Umuyobozi Mushya wa WASAC, Aimé Muzola yatangaje ko amakosa yakorewe muri iki kigo ndetse no kuba cyararanzwe n’ibibazo by’urudaca byatumye isura y’ikigo ihindana ariko ko yizeye impinduka mu minsi...
Water and Sanitation Corporations Group Ltd is the Entity setup to manage Water and Sanitation Services in Rwanda as a result of the Government of Rwanda’s (GoR) decision to reform the former...
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Austin Peter Luwano uzwi nka Uncle Austin ni umwe mu bahanzi bakomeye hano mu Rwanda mu njyana ya Afro Beat, nyuma yo kwicirwa urugi akanafungirwa amazi n’umukozi wa...
Sano James wari umuyobozi mukuru w’ ikigo cya Leta gishinzwe amazi isuku n’ isukura WASAC ari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda guhera tariki ya 02 Nzeli 2017 akurikiranyweho gutanga amasoko mu buryo...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyatangaje ko Hoteli yitwa Hilltop Hotel and Country Club iherereye mu Mujyi wa Kigali yafatiwe mu cyuho iri kwiba amazi bituma icibwa...
Umugenzuzi mukuru w’ imari ya Leta Obadiah Biraro, kuri uyu wa 3 Gicurasi 2017 yagejeje ku bagize inteko ishinga amategeko imitwe yombi raporo y’ ubugenzuzi bakoreye mu bigo byose Leta y’ u Rwanda...
Byigero Dusenge Alfred wayoboraga WASAC yirukanwe ku mwanya we muri iki kigo hanyuma inshingano ze zihabwa by’agateganyo Umuhumuza Gisèle.
Bwana Byigero yirukanwe ku mpamvu zitatangajwe kuri uyu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwemeje ko rurimo gukora iperereza kuri Alfred Byigero uherutse kwirukanwa ku buyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amazi, isiku n’Isukura (WASAC), ndetse na...
Abashashatsi bateraniye I Kigali mu nama yiga ku kwita ku bidukikije baragaya uburyo bukoreshwa mu mugi bwo gucukura ibyobo bifata amazi kuko ayo mazi baba bayapfushije ubusa kandi bakiyakeneye....
Polisi ikorera mu Karere ka Ruhango ku bufatanye n’abaturage yafashe uwitwa Masumbuko Laurent w’imyaka 33 ucyekwaho kwiba amatiyo 59 yo mu muyoboro w’amazi anyura mu Murenge wa Kinazi, Akagari ka...
Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya leta, Biraro R. Obadiah, kuri uyu wa gatanu tariki ya 15 Gicurasi 2020 yagejeje ku Nteko Ishinga Amategeko raporo y’ubugenzuzi y’umwaka wa 2019 , ishyikirizwa imitwe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu,taliki ya 21 Nzeri 2019, Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, rwatangaje ko rwafashe abantu umunani(08) bakekwaho gukoresha nabi cyangwa kunyereza...
Akarere ka Karongi kizihije umunsi wahariwe amazi (Water Day )kuri uyu wa 29 Werurwe 2023,gafatanyije n’abafatanyabikorwa bako barimo WASAC, Water for People na World Vision.
Uyu munsi wizihijwe...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Lambert Dushimimana Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba asimbuye Francis Habitegeko uherutse guhagarikwa, na ho Armand Zingiro agirwa Umuyobozi...
Ikigo gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC) cyatangaje ko kuva kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Kanama kugeza kuwa Gatanu tariki 12 Kanama 2022, ibice bimwe by’Umujyi wa Kigali bizaba bidafite...
Minisitiri w’ Intebe w’ u Rwanda Dr Ngirente Edouard yitabye abasenateri kuri uyu wa 25 Ukwakira 2018 abagezaho ibisobanuro ku kibazo cy’ amazi meza ataragera ku baturage n’ ingamba zihari,nabo...
Bamporiki Edouard, Umudepite mu nteko ishingama amategeko y’ u Rwanda yashimiye umugenzuzi mukuru w’ imari ya Leta ku kazi gakomeye akora ko kugenzura imikoresherejwe y’ ingengo y’ imari ya Leta...
Kuwa Gatatu, tariki ya 5 Mata 2017, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.
Inama y’Abaminisitiri yemeje imyanzuro...