Tom Close umwe mu bahanzi nyarwanda bamaze kubaka izina rikomeye muri uyu muziki, we nk’umuhanzi akaba n’umumbyeyi w’abana babiri abona ko umufana w’umuhanzi ari we uvamo n’umugore mwiza...
Umuhanzikazi Ariel Wayz umaze kwigarurira imitima ya benshi kubera impano ye itangaje yahishuy uko yisanze ari umufana w’ikipe ya Rayon Sports kandi atari asanzwe ari umufana w’umupira...
Myugariro w’ikipe ya Hamburg witwa Toni Leistner yakoze agashya ubwo bari bamaze kunyagirwa ibitego 4-1 mu gikombe cya DFB Pokal n’ikipe ya Dynamo Dresden,ajya gukubita umufana muri...
Umuhanzikazi Lady Gaga wo muri Amerika yahanutse ku rubyiniro agwa mu bafana arakomereka ubwo yishimanaga n’umufana mu gitaramo cyari cyabereye mu mugi wa Las...
Malaika wamenyekanye nk’umufana udasanzwe w’ikipe ya Rayon Sports yagaragaye afana APR FC avuga ko umuntu aba akwiye kujya ahamuha ibyishimo mu gihe atazi igihe asigaje ku...
Umuhanzi Harmonize, ubwo yari yagiye gutaramira abakunzi be mu Mujyi wa Mbeya, yakubiswe ingumi n’umufana we akizwa n’abashinzwe kumurindira umutekano.
Umutoza wa PSG,yabyukije intambara y’amagambo na Neymar Jr kuko yamunenze kubera imyitwarire mibi yagize kuwa Gatandatu,agakubita igipfunsi umufana wa Rennes warimo gufata amashusho abakinnyi ba...
Umukinnyi N’golo Kante ukinira ikipe ya Chelsea yongeye kwerekana ko ari we mukinnyi wicisha bugufi kurusha abandi bose ku isi kubera ukuntu yagiye kwihanganisha umufana wa Arsenal wari wishwe...
Abakinnyi 21 mu 184 batangiye isiganwa rikomeye kurusha ayandi yose mu mukino wo gusiganwa ku magare rya Tour de France bakomerekeye mu mpanuka mbi cyane yatewe n’umufana wari ufite igikarito ku...
Umuhanzi Platini P yahishuye ko kuva kera yari umufana ukomeye w’umuraperi Riderman, kuburyo yingeze kusimbuka ikigo yigagaho I Burate (Groupe scolaire officiel de Butare) akanjya u gitaramo cya...
Mu mashusho abafana b’umuziki wa Wizkid bavuga ko atagenzuwe neza n’umuhanzi Wizkid yasubije mu mvugo isa nibwira umufana ko ari umukene nyuma yo kumwita...
Rutahizamu Zlatan Ibrahimovic ukinira ikipe ya LA Galaxy muri MLS yatunguye benshi mu batuye isi ubwo yasohokaga mu kibuga iyi kipe ye imaze gutsindwa umukino wa ½ na Los Angeles FC,arangije afata...
Umufana wa Valencia yafashwe amashusho n’imwe muri camera zo ku kibuga cya Mestalla acira kuri rutahizamu wa Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang ,ubwo yishimiraga kimwe mu bitatu yaraye atsinze iyi...
Rutahizamu wa Rayon Sports,Bimenyimana Bonfils Caleb wakubitiye umufana I nyagatare ku mukino wahuje ikipe ye na Sunrise,yamaze gufatirwa ibihano na FERWAFA birimo gusiba imikino ine n’amande...
Ku mukino wo ku munsi w’ejo tariki 1 Ugushyingo 2018 Rayon Sports yatsinzemo Sunrise FC ibitego 2-1,Bimenyimana Bonfils Caleb yahawe ikarita itukura nyuma yo gukubita umufana winjiye mu kibuga...
Umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Uganda wamamaye nka Eddy Kenzo yahishuye icyamuteye gutera Microphone mu bafana ubwo yari ku rubyinoro, avuga ko ibyo yakoze kuri we byari bikwiye kuko yabitewe...
Miss Jordan Mushambokazi yasubije umufana we wamubajije ikintu cy’ingenzi adashobora kubaho adafite. Ni mu kiswe 100 questions ku rubuga rwa snapchat aho Miss Jordan Mushambokazi yasubizaga...
Umukinnyi wo hagati wa Tottenham witwa Eric Dier yaciye ibintu hirya no hino ubwo yavaga mu kibuga akajya muri stade mu bafana kurwana n’umufana washakaga guhohotera umuvandimwe we mu mukino...
Abongereza banga perezida Donald Trump bahohoteye umufana we wari wambaye ingofero yanditseho "Make America great again" ,bamumena amata mu mutwe ndetse bamuririmbira indirimbo zuzuye urwango...