skol
Kigali

Search: Uturemangingo (139)

Wari uzi impamvu amabere y’abagore atangana?Wari uzi uko yongerwa cyangwa akagabanywa ?

Ubusanzwe imikurire y’umukobwa iyo ageze mu bwangavu, inazamo kwiyongera kw’ubunini bw’amabere. Ni ngombwa kuko aba amaherezo azakenera konsa abo azibaruka. Nyamara usanga ubunini bw’amabere...
3 August 2017 2956 0

Umushinwa yavumbuye urukingo ruzaha abantu ubudahangarwa bwo kutandura virusi itera SIDA

Umuhanga mu by’ubuzima witwa He Jiankui yatangaje ko yavumbuye urukingo ruzarinda abantu kwandura Virusi itera SIDA binyuze mu guhindura uturemangingo...
26 November 2018 2899 0

Indwara idakunze kuvugwa ya’sickle cell’ifatwa nk’amadayimoni yugarije Kenya

Indwara yibasira uturemangingo dutukura tw’amaraso (Globules rouges/red blood cells) yitwa Sickle cell, iri mu bihugu bitandukanye bya Africa kurusha ahandi hose ku...
12 June 2023 512 0

GUKUMIRA DIYABETE YO MUBWOKO BWA 2 BIRASHOBOKA

Diyabete n’iki?: Ni indwara idakira kandi itandura, ibaho igihe urwagashya rutakibasha kuvubura umusemburo wa insuline uhagije cg igihe umubiri utakibasha gukoresha insuline ku rwego ruhagije...
18 April 2022 5274 0

Yinjije virus ya SIDA rwihishwa mu gihugu cye ngo ayige akize ubuzima

Mu 1985, hagati mu ntamabara y’ubutita, isi yariho ihura n’inkubiri y’indwara n’imfu zidasanzwe kubera virus nshya. Hari hashize igihe gito Syndrome d’Immunodéficience Acquise (SIDA) yemejwe...
19 January 2023 2251 0

Umugore ukora muri Morgue ngo yabyaranye n’ umurambo w’ umugabo w’ abandi

Umugore w’ imyaka 26 y’ amavuko wo mu mujyi wa Kansas yatawe muri yombi nyuma y’ uko bapimye uturemangingo tw’ umwana we (DNA) bagasanga uyu mugore yaramubyaranye n’ umurambo w’ umugabo yigeze gupima...
26 August 2018 6019 0

Abapadiri bo muri Kenya babyaye bagiye kumenyekana

Ikigo cyigenga cy’ I Nairobi muri Kenya kigiye gupima uturemangingo DNA kigaragaze abapadiri babyaye abana.
27 August 2018 1122 0

Polisi ya Las Vegas yahawe urwandiko ruyemerera gufata DNA za Cristiano Ronaldo ushinjwa gufata ku ngufu...

Polisi ya Las Vegas yamaze guhabwa inzandiko ziyemerera gufata uturemangingo fatizo (DNA),tw’umukinnyi Cristiano Ronaldo kugira ngo batwifashishe mu iperereza iri kumukoraho ku birego ashinjwa byo...
11 January 2019 1465 0

Menya akamaro k’amata ku mubiri w’umuntu

Amata akorwa n’inyamabere zose; muri zo twavuga abantu, inka, ihene, intama, ingamiya n’izindi, akaba agenewe guhabwa abana bazo kugira ngo bakure neza kandi bagire ubuzima...
27 August 2020 8319 0

Umugabo uvugako ari Papa wa Meddie Kagere yakamejeje ashakako bapima DNA nubwo atibuka neza uwo bamubyaranye[AMAFOTO]

Vedasto Katologi wemeza ko ari se wa rutahizamu w’Amavubi na Simba SC yo muri Tanzania, Kagere Meddie, yasabye ko hakorwa ibizamini bya DNA (amasano abantu bafitanye hakoreshejwe uturemangingo...
4 January 2021 3126 0

Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kubera abana bavuze ko ari abe bagasaba umugabane

Urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge rumaze iminsi rwumva urubanza aho abana babiri bavugaga ko bashaka umunani mu mutungo wa nyakwigendera Gaspard Mirimo wari umukire. Nyuma yo kumva impaka...
16 January 2021 12049 0

Menya akamaro k’amata ku mubiri w’umuntu utari uzi

Amata akorwa n’inyamabere zose; muri zo twavuga abantu, inka, ihene, intama, ingamiya n’izindi, akaba agenewe guhabwa abana bazo kugira ngo bakure neza kandi bagire ubuzima bwiza. Amata ni kimwe...
4 July 2023 1259 0

Reba imyitwarire mibi ugomba kwirinda kuko igabanya ubudahangarwa bw’umubiri wawe

Ubudahangarwa bw’umubiri wawe, bugira akamaro gakomeye ku buzima kuko bwitabazwa mu kurinda no kurwanirira umubiri ibyashaka kuwuhungabanya byose. Burinda ko mikorobe zose zagira aho zimenera,...
8 June 2017 6657 0

Yatawe mu nzu y’ ubukode azira kubyara abana bafite ubumuga bw’ uruhu

Umubyeyi witwa Muhoza Janvière wari warashakiye mu karere ka Gisagara yugarijwe n’ ubukene nyuma yo gutabwa n’ umugabo bari barashakanye azira kubyara abana babiri bafite ubumuga by’ uruhu rwera....
17 April 2017 2583 0

Ibi ni ibintu 31 bitangaje utazi ku kiremwa muntu birimo kuba imiyoboro y’amaraso y’umuntu uyirambuye yazenguruka Isi inshuro...

Waruzi ko imiyoboro y’amaraso y’umuntu uyirambuye yazenguruka Isi dutuye inshuro ebyiri n’igice. Dore ibintu 31 bitangaje ushobora kuba utazi ku muntu
2 July 2019 2871 0

Isosi iboneka hatogoshejwe amagufa ifite akamaro gakomeye ku mubiri w’umuntu [UMUFA]

Umufa ni isosi iboneka hatogoshejwe amagufa y’inka, ihene, cg se inkoko, hari n’abakoresha amafi. Uyu mufa ni ingirakamaro cyane, kuko wuzuyemo intungamubiri...
9 September 2020 2734 0

Reba ibyo kurya bituma usaza vuba[AMAFOTO]

Amafunguro ashobora gutuma usaza vuba, ukaba wagaragara nk’ushaje nyamara imyaka yo ikiri mike. Mu gihe urya cyane ibiryo byongera ububyimbirwe mu mubiri (high inflammatory foods) kenshi,...
19 September 2020 5213 0

Reba ibintu 31 bitangaje ushobora kuba utari uzi ku buzima bwa muntu cg se ku muntu

Wari uzi ko imiyoboro y’amaraso y’umuntu uyirambuye yazenguruka isi dutuye inshuro ebyiri n’igice?, dore ibintu 31 bitangaje ushobora kuba utazi ku muntu.
11 January 2021 3605 0

Irebere ibyakubaho uramutse uhora wishimye

Hari ibintu twirengagiza mu buzima bwacu kandi bifite akamaro gakomeye, kwishima ndetse ugaseka burya koko byongera iminsi yo kubaho Nk’uko umukuru yavuze ati ‘guseka byongera iminsi yo...
7 February 2021 2195 0

Leta y’u Rwanda yasohoye iteka rigena guhinga no gukoresha urumogi

Leta y’u Rwanda yasohoye Iteka rya Minisitiri No 003/MoH/2021 ryo ku wa 25/06/2021,rigena ibyo abashoramari bagomba kuba bujuje kugira ngo bemererwe guhinga urumogi rwakwifashishwa mu buvuzi...
28 June 2021 1386 0

Diyabete indwara y’isukari nyinshi mu maraso, Menya byinshi kuri yo n’uburyo wayirinda

Diyabete cyangwa indwara y’igisukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye agira isukari nyinshi mu maraso,...
25 July 2021 10261 0

L.SUPREME VITA C UMUTI UKOMOKA KU BIMERA UVURA INDWARA Z’AMASO, IBIHAHA, KANSERI, UMWIJIMA, IGIFU N’IZINDI

Ubundi kuberiki vitamin C ari ingenzi ? Vitamin C ni ingenzi kuko ikora imirimo 3 y’ingenzi mu mubiri w’umuntu ariyo: Kurinda ingesi (antioxidant)bikarinda kanseri zitandukanye, Izamura...
5 April 2023 1641 0

Sobanukirwa indwara ya Cancer y’umwijima, ibimenyetso byayo, ikiyitera n’uko wayirinda

Umwijima ni rumwe mu ngingo mbumbatira buzima ruherereye mu nda ahagana iburyo ,rukaba ari urugingo rufite akamaro karenga 500 mu mubiri wacu,harimo gusohora imyanda mu mubiri ,gukora indurwe...
9 August 2023 2865 0

Reba ibintu 10 ushobora kuba utazi ku buzima bwa muntu

10. Buri muntu agira impumuro itandukanye niyundi Uretse impanga zisa neza( Vrai jumeaux/identical twins) naho ubundi buri muntu wese ku isi agira impumuro ye yihariye atahuza nundi. 9. Mu...
20 April 2017 7181 0

Ese koko kurya intoryi zitera umuntu kugira amabuno manini ?

Icyo wamenya ku ntoryi nuko zirinda umuvuduko mwinshi w’amaraso.
24 July 2018 6339 0

Sobanukirwa byinshi ku kamaro k’ibishishwa by’indimu ku buzima

Ibishishwa by’indimu nubwo benshi bakunda kubijugunya, nyamara byuzuyemo intungamubiri, enzymes n’ibindi binyabutabire bifitiye akamaro gatandukanye umubiri wacu. Hari ubushakashatsi bumwe na bumwe...
20 August 2020 2880 0

Reba akamaro k’imbuto za watermelon ku buzima bw’umuntu

Akenshi ukunze gusanga abantu benshi barya watermelon, bakuramo imbuto zayo bakazijugunya. Aya ni amakosa akomeye cyane, kuko imbuto za watermelon zifitiye akamaro kanini ubuzima...
14 September 2020 4475 0

Umunyarwandakazi w’imyaka 26 yabaye umuntu wa 26 uhitanywe na Covid-19 mu Rwanda

Kuri uyu Gatandatu tariki ya 19 Nzeri 2020, Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Umunyarwandakazi w’imyaka 26 yahitanwe na Covid-19 I Kigali.Abantu 26 nibo bamaze guhitanwa na Covid-19 mu...
19 September 2020 4111 0

Reba akamaro k’uruvange rw’amata n’ubuki ku buzima bw’umuntu mu gihe ubinyweye buri munsi

Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu ,ndetse bifite akamaro gakomeye.Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants),...
24 February 2021 10026 0

Sobanukirwa akamaro ko kunywa uruvange rw’amata n’ubuki ku buzima bw’umuntu

Kunywa amata arimo ubuki ni ingenzi ku buzima bw’umuntu ,ndetse bifite akamaro gakomeye.Ubuki bukoreshwa ahanini kubera ubushobozi bufite bwo gusukura no gusohora uburozi mu mubiri (Antioxidants),...
4 October 2021 4368 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120