Imvubu yari imaze iminsi yona imyaka y’abaturage bo mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabare, yaraye irashwe n’abasirikare irapfa,abaturage bashaka inyama zayo ariko ntibazihabwa...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali iraburira abari bafite ingeso yo gutega abaturage bakabambura cyangwa bakiba mu bundi buryo ko babireka kuko ku bufatanye n’abaturage n’izindi nzego...
Umukozi ushinzwe iterambere n’imibereho myiza y’abaturage mu Kagari ka Nyabikiri mu Murenge wa Kabarore mu Karere ka Gatsibo, yatawe muri yombi akekwaho ubujura bwa televiziyo abaturage bari...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali iraburira abari bafite ingeso yo gutega abaturage bakabambura cyangwa bakiba mu bundi buryo, ko babireka kuko ku bufatanye n’abaturage n’izindi nzego...
Umuyobozi w’ umudugudu wa Nyarurama akagari ka Nyakibungo umurenge wa Gishubi mu karere ka Gisagara abaturage ayoboye bamaze imyaka ibiri ikurikirana batanga ubwisungane mu kwivuza ku kigero cy’...
Abaturage bo mu Murenge wa Rwimbogo mu Karere ka Rusizi, baje mu Nteko y’Abaturage ari benshi bijejwe ko baza kugaragarizwa abakekwaho kwica Umupolisi uherutse gusangwa ku muhanda yapfuye, ariko...
Mu karere ka Nyarugenge ho mu mujyi wa Kigali,hatangiye gukoreshwa imashini abaturage bakoresha bagaragaza uko bakiriye serivisi bahawe, itu tumashini twashyizwe muri serivisi zikenerwa...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nzeri Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi kubufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage bafashe itsinda ry’abantu 12 bacyekwaho gutega abaturage...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Kanama ku bufatanye n’abaturage Polisi yafashe Kangabe Margarita w’imyaka 58 na Mukamukomeza Dorothe w’imyaka 35, bafashwe nyuma yo kwambura abaturage amafaranga y’u...
Kuri iki cyumweru, Perezida Kagame yongeye gutungura abaturage nyuma yo kuva mu modoka agasuhuza abaturage bo mu duce twa Rwinkwavu na Kabarondo ho mu karere ka Kayonza, mu burasirazuba...
Abaturage bo mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Musanze baratunga agatoki ubuyobozi kubadindiza mu iterambere kubera guhora babwirwa “uzagaruke ejo”.Bagaragaza kandi ko kwamburwa agaciro...
Abayobozi n’abaturage bo mu Mudugudu wa Ruhango, Akagari ka Ruliba, Umurenge wa Kigali ho mu Karere ka Nyarugenge, Umujyi wa Kigali, barwanye bapfa ibyokurya Leta yatanze ngo bigoboke abatishoboye...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 28 Kanama Polisi ikorera mu karere ka Kayonza mu murenge wa Mukarange mu kagari ka Kayonza ku makuru yatanzwe n’abaturage, abapolisi bafashe Nkubito Emmanuel w’imyaka 22...
Ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru buravuga ko umuyobozi ushinzwe ubuhinzi mu murenge wa Nyabimata witwa Bikorimana Gilbert na we yafatanywe imifuka 15 y’imbuto y’ibirayi,na 12 y’ifumbire byari...
Abahinzi mu batuye mu kagali ka Kabona umurenge wa Kinazi ho mu karere ka Huye,barasaba ikigo gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB kubishyura imyaka yabo ngo ihora yonwa n’inka z’iki kigo ziba...
Mu nteko y’abaturage yabereye mu Murenge wa Cyuve, mu Kagali ka Cyanya, ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bifatanije n’inzego z’umutekano ndetse n’abaturage bakuye umukobwa w’imyaka 19 mu rugo rw’iwabo...
Abagizi ba nabi bataramenyekana batangiriye abaturage mu Murenge wa Uwinkingi mu Karere ka Nyamagabe, barabatema bakomeretsamo bane barimo babiri bakomeretse...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 30 Ukuboza, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abagabo batatu bafashwe na Polisi bakaga abaturage amafaranga babizeza ko bazabaha impushya zo...