cya Tanzania, Nelly Alexandra Kamwelu, agiye kugaragara mu mashusho y’indirimbo ya The Ben yakoranye na Diamond yamaze gufatirwa amashusho itegerejwe...
Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Zanoco FC yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’inkumi yo muri Portugal aho yamaze no gufata irembo.
Umunyana Shanitah wabaye igisonga cya mbere cya Nyampinga w’u Rwanda 2018, akaba na Miss supranational Rwanda 2019, agiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss East Africa rigiye...
Umuhanzikazi Thabita Uwizerwa uzwi ku izina rya Tabz, wagaragaye mu itsinda ry’abakobwa bari kubyinana na Niyonzima Olivier ’Seifu’ wamaze guhagarikwa mu ikipe y’Igihugu, Amavubi, mu gihe...
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yongeye kuvugwa mu bitangazamakuru ku byerekeye ubusambanyi nyuma y’aho umunyamideli w’Umunya Portugal witwa Natacha Rodriguez yavuze ko yamushotoye...