skol
Kigali

Search: Ubusitani (62)

Umujyi wa Kigali ugiye gutaha ubusitani bwatwaye akayabo ka miliyoni 226 FRW mu kubwubaka [AMAFOTO]

Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko mu mpera z’uyu mwaka hagiye gutahwa ubusitani rusange bwatangiye kubakwa guhera muri Mutarama uyu mwaka bukazatahwa mu mpera z’uyu mwaka butwaye akayabo...
5 November 2019 5186 0

Umugore yakase igitsina cy’umukunzi we akoresheje icyuma gitunganya ubusitani

Umugore witwa Brenda Barattini w’imyaka 26 utuye muri Argentina yakase igitsina cy’umukunzi we akoresheje umukasi bakoresha bakata ubusitani amuhoye ko yashyize hanze amashusho bari gukora...
24 April 2018 1347 0

Umugabo wakoraga mu ‘Ubusitani’ kwa Perezida Kagame arashima nyuma yo kugura amakamyo na Range Rover

Rudakubana Jean Pierre, umunyarwanda ukomoka I Kibungo mu ntara y’Iburasirazuba wahoze akora mu rugo kwa Perezida Paul Kagame ashinzwe gukora mu ndabo aravuga ko hari byinshi yamwigiyeho byatumye...
24 July 2017 16360 0

Dore ibitangaza 7 utari uzi bitazibagirana mu mateka y’isi harimo n’ubusitani bw’i Babiloni butendetse[AMAFOTO]

Kuva isi yabaho mu myaka irenga miliyari 4.5 ikiremwa muntu kigaturaho,cyanyuze mu rugendo rurerure cyane kugeza aho kigeze uyu munsi.Igitangaje hari bamwe mu bantu babayeho cyera yewe na mbere...
29 August 2018 5215 0

Umukozi wo mu rugo yateye inda abana b’abakobwa 3 bavukana b’aho yakoraga bose babyara impanga

Umugabo wakoraga akazi ko gukorera ubusitani mu rugo rumwe rwo mu ntara ya Tana River mu gihugu cya Kenya yateye inda abakobwa 3 bo mu rugo yakoragamo bose babyara abana b’impanga mu bitaro bya...
24 November 2020 19310 0

Menya byinshi kuri Madamu Carr wazanye ibireti mu Rwanda mu 1954, akanahasiga ikigo cy’impfubyi

Madamu Carr ni Umunyamerika kazi watangije igihingwa cy’ibireti mu karere ka Rubavu mu murenge wa Mudende, n’ikigo kirera imfubyi "Orphelinat Imbabazi" nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994....
6 April 2017 2219 0

Reba ibintu 5 buri muntu wese wumva ko afite igitsina cy’umugore akwiye kumenya

Hari byinshi bitari ukuri bivugwa ku mbuga nkoranyambaga ku gitsina cy’umugore/umukobwa, hari umugore wihaye intego yo kubikosora.
9 November 2019 13629 0

Hagaragajwe urutonde rwa Hotel ziteye amatsiko n’ubwoba ku isi[AMAFOTO]

Kuri iyi si hari aho watemberera ukahakura ihungabana, ku bakunda gutembera, hagaragajwe zimwe muri hotel ziteye ubwoba kurusha izindi aho umuntu aburirwa kwirinda, ubishaka ariko ukahajya...
20 September 2018 4328 0

Minaloc yashyize hanze amabwiriza agomba kuranga imihango y’ubukwe yakomorewe

Mu ijoro ryakeye,inama y’Abaminisitiri yanzuye ko ibirori byo gusaba no gukwa n’ibyo kwiyakira kw’abitabiriye ubukwe bizajya bikorwa ariko itangaza ko amabwiriza mashya kuri iyi ngingo azatangwa na...
1 June 2021 1673 0

Dream Boys kuri uyu wa gatanu irataramira Bugesera ku Karumuna

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki 22/12/2017 Dream Boys iraza kuba iri Bugesera ahitwa ku Karumuna aho bari bwifatanye n’abakunzi babo ndetse n’abandi bikundira gusohokera ahantu hatuje...
22 December 2017 359 0

‘Ugeze I Kigali aba agomba guhumeka Kigali akaririmba indirimbo Kigali iririmba’ Patricie Muhongerwa

Umuyobozi w’ umugi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’ abaturage yavuze ko umuntu wese ugeze I Kigali agomba guhumeka Kigali akarimba indirimbo Kigali iririmba ariyo ‘isuku n’...
9 May 2018 1993 0

Mu mafoto reba urutonde rw’ibintu bigaragara nk’aho bitangaje ugereranyije n’imitekerereze ya muntu[AMAFOTO]

Ibintu bigaragara nk’aho bitangaje ugereranyije n’imitekerereze ya muntu bigenda bihinduka uko isi igenda itera imbere. Ubwenge n’iterambere mu buhanga Bizana udushya uko bukeye. Mugihe cya kera mu...
18 May 2018 6022 0

Ubuyobozi bwihanangirije abarimo Kim Kardashian bakomeje kurenga kumabwiriza yashyizweho

Kim Kardashian n’ibindi byamamare birimo Sylvester Stallone na Kevin Hart, bagarutsweho n’ubuyobozi bwa Los Angeles muri Leta zunze ubumwe z’America kubera ko barenze ku mabwiriza agenga ikoreshwa...
24 August 2022 1552 0

Kinazi-Ruhango: Barasaba inzu y’amateka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

kuri uyu wa 24 Mata 2022 ,hibutswe ku ncuro ya 28 Abatutsi biciwe mu gice cy’Amayaga mu cyahoze ari Komini Ntongwe.
25 April 2022 483 0

Afurika y’Epfo irasaba ko cyamunara y’urufunguzo rw’aho Nelson Mandela yafungiwe ihagarikwa

Afurika y’epfo yasabye ko hahagarikwa cyamunara y’urufunguzo rw’icyumba cyo ku kirwa (izinga mu Kirundi) cya Robben Island cyahoze gifungiwemo Nelson Mandela wahoze ari Perezida w’iki...
25 December 2021 805 0

Yubatse akabari keza cyane munsi y’umusitani bwe kubera gukunda umupira n’agasembuye [AMAFOTO]

Se w’abana babiri yakoresheje ibihumbi 20.000 by’amapawundi mu kubaka rwihishwa akabari keza cyane munsi y’ubusitani bwe bw’inyuma y’urugo. Jody Wainright, ufite imyaka 41, ukomoka i Wakefield, mu...
14 December 2021 2454 0

Perezida Kagame agiye kubakira umudugudu w’icyitegererezo abakongomani umeze nk’uwo mu Kinigi

Tariki ya 4 Nyakanga 2022, ubwo u Rwanda ruzaba rwizihiza Kwibohora ku nshuro ya 28, Abaturage b’i Goma bagizweho ingaruka n’iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo, na bo bazaba bibohora ubuzima...
14 November 2021 1756 0

Kwibuka28: Hibutswe Abatutsi biciwe I Nyanza ya Kicukiro nyuma yo gutereranwa n’ingabo za ONU

Kuri uyu wambere tariki ya 11 Mata, ku rwibutso rwa Nyanza mu Karere ka Kicukiro,habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 28 Abatutsi basaga ibihumbi 96 bishwe mu gihe cya Jenoside barimo...
11 April 2022 888 0

Cristiano Ronaldo yimutse mu nzu y’akataraboneka yari atuyemo kubera urusaku rw’intama bari baturanye

Umunyabigwi muri ruhago,Cristiano Ronaldo n’umuryango we bimutse mu nzu nziza cyane bari batuyemo mu Bwongereza kubera intama bari baturanye zakundaga kubakangura...
16 September 2021 2960 0

Ibyihariye ku mudugudu w’icyitegererezo wa Kinigi uratahwa ku munsi wo #Kwibohora27 [AMAFOTO]

Umuhango wo kwizihiza umunsi wo kwibohora ku nshuro ya 27,ku rwego rw’Igihugu wabereye mu Karere ka Musanze, Umurenge wa Kinigi, ahatashywe ku mugaragaro umudugudu ugezweho watujwemo imiryango...
4 July 2021 1600 0

Umujyi wa Kigali watangiye gutunganya agace ka "Car Free zone" kugira ngo kanogere abidagadura [AMAFOTO]

Agace gasanzwe kazwi nka ’Car Free Zone’ katangiye gutunganywa n’Umujyi wa Kigali mu rwego rwo kuhahindura icyanya cyo kwidagaduriramo. Ni icyanya cyahawe izina ry’IMBUGA CITY WALK. Imirimo yo...
16 March 2021 1593 0

Padiri Ubald Rugirangoga yasezeweho bwa nyuma ku Ibanga ry’Amahoro [AMAFOTO]

Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Werurwe 2021, nibwo habaye umuhango wo gusezera kuri Padiri Ubald bwa nyuma no kumushyingura mu cyubahiro, mu Karere ka Rusizi ahazwi nko ku Ibanga...
2 March 2021 2154 0

Umurambo wa Padiri Ubald Rugirangoga wamaze kugezwa mu Rwanda

Umurambo wa Padiri Ubald Rugirangoga uherutse kwitaba Imana tariki 7 Mutarama 2021 aguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika wagejejwe mu Rwanda, aho biteganyijwe ko uzashyingurwa mu ntangiriro...
28 February 2021 1564 0

Aho Padiri Ubald Rugirangoga azashyingurwa hamaze kumenyekana

Umurambo wa Padri Ubald Rugirangoga uzagezwa mu Rwanda ku wa gatandatu nimugoroba, ku wa mbere tariki ya mbere Werurwe 2021 nimugoroba ugezwe mu Karere ka Rusizi nkuko umunyamabanga wa Diyoseze...
26 February 2021 2047 0

Huye: Yacukuriwe imva,Agurirwa isanduku ngo ashyingurwe, bagiye gufata Umurambo basanga ni Muzima

Umugabo w’ahitwa mu Rusagara mu Murenge wa Mbazi mu Karere ka Huye yabitswe ko yapfuye, abe bagiye gufata umurambo ku bitaro basanga ari muzima.Nk’uko bivugwa n’abatuye mu Kagari ka Rusagara,...
7 February 2022 2173 0

Skol ikomeje kudabagiza abakunzi b’Ibinyobwa byayo! Imurika bwambere Virunga Corner muri Kigali

Uruganda rwenga ibinyobwa bikungahaye mu buryohe no gutsirika icyaka n’Inyota ruzwi nka SKOL Brewery Ltd (SBL), rukomeje kwerekana ko rwamaze gushinga imizi ndetse ko ntakabuza ikitwa icyaka...
11 March 2022 1438 0

Inzu Abanyakigali bategererezamo imodoka zigiye kubakwa mu buryo bugezweho

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, bwatangaje ko ubuzu two hirya no hino abanyamugi bugamamo bategereje imodoka bugiye kurimbishwa bikomeye aho buzaba burimo aho gucomeka telephone mu gihe umuntu...
22 March 2022 1985 0

Perezida Kagame yateye igiti cy’urwibutso mu gihugu cya Barbados[AMAFOTO]

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame uri muruzindo rw’akazi mu gihugu cya Barbados yateye igiti cy’urwibutso mu mu busitani bw’iki gihugu buzwi ku izina rya ‘Barbados National Botanical Gardens’ . Ni...
17 April 2022 797 0

Ubushinjacyaha bwagaragaje neza uko Bamporiki yakoze icyaha cyo kwakira ruswa

Ubushinjacyaha bwagaragarije Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge uko Bamporiki Edouard yakoze icyaha cyo kwakira ruswa nawe yemeye. Aya mafaranga ngo yayahawe na Gatera Norbert ufite Uruganda ku...
21 September 2022 1093 0

Nyagatare:Abayobozi baranduye ibigori by’abaturage banabaca amande ya 50.000 FRW

Inama njyanama y’umurenge wa Nyagatare mu karere ka Nyagatare yemeje ko ibigori abaturage bahinze mu mujyi birandurwa hanyuma uyu mwanzuro ushyirwa mu bikorwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu....
28 September 2022 2118 0
0 | 30 | 60