Ababarirwa mu bihumbi n’ibihumbi batavuga rumwe na Leta y’igihugu cya Venezuela bari mu myigaragambyo ikomeje guhitana bamwe abandi ikabakomeretsa.
Abantu batatu barimo umusore, umugore n’...
Umunyapolitiki akaba n’umuhanzi,Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine yatangaje ko mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu yagiranye ibiganiro na Perezida wa Venezuela,Juan Guaido,ku bijyanye nuko...
Muri Venezuela ibintu bimaze gufata indi ntera, abagizi ba nabi bivugwa ko batumwe na perezida w’igihugu, bitwaje ibibando, ibyuma ndetse n’izindi ntwaro barahohotera uko bukeye nuko bwije...
Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa uri mu bakobwa 80 bahatanye mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss World 2017 akaba anahagarariye u Rwanda, yatangaje ko iyo Nelson Mandela wayoboye Afurika y’Epfo aba...
Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela yavuze ko Afurika ari yo yahesheje Ubufaransa igikombe cy’isi cy’uyu mwaka cyaberaga mu Burusiya, asaba ko Uburayi bukwiye kureka ivangura rikorerwa...
Ku munsi w’ejo Taliki ya 13 Ukuboza 2018,nibwo abashinzwe gutegura ikirori kimaze kubaka izina ku isi yose cy’ubusambanyi bubera ku kirwa kizwi nka Sex Island bashyize hanze amafoto ya Hoteli yitwa...
Umugabo ukomoka muri Venezuela, yatumiye abagize umuryango we,inshuti ze ndetse n’umukobwa w’inshuti ye mu kirori gikomeye yateguye mu rwego rwo gushimira umukunzi we ko yamuciye inyuma agasambana...
Indege ya Kajugujugu yari itwaye umukuru w’igihugu cya Colombia, Iván Duque Márquez, yarashweho amasasu ubwo yazengurukaga mu gace kari hafi n’umupaka w’icyo gihugu na...
Ikipe y’igihugu y’Ubwongereza y’abatarengeje imyaka 20 yaraye ikoza amateka yaherukaga kuba mu mwaka wa 1966 ubwo batwaraga igikombe cy’isi batsinze ikipe ya Venezuela igitego kimwe ku busa imikino...
Ikipe y’ igihugu y’ u Bwongereza yongereye gukandagiza ikirenge ku mukino wanyuma w’ igikombe cy’ Isi cy’ abatarengeje imyaka 20. Yabiherukaga mu mwaka wa 1966.
Kuri uyu wa Kane tariki 8 Kamena...
Umunyamideli w’uburanga ukomoka muri Venezuela witwa Alexandra Mendez yashyize hanze ubutumwa yohererejwe na Cristiano Ronaldo amubwira ko azasoma ikibuno cye natsinda igitego ubwo yari agikina...
Mu marushanwa yo guhatanira ikamba rya Miss Spranational 2016 yari amaze ibyumweru 3 Srinidhi Shetty w’imyaka 24 wari uhagarariye u Buhinde ni we wambitswe iri kabamba .
Aya marushanwa...
Ku isaha ya saa munani i Kigali hari saa mbili z’ijoro mu gihugu cya Philippines ahamaze kumenyekana umukobwa wabaye Miss Earth 2017.Uwase Hirwa Honorine wamamaye nka Igisabo wari waserukiye u...
Imiryango y’ abagororwa 68 bari bafungiye ahitwa Carabobo mu gihugu cya Venezuela iri mu gahinda nyuma y’ uko abantu babo baguye mu mvururu zadutse ubwo umwe mu bagororwa yarasaga umupolisi...
Umunya Venezuela witwa Alicia Machado wabaye Miss w’isi(Miss Universe)yatangarije abanyamakuru ko Donald Trump yashatse ko baryamana nyuma yo kuba Miss birangira atamukundiye.
Machado yavuze ko...