Maj Gen Vincent Nyakarundi yasabye ba Ofisiye 38 barimo abo mu Ngabo ndetse na Polisi by’u Rwanda barangije amasomo ya gisirikari n’abandi bari mu nshingano ze ko bahanzwe amaso mu gukora...
Ubudahangarwa bw’umubiri ni bwo bwirinzi bwawo. Ni bwo umubiri wifashisha mu guhangana n’indwara ziterwa na mikorobi zaba bagiteri, imiyege na virusi. Si ibyo gusa kuko ubudahangarwa bw’umubiri ni...
Mu buzima bwa muntu, umuntu wese yumva ashaka gukunda agakundwa bikamufasha kuba ho neza. Inshuti nziza burya ni amaboko ari na yo mpamvu usanga umuntu wese aharanira kugira inshuti nyinshi...
Hari ibintu umugore akora akabifata nk’ibyoroshye kandi ari kwisenyera urugo, akazisanga nta garuriro agifite. Rimwe na rimwe abantu batekereza ko ibintu bisenya urugo ari ibikomeye gusa ariko na...
Hari ibintu umugore akora akabifata nk’ibyoroshye kandi ari kwisenyera urugo, akazisanga nta garuriro agifite. Rimwe na rimwe abantu batekereza ko ibintu bisenya urugo ari ibikomeye gusa ariko na...
Hari igihe mu buzima bw’umuntu usanga adahirwa mu rukundo rwe. Iteka uko yinjiye mu rukundo ntirumare kabiri. N’iyo rwatinda ugasanga birangiye batandukanye. Menya ibituma udahirwa...
Uburibwe cyangwa se ububabare ni ikimenyetso umubiri wawe uba uguha ko hari ibitagenda neza mu mubiri. Niba ufite ikibazo cy’uburibwe bw’umugongo bishobora kuba bituruka ku kibazo gito; nko kwicara...