Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Nzeri kuri televisiyo y’u Rwanda mu kiganiro Waramutse Rwanda, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yibukije...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Gicurasi Polisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryafatiye umugabo witwa Muganga Emmanuel w’imyaka 39 mu murenge wa...
Mu Rwanda hatangijwe ibigo 16 bizajya bikorerwamo ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga zaba iz’agateganyo n’iza burundu, bizajya bikora kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, bikaba...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Ukwakira Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe uwitwa Kwizera Fabrice w’imyaka 22 na Irakoze Justin w’imyaka 16, bafashwe barimo gukora impushya...
Polisi y’ u Rwanda yafashe ibinyabiziga 203 bigizwe na moto 164 n’imodoka 39 mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali kubera ko byagendaga mu muhanda bitacanye amatara kandi ari mu masaha...
Mu kwezi kw’Ukuboza 2016, Ishami rya polisi y’u Rwanda ryatangije ku mugaragaro ikoranabuhanga rikomatanye rizifashishwa mu mirimo yo gucunga umutekano wo mu muhanda ndetse no kunoza serivisi zose...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko guhera tariki ya 02 Ugushyingo 2020, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda rizasubukura ikoreshwa ry’ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga,...
Triffon Niyonsenga w’imyaka 46 y’amavuko na Hirwa Roger w’imyaka 22 bafatiwe mu Mujyi wa Kigali ku italiki ya 23 Ugushyingo bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga.
Polisi itangaza ko...
Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gukora no kugurisha impushya zo gutwara ibinyabiziga za burundu.
Nk’uko Polisi ikorera muri ako karere...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera Polisi yaherekaniye abantu Batanu bacyekwaho icyaha cyo...
Mu minsi iri imbere, abaturage bo mu bihugu bihuriye ku isoko rusange ry’ibihugu byo mu Burasirazuba n’Amajyepfo ya Afurika COMESA bashobora kuzajya bakoresha uruhushya rumwe rwo gutwara...
Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 13 Kamena Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 41 bafatiwe mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali batwaye ibinyabiziga basinze banarengeje...
Mu bikorwa bya Polisi byabaye mu mihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Kigali hagati ya tariki ya 23 na 26 Nzeri nibwo Polisi yafashe bariya bantu 25 batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Bose...
Abatwara ibinyabiziga barimo kwinuba ari benshi ko bari gucibwa amande ’bikabije’, polisi yo ikavuga ko ubu ibikoresho n’abakozi byiyongereye, ko "nudafatwa n’umupolisi ufatwa na...
Ibizamini byo gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo n’urwa burundu byatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Ukuboza, mu Mujyi wa Kigali no mu ntara zose, hasabwa...