Mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Gihundwe,umuturage basanzwe bita ko ari umurwayi wo mu mutwe akaba anafite ubumuga bwo kutavuga, yagaragaye ari gusanira inzu umuturage utishoboye, bituma bamwe...
Misile ya Israel yaguye mu rugo rw’umuturage muri Gaza ariko kubw’amahirwe nticyaturika cyane ko cyari kwica abagize umuryango wose w’uyu muryango cyaguyemo cyane ko cyaguye neza ku buriri...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Mutarama Polisi y’u Rwanda ikorera Karere ka Ngororero mu Murenge wa Kabaya yagaruje bimwe mu bikoresho byo mu nzu byari byibwe umuturage inafata umusore ufite...
Polisi ikorera mu karere ka Rulindo Ku wa gatanu tariki ya 08 Mata yafashe abajura batatu batoboye inzu y’umuturage utaramenyekana amazina biba ibikoresho bitandukanye birimo , Decoderi ya canal...
Abaturage bo mu kagari ka Butare mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke baravuga ko batagisinzira neza kubera ingwe iherutse gushaka kwica abanyerondo bakayihungira mu kivu ndetse ikica...
Umugabo wiyitaga umuvuzi w’amatungo wigenga wo mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare yakingiye ihene n’intama by’umuturage izigera ku 110 zihita zipfa ako kanya na we aburirwa...
Umuturage wo mu murenge wa Katabagemu aravuga ko umunyamabanga nshingwabikorwa w’ umusigire mu kagari ka Bayigaburire bamukubise akamuvuna ukuboko akamusaba ko yakomeza imishinga yari kuzikorera...
Amakuru y’Umugoroba: Gitifu w’Umurenge muri Rubavu arakekwaho kwica Umuturage! Naho mu bijyanye na "Tour du Rwanda" mu Nzego z’Ibanze, Meya wegujwe aba ataniye he na Meya wirukanywe na "Njyanama"...
Umukarani w’ibarura yashumurijwe imbwa n’umuturage wo mu murenge wa Nduba mu karere ka Gasabo aho yari ageze ku rugo rw’ uwitwa Kanani aho bari baje kumubarura mu Ibarura Rusange ry’abaturage...
Nzayisenga Cyprien utuye mu mudugudu wa wa Gatovu mu Kagari ka Rungu mu Murenge wa Gataraga mu Karere ka Musanze, yamaze imyaka ibiri aba mu bwiherero nyuma y’uko inzu yabagamo isenywe n’umuturage...
Ukuriye umusigiti wa Cyinzovu (Imam) mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, yatawe muri yombi azira kwica ingurube y’umuturage yasanze ku musigiti ihazerera.
Ibi byabaye kuri uyu wa...
Ku mugoroba wo kuwa Gatanu tariki ya 03 Mata nibwo Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Bugesera muri Sitasiyo ya Ntarama yafashe abasore babiri bafashwe bamaze kwiba umuturage amafaranga y’u...
Inka Eshatu z’umuturage witwa Murwanashyaka Gilbert zatemwe mu ijoro ryo ku wa Gatanu rishyira ku wa Gatandatu tariki ya 28 Ukuboza 2019, mu Kagari ka Nyabigoma, Umurenge wa Kinigi, Akarere ka...