Kuri uyu wa gatanu ubuyobozi bw’abafana ba Chelsea FC mu Rwanda bwamuritse ibikoresho bitandukanye bahawe n’iyi kipe yo mubwongereza murwego rwo kwereka abafana bayo baba mu Rwanda ko ibazirikana...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA,ryamaze guca ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi ijana ku ikipe ya Rayon Sports ndetse na APR FC kubera ubushyamirane bwaranze abafana...
Nyuma y’amezi menshi nta bafana bagera ku masitade kubera icyorezo cya Covid-19,ikipe ya Rayon Sports yagaruye abafana ku mukino uzayihuza na Kiyovu Sports ku Cyumweru, tariki ya 24 Ukwakira 2021,...
Ikipe yitwa FC Seoul yo mu gihugu cya Koreya y’Amagepfo yasabye imbabazi abakunzi ba ruhago nyuma y’aho ikoze agashya ikuzuza mu myanya y’abafana ibipupe byifashishwa mu gutera akabariro ngo bizibe...
Abakinnyi ba APR FC ntibishimiye ko abafana babo batakiza ku bwinshi by’mwihariko mu mikino ibiri iheruka irimo uwa Etincelles FC n’uwa Etoile de l’Est waraye...
Umwe mu bayobozi b’abafana ba Rayon Sports yasabye abo basangiye gukunda iyi kipe ko bakwirengagiza agahinda batewe n’umukino wa Al Hilal Benghazi watumye batagera mu matsinda ya CAF...
Umukinnyi wa Chelsea ukundwa cyane n’abafana,N’golo Kante,yaraye yifatiye ku gahanga Real Madrid iyikandira hagati mu kibuga kugeza ivuyemo byatumye abafana bajya kumutegerereza inyuma y’ikibuga...
Umutoza wa Arsenal udakunzwe n’abafana,Unai Emery yabwiye abanyamakuru ko atazi neza niba uwahoze ari kapiteni we Granit Xhaka azongera gukina nyuma yo gutuka abafana be ku mukino wa Crystal...
Umunyezamu wa Rayon Sports,Kimenyi Yves waraye ubaye intwari mu mukino wa ½ iyi kipe yasezereyemo Police FC mu gikombe cy’Agaciro,yahawe akayabo k’amafaranga n’abafana ba Rayon Sports uruhago yari...
Umuhanzi Jason Derulo ku wa Gatanu yaririmbiye abafana be ari ku ibaraza aho kuba imbere mu nzu yagenewe kuberamo ibitaramo, nyuma yaho igitaramo cye cyari kubera i Prague mu murwa mukuru wa...
Umutoza wa Rayon Sports yavuze ko yakozwe ku mutima n’abafana bayo aho yabagereranyije n’ab’amakipe akomeye y’iwabo muri Brazil,by’umwihariko Flamengo.
Kuri iki cyumweru Urban Boys yanenzwe n’abafana bayo nyuma yo gusohoka mu kabyiniro aho bari bagiye kwerekana amashusho yabo kubera ko bahahuriye n’umuhanzi ukizamuka nawe wari uje kwereka abafana...
Umuyobozi wa APR FC, Col Karasira Richard yatangaje ko ari yo kipe irusha izindi abafana mu Rwanda, atanga n’igihamya ku bayigereranya na mukeba, Rayon...
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles yasezeranyije abafana ba APR FC ko azabahorera atsinda Rayon Sports ibitego 4 kuri 2,abatumira kuzaza kuyiha...
Umunyabigwi wa Manchester United,Cristiano Ronaldo yabwiye abafana ba Manchester United ko ’bakwiriye ibyiza,ibyiza cyane’ kuruta imikinire iteye isoni bagaragaje mu mukino banyagiwemo na...
Abafana ba Real Madrid barakariye cyane umukinnyi wa Eden Hazard nyuma yo gusezererwa na Chelsea hanyuma akagaragara ari guseka cyane ari kumwe na bamwe mu bakinnyi ba...
Justin Bieber umaze iminsi micye ahinduye umusatsi akawushyiramo ’Dreadrocks’, abafana be ntibabyishimiye kuri ubu bari kumusaba kuba yasubiza umusatsi we uko wahoze mbere y’uko awushyizemo...
Abafana ba Schalke O4 barakaye cyane ubwo iyi kipe yabo yamanukaga mu cyiciro cya kabiri nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 na Arminia Bielefeld nayo itari ku rwego rwo...