Nubwo akiri muto umusore Ukiniwabo Rene Jean Paul akomeje kwigaragaza cyane mu marushanwa Team Rwanda yatumiwemo muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika aho muri Colorado Classic yatangiye mu ijoro ryo...
Ikipe izahagararira u Rwanda muri La Tropicale Amissa Bongo yamaze kumenyekana aho izaba irimo abasore 2 bakomeye nka Valens Ndayisenga na Areruya Joseph uherutse kwegukana Tour du Rwanda....
Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi ikina irushanwa rya Cascade Classics ryaberaga muri Leta Zunze Ubumwe ryasojwe ku cyumweru taliki ya 23 Nyakanga aho itahanye umwanya wa...
Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika rya Colorado Classic aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare yasoje irushanwa rya Colorado Classic iri ku mwanya wa 15 mu makipe 16 yari yitabirirye iri rushanwa ryari rimaze iminsi 4 ribera muri Leta Zunze...
Uwizeyimana Bonaventure yanditse amateka yo kwegukana irushanwa rya Tour du Cameroon ryabaga ku nshuro ya 15, nyuma yo kwambara umwenda w’umuhondo ku gace ka 5 yegukanye, bikarangira ntawe...
Umukinnyi Twizerane Mathieu ukinira ikipe ya CCA y’i Huye niwe wegukanye agace ka central challenge muri shampiona yo gusiganwa ku magare ya hano (Rwanda cycling cup)yari igeze ku gace ka karindwi...
Hasojwe ku mugaragaro shampiyona y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare (Rwanda Cycling Cup) aho agace ka nyuma katwawe na Mugisha Samuel uherutse kongera amasezerano mu ikipe ya Dimension Data...
Areruya Joseph ukinira Team Rwanda muri La Tropicale Amissa Bongo afite akazi ko kugumana umwenda w’umuhondo nyuma y’aho Ndayisenga Valens na Uwizeyimana Bonaventure bavuye mu irushanwa ku munsi...
Areruya Joseph ari ku muryango umwinjiza ku gukora amateka yo kuba umunyarwanda wa mbere wegukanye La Tropicale Amissa Bongo,kuko abashije kugumana umwenda w’umuhondo nyuma y’agace ka 6...
Areruya Joseph atumye ibendera ry’u Rwanda rizamuka nyuma yo kwitwara neza mu gace ka nyuma ka La Tropicale Amissa Bongo kegukanwe n’umutaliyani witwa Luca Pacioni ukinira Willier Sellelta. Nubwo...
Areruya Joseph na Bagenzi be bari bagize Team Rwanda bamufashije kwegukana La Tropicale Amissa Bongo ya 2018,bakiriwe nk’abami ubwo bageraga ku kibuga cy’indege I Kanombe bavuye kwesa imihigo muri...
• Minisitiri Uwacu Julienne yasuye ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare izahagararira u Rwanda.
• Minisitiri Uwacu yababwiye ko bagomba kwibuka ko bahagarariye u Rwanda bityo bagomba...
Umunya Algeria Azzedine Lagab ukinira ikipe ya GSP Algeria niwe wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda kazengurukaga umujyi wa Rwamagana inshuro 16 ku ntera y’ibirometero...
• Uwizeyimana Bonaventure niwe wegukanye agace ka 5 muri Tour du Rwanda 2017
• Uwizeyimana yegukanye agace ka mbere kuva yatangira gukina Tour du Rwanda
• Areruya Joseph niwe ugifite umwenda...
• Tour du Rwanda yari igeze ku munsi wa 3 aho hakinwaga agace kavaga Rubavu kerekeza I Musanze
• Areruya Joseph niwe wegukanye agace ka 3 kasoreje I Musanze
• Simon Pellaud aracyafite umwenda...
• Abashinzwe gutegura Tour du Rwanda basohoye amazina na nimero z’abakinnyi bose bazitabira Tour du Rwanda 2017
• Valens Ndayisenga niwe uzambara nimero 1 kubera ko yatwaye iy’ubushize
• Tirol...
Ikipe y’igihugu yo gusiganwa ku magare guhera ku wa gatatu iri mu myitozo ikomeye yo kwerekeza muri Leta Zunze ubumwe z’amerika mu irushanwa yatumiwemo rya Colorado Classics rizatangira taliki ya...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare FERWACY ryamaze gutangaza urutonde rw’abakinnyi 15 bazahagararira u Rwanda mu irushanwa rya Tour du Rwanda igiye kuba ku nshuro ya 9 aho izaba kuva...
Umusore Mugisha Samuel uherutse kubura mama we niwe wegukanye irushanwa ry’abakinnyi 30 barimo 27 bari kwitegura Tour du Rwanda y’uyu mwaka aho abasore bavaga I Nyanza berekeza I Rubavu ku ntera ya...
Ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare ryamaze gutangaza abakinnyi 28 bagomba kwitabira umwiherero wo kwitabira irushanwa ngarukamwaka ryo gusiganwa ku magare rya Tour du Rwanda aho...
Ikipe y’igihugu y’umukino wo gusiganwa ku magare igiye kwerekeza mu irushanwa ryo muri Cameroon ryitiriwe umugore wa Perezida w’iki gihugu rizwi nka Grand Prix Chantal Biya rizatangira ku italiki ya...
Umusore Ukiniwabo Rene Jean Paul wagombaga guhagararira u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare aho yagombaga guhatana mu gusiganwa mu muhanda mu batarengeje imyaka 23 yimwe Visa y’igihugu...
Abasore bazahagararira ikipe y’u Rwanda mu mikino y’isi yo gusiganwa ku magare izatangira ku Cyumweru taliki ya 17 kugeza ku ya 24 Nzeri uyu mwaka bamaze kumenyekana aho bagomba kwerekeza Bergen...
Ikipe y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare yari imaze iminsi muri Amerika aho yitabiriye amarushanwa 2 akomeye ariyo Cascade Classic yabaye mu kwezi kwa Nyakanga na Colorado Classic iherutse gusozwa...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 12 Kanama 2017 nibwo harakinwa irushanwa ryo kuzirikana umuco (Race for Culture),muri Rwanda cycling cup aho abasiganwa barava Gatuna berekeza mu karere ka...