Mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo iri mu Burasirazuba bwa Congo Kinshasa hamaze kumenyekana abarwayi babiri ba Ebola, ni bwo bwa mbere iyi ndwara ihavuzwe kuva yakwaduka muri iki gihugu, umuntu wa...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu ku rwego rw’intara muri Kivu y’Amajyepfo, Albert Labani yahakanye amakuru yavugaga ko inyeshyamba za M23 zaba zarageze no muri iyi ntara ahazwi nka Ngoma, muri...
Bamwe mu rubyiruko rutujuje imyaka 18 y’amavuko rwo mu Ntara y’Amajyepfo, baravuga ko amabwiriza yashyizweho yo kubakumira mu tubari, ababangamiye kuko na bo bakeneye...
Ubushakashatsi ku ndwara zitandura bwamuritswe na Ministeri y’Ubuzima (MINISANTE), ku wa Gatanu tariki ya 30 Kamena 2023, bwagaragaje ko Intara y’Amajyepfo n’iy’Iburasirazuba ziza imbere mu kugira...
Guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Kanama, amasasu aravuza ubuhuha mu mirwano ikomeye ihuje imitwe ibiri y’inyeshyamba, Mai-Mai na Gumino, mu bice bya Bilambili na Ngezi, hafi ya...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iteganyagihe cyongeye gutangaza ko imvura iziyongera mu bice vitandukanye by’igihugu ariko by’umwihariko mu ntara y’Amajyepfo no mu...
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo,FARDC zarahiriye kugaba ibitero ku nyeshyamba z’Abarundi n’Abanyarwanda zanze kuva mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Kuri iki Cyumweru, itariki 13 Kanama, urugomo rwibasiye umujyi wa Nyala wo mu burengerazuba bwa Sudani ndetse n’ahandi muri leta ya Darfur y’Amajyepfo, nk’uko abatangabuhamya babitangaje, bituma...
Abanyamakuru b’imikino bo muri Amerika y’Amajyepfo bibasiye cyane kubera ko atagikunda kugaragara mu batsinda ibitego mu ikipe ya Argentina mu mikino ya Copa America 2019 aho bavuze ko icyo afasha...
Abarimu b’amashuri abanza n’ayisumbuye bo mu turere tumwe na tumwe two mu ntara y’Amajyepfo bababajwe n’imishahara yabo y’ukwezi kwa mbere yatinze kubageraho aho bamwe bagiye kwivuza ku munsi w’ejo...
Kubera ikibazo cy’inyubako igihugu cya Sudani y’Amajyepfo gifite,bamwe mu baminisitiri n’abaguverineri bari gukorera munsi y’ibiti ndetse bajya ku kazi bagenda...
Nyuma y’imyaka igera ku icumi hatangijwe gahunda yo guca nyakasi ndetse muri 2012 bigatangazwa ku mugararago ko nyakatsi yarandutse ndetse imiryango yari iyituyemo ikaba iba mu mabati cyangwa...
Gahunda y’ibikorwa byo guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda ya 2018-2024 (Strategic Plan for Agriculture Transformation 2018-24) igaragaza ko uruhare rw’ubunzi bworozi mu iterembere...
Kuvugurura ubwikorezi mu mazi ya Nyabarongo ni wo mwanzuro mugari wafatiwe ku Kamonyi mu nama y’umutekano yahuje ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru.
Ibi byakozwe hagamijwe guca...
Abajura 3 bitwaje intwaro bateze abantu bari bagiye gusura ishusho y’icyamamare ya Yezu iherereye mu mujyi wa Rio de Janeiro bambura buri wese ibyo yari afite byose gusa nta muntu wapfiriye muri...
Mu gihe bamwe mu baturage bo mu cyiciro cy’abitwa ko bahoze barasigajwe inyuma n’amateka bavuga ko hari aho bagihezwa ndetse no kunenwa bya hato na hato kandi ngo n’ubufasha bagenerwa na leta hamwe...
Muri kaminuza ya Dongguk yo mu mugi wa Seoul muri Koreya y’Amajyepfo hafunguwe ishuli ryigisha abasore n’inkumi gutereta ndetse no gufasha abantu kumenya guhitamo neza abo bakwiriye...
Abakobwa 20 bahataniye ikamba rya Nyampinga w’Igihugu cy’U Rwanda 2018 bamenyekanye mu ijoro ryo ku wa 03 Gashyantare, 2018 mu birori byabereye I Gikondo mu ihema rinini ahari hateraniye umubare...
Imikino y’Akarere ka gatanu iratangira kuri uyu wa gatandatu taliki ya 22 Nyakanga aho ikipe y’u Rwanda iratangira yesurana na Sudan y’amajyepfo ku I saa moya z’umugoroba.Imikino yose y’akarere ka...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 20 Mutarama, 2018 mu Ntara y’Amajyepfo habereye igikorwa cyo guhitamo abakobwa bazaserukira iyi ntara mu irushanwa rya Miss Rwanda 2018 aho mu bakobwa 14...