Vatican ni umugi uherereye mu wundi mugi wa Rome mu Butariyani ndetse ukaba n’icyicaro cya Kiliziya Gatolika ku isi na Leta yayo Vatican ikanagira n’umwihariko wo kuba igihugu gito mu isi ku buso...
Papa Francis yategetse ko aba-Kardinali n’abandi bihayimana imishahara yabo igabanywa mu gihe Vatican ihanganye n’ubukungu bwifashe nabi kubera iki cyorezo.
Polisi y’umujyi wa Milan yafunze umugore w’imyaka 39 wakoreraga Kardinali Angelo Becciu, umwe mu bakomeye i Vatican uherutse kumanurwa mu ntera mu kwezi gushize aregwa kunyereza...
Kuri uyu wa Mbere tariki 20 Werurwe 2017, Umushumba mukuru wa Kiliziya gatolika ku Isi Papa Francis yakiriye Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame mu gihugu cya Vatican kiri mu gihugu cy’ u Butaliyani....
Uburenganzira Papa Francis yahaye abashumba ba Kiliziya Gatolika mu kwezi gushize bwo guha umugisha ababana ari abatinganyi n’ababana mu buryo butemewe na Kiliziya byamaganywe cyane n’abakuru b’iri...
Abashinzwe iperereza muri Vatican bari mu iperereza rikomeye ryo gushaka uwakoresheje Konti ya Instagram ya Papa Francis yarangiza agakora “like” ku ifoto y’umunyamideli witwa Natalia Garibotto...
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi Papa Francis yagize umugore witwa Dr. Francesca Di Giovanni umunyamabanga mu by’ububanyi n’amahanga aho azaba ashinzwe guhuza ibikorwa by’imibanire n’ibindi...
Inama y’abasenyeri gatolika bo ku isi hamwe n’abategetsi bakuru b’iri dini izwi nka Sinodi iratangira uyu munsi i Vatican ikuriwe na Papa Francis, aho yiga ku ngingo zikomeye zishobora kugeza ku...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yabonanye na Papa Francis i Vatican mu rugendo rwa mbere yagiriye mu bihugu by’ amahanga kuva mu mpereza z’ umwaka ushize ubwo yageraga ku...
Ku ya 30 Mutarama, umukobwa witwa Juju Vieira ukomoka muri Brazil, yasuye Basilika ya Mutagatifu Petero ya Papa i Vatican, yambaye imyendamigufi hamwe n’inkweto ndende zimeze nka Bote.
Avuga...
Umushumba wa kiliziya Gatorika,Papa Francis,yaciye ibintu mu binyamakuru ubwo yasomaga inkwero za perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo n’inyeshyamba batavuga rumwe Riek Machar nyuma yo kurangiza...
Papa Yohani Pawulo I, wategetse Kiliziya Gatolika iminsi 33 gusa mu 1978, Vatican yamushyize mu rwego rw’abahire – intambwe ya nyuma mbere yo kugirwa umutagatifu.
Umushumba Mukuru wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yahaye inkunga igihugu cya Sudane y’Epfo ingana n’amadorali ya Amerika 500,000. Iyi nkunga ije nyuma y’isubikwa ry’uruzinduko yagombaga...
Uwahoze Pope Emeritus Benedict XVI yatabarutse nyuma y’imyaka 9 yeguye ku ntebe y’Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku isi.
Uyu Papa Benedicto XVI yitabye Imana aho yabaga i Vaticani, ku myaka 95,...
Ni ikintu gitangaje kuri buri wese wakumva ko amategeko 10 Imana yahaye Mose wo muri Bibiliya, yapfa guhindurwa cyangwa se kuvongerwa na buri wese. Gusa, mu minsi mike ishize Umushumba mukuru wa...
Papa Francis yirukanye musenyeri Joseph Strickland wo muri leta ya Texas muri Amerika, umunenga bikomeye, ukemanga uburyo Papa ayoboyemo Kiliziya Gatolika.
Umushumba wa Kiliziya Gatolika yatangaje agahinda yagize kandi ko arimo gusengera abagizweho ingaruka n’ibiza byavuye ku mvura yaguye mu ijoro ryo kuwa kabiri mu Rwanda, nk’uko ikinyamakuru Vatican...
Umucamanza w’i Vatican yategetse ko abantu 10, barimo na Karidinali w’Umutaliyani, baburanishwa ku bivugwa ko ari ibyaha bijyanye n’imari.
Karidinali Angelo Becciu yabaye uwihayimana wa mbere wo...
Inama yahuje Papa Francis n’abepiscopi batandukanye I Vatican yemeje ko abagabo bafite abagore ubu bemerewe kujya mu gipadiri bagakora umurimo nk’uwo bapadiri basanzwe...