Umuvugizi wa ADEPR , Rev. Karuranga yatangaje ko nta mukirisitu ukwiye kurwaza bwaki cyangwa se ngo abana be bate ishuri, uyu muyobozi avuga ko umukirisitu nk’uwo akwiye guhagarikwa mu itorero....
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Rwamagana icumbikiye umukirisitu wo mu idini Zion Temple ushinjwa kuba yashatse gutwika umukuru w’iryo dini Paul Gitwaza ku mugoroba wa tariki 17/07/2013 mu rusengero...
Ejo nibwo nasomye mu bitangazamakuru inkuru yasakaye ku amagambo yatangajwe na Apôtre Joshua Ndagijimana Masasu , uyobora itorero Evangelical Restoration Church ubwo yari gutanga inyigisho...
Abantu benshi bakomeje gutangazwa no kugwa mu kantu kubera amafoto akomeje gukwirakwizwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo bivugwa ko ari umupasiteri, ari gusambanya umugore...
Mu gace ka Baruwa kari mu Mujyi wa Lagos (Nigeria), umupasiteri wasengeraga umukirisito ngo imyuka mibi imuvemo, yamutwitse akoresheje lisansi arashya arakongoka...
Uyu mu pasteri wahuye n’uruva gusenya yafashwe na bamwe mu bayoboke be ubwo yari yambaye ubusa ari hejuru y’umukobwa usengera mu itorero ayobora baryohewe. Uyu mupasiteri witwa Joseph Ponda ukomeye...
Kuri wa gatatu,tariki ya 16 Kanama 2023, Abayisilamu bo mu burasirazuba bwa Pakisitani bakoze urugomo rukomeye kubera ibirego bivuga ko umugabo w’umukirisitu yasuzuguye...
Umuririmbyi Bruce Melodie atangaza ko yigeze kubwirwa n’umwe mu bantu atifuje gutangaza amazina ko yamurangira umuntu wamuha umuti akabasha kumenyekana mu ruhando rwa muzika mu buryo bworoshye...
Ku Cyumweru tariki 22 Mata 2018 nibwo Umunyarwanda Sebuyange na Nyirabakire bo mu Murenge wa wa Muhondo mu Karere ka Gakenke mu Ntara y’Amajyaruguru bakoze ubukwe bw’ amateka basezerana Imana...
Abakinnyi ba APR FC barimo Ngabonziza Gylain, Buregeye Prince na Nkomezi Alexis na Rubibi Bonk wa Bugesera Fc, bavutse bwa kabiri, babatirizwa mu mazi menshi kuri...
Umupasiteri wo mu Mujyi wa Bukavu muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Zigabe Cirhuza yakoze agashya ko gusezerana n’abagore batatu umunsi umwe.
Umupasiteri wo mu itorero rya Zion Temple witwa Ntacyobazantwara Jean Baptiste, yatanye umugore abana bane, asanga undi ukora umurimo wo kuririmba muri iri torero ndetse akaba na dilija wa Korali...
Umushumba Mukuru wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa Francis yakomoje ku bakiristo biyoberanya bakiyita abakirisitu kandi banyunyuza abaturage, bakanakora ubushabitsi burimo uburiganya avuga umuntu...
Yannick Mukunzi ni umusore w’imyaka 23 dore ko yabonye izuba taliki 2 ukwakira 1995 , mu Bwiza mu mugi wa Bujumbura mu gihugu cy’ u Burundi , Yannick Mukunzi ni umusore ufite uburebure bwa metero...