Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yise Meghan Mrkle (Umukazana w’umwamikazi w’Ubwongereza Elizabeth II) umuntu mubi, mbere y’iminsi ibiri ngo asure igihugu...
Uyu munsi nyuma y’iminsi 20 Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rutegetse ko umugambi wa leta y’Ubwongereza wo kohereza abimukira mu Rwanda unyuranyije n’amategeko, leta ya London izanye umuvuno...
Umusirikare mu ngabo z’ubwami bw’Ubwongereza witwa Matthew Gallimore,yaciye ibintu mu binyamakuru kubera ukuntu yatereye ivi ku ngoro ya Buckingham Palace y’ubwami bw’ubwongereza agasaba umukunzi we...
Ikigo kigenzura amafaranga leta y’Ubwongereza ikoresha cyahishuye ko Ubwongereza buzariha u Rwanda nibura miliyoni 370 z’amapawundi muri gahunda y’icyo gihugu yo kohereza mu Rwanda abasaba...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yahagaritse agahigo kabi yari ifite ko kumara imyaka 55 itaragera ku mukino wa nyuma wa Euro aho kuri uyu wa gatatu yatsinze Denmark ibitego 2-1 mu minota 120 muri ½...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza yakoze akazi gakomeye isezerera Ubudage muri 1/16 cy’irangiza mu mikino ya Euro 2020 ku bitego 2-0 mu mukino wabereye ku kibuga cya Wembley mu mujyi wa...
Kim Darroch uhagarariye Ubwongereza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ,Perezida Donald Trump aherutse ku mwita igicucu kibi none yeguye ku mirimo ye yari ashinjwe muri iki...
Robert Jenrick yeguye ku mwanya wa minisitiri w’abinjira n’abasohoka mu Bwongereza, kuko atemeranya n’umushinga mushya w’itegeko ku Rwanda wa guverinoma...
Umukunzi w’umukinnyi Jack Grealish ukinira Aston Villa n’igihugu cy’Ubwongereza witwa Sacha Attwood w’imyaka 25 yahishuye ko yakiriye ubutumwa 200 bw’abafana b’Ubwongereza muri Euro bamubwira ko...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubwongereza, Priti Patel yasubije abanenga gahunda ya leta ye yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro, avuga ko bananiwe gutanga ibisubizo kuri icyo...
Umusifuzi wo muri Tunisia wasifuye umukino Ubwongereza butazibagirwa bwatsinzwemo na Argentina mu gikombe cy’isi cyo mu 1986, avuga ko "atewe ishema n’icyubahiro" kuba yarafashije Diego Maradona...
Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu rirasaba Ubwongereza guhagarika umugambi wo kohereza bamwe mu bimukira bari ku butaka bwabwo mu Rwanda.
Abadepite bo mu Bwongereza batoye banga impinduka zakozwe n’abasenateri ku mushinga w’itegeko ugamije kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza.
Ubwami bw’Umwamikazi Elizabeth II bwaranzwe n’umurava ukomeye mu nshingano ndetse no kwitangira ingoma ye n’abaturage be.
Yabaye izingiro ry’impinduka za bwangu mu isi mu gihe ijambo ry’Ubwongereza...
Umuvugizi wa Goverinoma y’ubwongereza Boris Johnson yanenze umushumba mukuru w’abangilikani ku Isi Archbishop Justin Welby uherutse kunega amasezerano y’u Rwanda...
Rutahizamu Mason Greenwood w’imyaka 18 ukinira Manchester United yongeye kugaragara anywa ibyitwa nitrous oxide bifatwa nk’ibiyobyabwenge mu gihugu cy’Ubwongereza cyane ko hari icyo byangiza ku...
Guverinoma y’Ubwongereza yatangaje ko ibikorwa by’imikino by’ingenzi harimo na shampiyona y’Ubwongereza Premier League, bishobora gukomeza guhera tariki ya 01/07/2020, ariko imikino igakinirwa muri...