Mugwaneza Lambert uzwi mu muziki nka Social Mula yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ’Amahitamo’ yafashwe hakoreshweje utudege tutagira abapilote ’Drones’ zimenyereweho gufata amashusho yo mu...
Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Dr Ngabitsinze Jean Chrysostome, yavuze ko abaguze umuceri utujuje ubuziranenge muri Tanzania bafite amahitamo abiri gusa yo kuwusubiza aho bawuranguye cyangwa...
Guvernoma y’ u Rwanda yatangaje ko impunzi za Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo ziri mu Rwanda icyatumye zigaragambya atari uko Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita kumpunzi ryagabanyije...
Perezida Uhuru Kenyatta wa Kenya yavuze ko azatanga ubutegetsi aseka abuha William Ruto, ashimangira ko uwo yifuzaga ko amusimbura Raila Odinga ari we wari kuba amahitamo meza yo gutegeka Kenya....
Uwahoze ari umutoza wa Arsenal,Arsene Wenger ari mu gihirahiro cyo guhitamo ikipe yerekezamo kuko amakipe akomeye arimo Real Madrid,PSG na AC Milan yose...
Myugariro wa Chelsea Reece James yibasiwe cyane kuri Twitter nyuma yo kuvuga ko Cristiano Ronaldo ari uri umuhanga cyane kurusha Lionel Messi.
Abafana bamwe bavuze ko nta bumenyi na buke afite...
Minisitiri w’Ubumwe n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene, yavuze ko ku itariki nk’iyi mu 1994, Abatutsi biciwe ahantu 24 mu turere 13 mu Ntara zose...
Umusomyi w’ Umuryango yatwandikiye yifuza inama yawe. Ni umusore yakundanye n’ umukobwa abahungu babana bamubwira ko uwo mukobwa ari mubi. Abona undi bagenzi be bamubwira ko ari mwiza nyuma aza...
Betty Kyallo uri mu bakunzwe mu itangazamakuru ryo mu Gihugu cya Kenya yahishuye umugabo yifuza ibyo akwiye kuba yujuje asaba abakobwa kugira amahame bagenderaho mu kugira amahitamo y’umugabo...
Umuhanzi Will.i.am uzwi cyane mu itsinda rya Black eyed peas yise Kanye West igicucu kubera amagambo yatangaje ko ubucakara bwakorewe abirabura mu myaka 400 yari amahitamo...
Umushabitsi w’umunyamideli Zari Hassan, yatangaje ko yahuye n’ababyeyi b’umukunzi we Shakib Lutaaya, avuga ko yiteguye kubabyarira abuzukuru ku bw’amahitamo ye atitaye kubyo rubanda...
Perezida wa Kenya, William Ruto, yavuze ko kuba amaze iminsi bigaragara ko yatakaje ibiro byatewe n’amahitamo yagize yo kunanuka nyuma yo kubona ko yavuye mu bikorwa byo kwiyamamaza yarabyibushye...
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame baraye bakiriye ku meza Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda mu birori bisoza umwaka wa 2023,aho yavuze ko u Rwanda rwateye imbere kubera amahitamo...
Perezida wa Uganda akunze kwigira nyoninyinshi iyo abajijwe ku bijyanye n’uburyo akomeje gushyigikira umutwe urwanya u Rwanda witwa RNC, agashaka kwerekana ko bamwe mu buyobozi bwe ari bo bari...
Rutahizamu wa Rayon Sports,Micheal Sarpong yabuze amahitamo kubera amakipe 3 yo mu Bushinwa yose yamubwiye ko amukeneye kugira ngo ayafashe kubona ibitego.
Kubarwa mu baherwe ba mbere bo muri Afurika ni amahirwe yifuzwa abantu benshi batabaho kwishimira. Bavuga ko kuvuka uri umukene ni byanze bikunze ariko gupfa uri umukene ni amahitamo y’umuntu ku...