Kenyatta yatowe kuri 98%
abaguye mu myigaragambyo ni bane
Abantu barenga imiliyoni 19 nibo bagombaga gutora
Amatora yitabiriwe na 40%
Mu gace ka Kitui amatora yakerewe bitewe ni uko bisi yari...
Bamwe mu barimu bigisha ku ishuli ribanza rya Kagerero riherereye mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera, baravuga ko ngo ubuyobozi bw’iki kigo bufatanyije n’ubw’Umurenge n’Akarere buri...
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude
Ubuyobozi bw’ intara y’ Amajyaruguru butangaza ko bwahize umuhigo wo kuzitabira amatora ku kigero cy’ 100%; bukavuga ko bugifite icyizere...
Amajwi ari kubarurwa mu matora y’umukuru w’igihugu muri Nigeria, amatora ya mbere yari yegeranye cyane kuva ubutegetsi bwa gisirikare burangiye mu 1999.
Biraboneka ko yitabiriwe ku rugero runini,...
Abategetsi bashinzwe amatora ku rwego rwa Amerika bavuze ko amatora ya perezida ya 2020 ariyo "matora yizewe kurusha ayandi mu mateka ya Amerika" - batesha agaciro ibivugwa na Trump ko yaranzwe...
Umutegetsi wo hejuru wo mu kanama k’amatora ka Kenya yavuze ko uburyo bwo kubara amajwi butinjiriwe mu ikoranabuhanga, ibizwi nka ’hacking’, mu gihe hakomeje gutegerezwa ibyavuye mu matora ya...
Muri Repuburuka ya Demokrasi ya Congo Komisiyo ishinzwe amatora CENI iri mu gikorwa cyo kubarura amajwi yavuye mu matora yo kuri uyu wa gatatu itariki 20 Ukubzoza. Ariko nanone, amatora yakomeje...
Ebyiri mu ndorerezi z’Umuryango w’Ubucuruzi bw’Ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo n’Uburasirazuba (COMESA) ziyobowe na Bishop Mary Nkosi zavuze ko igenzura zimaze gukora kuva aho zigereye mu Rwanda...
Komisiyo y’igihugu y’amatora yamaze gutangaza ibintu abanyarwanda bari kuri lisiti y’itora bagomba kumenya mbere yo gutora tariki ya 04 Kanama uyu mwaka.Iyi Komisiyo itangaje ibi mu gihe habura...
Perezida Joseph Kabila yatangaje ko atigeze asezeranya Abanyekongo igihe amatora azabera ahubwo ngo icyo yavuze ni uko arimo gutegura amatora vuba na vuba.
Ibi yabitangarije mu kiganiro...
Cellou Dalein Diallo utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Guinea yitangaje ko ari we watsinze amatora ya perezida yabaye ku cyumweru, mbere yuko bitangazwa n’akanama...
Umucamanza muri leta ya Pennsylvania yanze ibirego byari byatanzwe n’abashinzwe amatora ku ruhande rwa Perezida Donald Trump bashaka ko amamiliyoni y’amajwi y’abatoye bakoresheje uburyo bw’iposita...
Amatora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda n’ay’Abadepite 53 byemejwe ko azaba tariki 15 Nyakanga 2024 mu gihugu, ariko ababa muri Diaspora Nyarwanda bo bazatora ku ya 14 Nyakanga...
Muri Repuburika ya Demokrasi ya Congo haraye harangiye igihe kingana n’ukwezi abakandida bari bahawe ngo biyamamaze,mu gihe amatora azaba kuri uyu wa gatatu.
Abakandida bane mu matora ya perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo basohoye itangazo basaba ko amatora yabaye ku wa gatatu ahindurwa impfabusa.
I Kigali hateraniye inama y’iminsi 2 ihuje aba Perezida ba za komisiyo z’amatora baturutse mu bihugu bya Afrika. Abateraniye muri iyi nama bakaba baganira ku ruhare rw’izi komisiyo mu gutuma ibihugu...
Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n’imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA...
Amatora yo gushaka usimbura Joseph Kabila ku mwanya w’umukuru w’igihugu wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari ateganyijwe ku cyumweru tariki 23 Ukuboza yasubitswe ndetse yimurirwa igihe...