Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mpera z’uyu mwaka hagiye gutahwa ubusitani rusange bwatangiye kubakwa guhera muri Mutarama uyu mwaka bukazatahwa mu mpera z’uyu mwaka butwaye akayabo...
Umugore witwa Brenda Barattini w’imyaka 26 utuye muri Argentina yakase igitsina cy’umukunzi we akoresheje umukasi bakoresha bakata ubusitani amuhoye ko yashyize hanze amashusho bari gukora...
Rudakubana Jean Pierre, umunyarwanda ukomoka I Kibungo mu ntara y’Iburasirazuba wahoze akora mu rugo kwa Perezida Paul Kagame ashinzwe gukora mu ndabo aravuga ko hari byinshi yamwigiyeho byatumye...
Kuva isi yabaho mu myaka irenga miliyari 4.5 ikiremwa muntu kigaturaho,cyanyuze mu rugendo rurerure cyane kugeza aho kigeze uyu munsi.Igitangaje hari bamwe mu bantu babayeho cyera yewe na mbere...
Umugabo wakoraga akazi ko gukorera ubusitani mu rugo rumwe rwo mu ntara ya Tana River mu gihugu cya Kenya yateye inda abakobwa 3 bo mu rugo yakoragamo bose babyara abana b’impanga mu bitaro bya...
Madamu Carr ni Umunyamerika kazi watangije igihingwa cy’ibireti mu karere ka Rubavu mu murenge wa Mudende, n’ikigo kirera imfubyi "Orphelinat Imbabazi" nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994....
Kuri iyi si hari aho watemberera ukahakura ihungabana, ku bakunda gutembera, hagaragajwe zimwe muri hotel ziteye ubwoba kurusha izindi aho umuntu aburirwa kwirinda, ubishaka ariko ukahajya...
Mu ijoro ryakeye,inama y’Abaminisitiri yanzuye ko ibirori byo gusaba no gukwa n’ibyo kwiyakira kw’abitabiriye ubukwe bizajya bikorwa ariko itangaza ko amabwiriza mashya kuri iyi ngingo azatangwa na...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki 22/12/2017 Dream Boys iraza kuba iri Bugesera ahitwa ku Karumuna aho bari bwifatanye n’abakunzi babo ndetse n’abandi bikundira gusohokera ahantu hatuje...
Kim Kardashian n’ibindi byamamare birimo Sylvester Stallone na Kevin Hart, bagarutsweho n’ubuyobozi bwa Los Angeles muri Leta zunze ubumwe z’America kubera ko barenze ku mabwiriza agenga ikoreshwa...
Afurika y’epfo yasabye ko hahagarikwa cyamunara y’urufunguzo rw’icyumba cyo ku kirwa (izinga mu Kirundi) cya Robben Island cyahoze gifungiwemo Nelson Mandela wahoze ari Perezida w’iki...
Tariki ya 4 Nyakanga 2022, ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza Kwibohora ku nshuro ya 28, Abaturage b’i Goma bagizweho ingaruka n’iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo, na bo bazaba bibohora ubuzima...
Kuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo...
Umunyabigwi muri ruhago,Cristiano Ronaldo n’umuryango we bimutse mu nzu nziza cyane bari batuyemo mu Bwongereza kubera intama bari baturanye zakundaga kubakangura...
Umuhango wo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 27,ku rwego rw’Igihugu wabereye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, ahatashywe ku mugaragaro umudugudu ugezweho watujwemo imiryango...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Werurwe 2021, nibwo habaye umuhango wo gusezera kuri Padiri Ubald bwa nyuma no kumushyingura mu cyubahiro, mu Karere ka Rusizi ahazwi nko ku Ibanga...
Umurambo wa Padiri Ubald Rugirangoga uherutse kwitaba Imana tariki 7 Mutarama 2021 aguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagejejwe mu Rwanda, aho biteganyijwe ko uzashyingurwa mu ntangiriro...
Umurambo wa Padri Ubald Rugirangoga uzagezwa mu Rwanda ku wa gatandatu nimugoroba, ku wa mbere tariki ya mbere Werurwe 2021 nimugoroba ugezwe mu Karere ka Rusizi nkuko umunyamabanga wa Diyoseze...
Umugabo w’ahitwa mu Rusagara mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye yabitswe ko yapfuye, abe bagiye gufata umurambo ku bitaro basanga ari muzima.Nk’uko bivugwa n’abatuye mu Kagari ka Rusagara,...
Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame uri muruzindo rw’akazi mu gihugu cya Barbados yateye igiti cy’urwibutso mu mu busitani bw’iki gihugu buzwi ku izina rya ‘Barbados National Botanical Gardens’ .
Ni...
Inama njyanama y’umurenge wa Nyagatare mu karere ka Nyagatare yemeje ko ibigori abaturage bahinze mu mujyi birandurwa hanyuma uyu mwanzuro ushyirwa mu bikorwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu....