skol
Kigali

Search: ibinyabiziga (347)

Abafite ubumuga bwo kutabona babangamiwe n’abatwara ibinyabiziga bakomeje kugonga inkoni zera zibafasha...

Nubwo Polisi y’igihugu yatangije gahunda nziza ya Gerayo amahoro ikangurira abatwara ibinyabiziga kwirinda umuvuduko no kubahiriza uburenganzira bw’abanyamaguru,abafite ubumuga bwo kutabona bavuga...
9 November 2020 576 0

Polisi y’u Rwanda yakubye kabiri ibiciro byo gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ibiciro byo gusuzumisha ubuziranenge bw’ibinyabiziga byahindutse nk’uko bigaragara k’ umugereka w’iteka rya minisitiri n° 001/20/MINICOM ryo ku wa 13/02/2020 rishyiraho...
16 February 2020 2161 0

Polisi y’u Rwanda yatangaje igihe izasubukurira gahunda yo gusuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga by’ubucuruzi

Guhera tariki ya 4 Kanama 2020 ikigo cya Polisi y’u Rwanda gisuzuma ubuziranenge bw ’ibinyabiziga kizasubukura gahunda yo gusuzuma ibinyabiziga ariko hazaherwa ku binyabiziga bikora imirimo...
31 July 2020 1024 0

Abatwara ibinyabiziga bijya mu bikorwa byo kwiyamamaza baributswa kubahiriza amategeko y’umuhanda

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kubungabunga umutekano wo mu muhanda, riributsa abatwara ibinyabiziga bijyana abantu mu bikorwa byo kwamamaza abakandida bahatanira kuzayobora igihugu cyacu,...
22 July 2017 359 0

Polisi igiye gusubukura gahunda yo gukora ibizamini byo kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 6 Nzeri kuri televisiyo y’u Rwanda mu kiganiro Waramutse Rwanda, Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera yibukije...
7 September 2021 1464 0

Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo 3 bamburaga abaturage bababeshya ko batanga impushya zo gutwara...

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 31 Nyakanga Polisi y’u Rwanda yerekanye abagabo batatu biyitaga abapolisi bakambura abaturage amafaranga babizeza kuzabaha impushya zo gutwara...
1 August 2020 1103 0

Nyagatare: Yafashwe yarahimbye uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo

Kuri uyu wa Kane tariki ya 19 Gicurasi Polisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe ibizamini no gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga, ryafatiye umugabo witwa Muganga Emmanuel w’imyaka 39 mu murenge wa...
21 May 2022 798 0

Ikibazo cy’abifuza gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga mu Rwanda cyashyizweho iherezo

Mu Rwanda hatangijwe ibigo 16 bizajya bikorerwamo ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga zaba iz’agateganyo n’iza burundu, bizajya bikora kuva ku wa Mbere kugeza ku wa Gatanu, bikaba...
5 December 2022 1561 0

Abatwara imodoka bwasabwe kwirinda icyabagusha mu ifatira ry’ibinyabiziga byabo

Abatunze ibinyabiziga barasabwa kubaha amategeko agenga umuhanda kugira ngo bibarinde kubagusha mu ifatira ry’ibinyabiziga byabo. Ibi n’ibitangazwa na Polisi y’igihugu nyuma yo gufatira ibinyabiziga...
6 February 2018 1484 0

Rusizi: Polisi yafatiye mu cyuho abasore bato bakoraga impushya mpimbano zo gutwara ibinyabiziga

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Ukwakira Polisi ikorera mu Karere ka Rusizi yafashe uwitwa Kwizera Fabrice w’imyaka 22 na Irakoze Justin w’imyaka 16, bafashwe barimo gukora impushya...
8 October 2021 1173 0

Rugikubita Polisi yafashe ibinyabiziga 203 bitacanye amatara ku manywa

Polisi y’ u Rwanda yafashe ibinyabiziga 203 bigizwe na moto 164 n’imodoka 39 mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali kubera ko byagendaga mu muhanda bitacanye amatara kandi ari mu masaha...
15 August 2023 1730 0

Polisi yerekanye abasore 5 bamburaga abantu biyita ko ari abapolisi batanga impushya zo gutwara ibinyabiziga

Kuri uyu wa Kane tariki ya 18 Kamena Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abasore Batanu bafatatiwe mu bice bitandukanye by’igihugu bagendaga bambura abaturage biyita abapolisi. Bashukaga...
19 June 2020 1511 0

Hatangiye gukoreshwa uburyo bw’ikoranabuhanga mu gusaba serivisi zo gusuzumisha ibinyabiziga

Mu kwezi kw’Ukuboza 2016, Ishami rya polisi y’u Rwanda ryatangije ku mugaragaro ikoranabuhanga rikomatanye rizifashishwa mu mirimo yo gucunga umutekano wo mu muhanda ndetse no kunoza serivisi zose...
29 July 2017 928 0

Ibizamini by’abasaba kwinjira muri Polisi y’igihugu n’impushya zo gutwara ibinyabiziga byahagaritswe

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yahagaritse ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga n’iby’abasaba kwinjira muri Polisi y’igihugu mu gihe cy’ibyumweru bibiri mu kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya...
16 March 2020 1092 0

Polisi y’u Rwanda yasubukuye gahunda yo gutanga ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko guhera tariki ya 02 Ugushyingo 2020, ishami ryayo rishinzwe umutekano wo mu muhanda rizasubukura ikoreshwa ry’ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga,...
28 October 2020 1961 0

Polisi y’Igihugu yaburiye abagura ibinyabiziga byakoreshejwe gushishoza kabiri

Polisi y’Igihugu yasabye abagura ibinyabiziga byakoreshejwe kurushaho gushishoza, bakamenya niba nta birarane by’imisoro bifite, ni nyuma yo kwerekana abagabo batatu bafashwe bashaka kunyereza...
27 August 2022 1612 0

Polisi y’u Rwanda irihanangiriza abatwara ibinyabiziga bafite uburangare

Polisi irihanangiriza abatwara ibinyabiziga kwirinda uburangare, aho ivuga ko abakora ayo makosa bazajya bakurikiranwa bagahanwa ndetse bakamburwa n’impushya zabo zo gutwara ibyo binyabiziga....
20 April 2017 693 0

Polisi yataye muri yombi babiri bacyekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga

Triffon Niyonsenga w’imyaka 46 y’amavuko na Hirwa Roger w’imyaka 22 bafatiwe mu Mujyi wa Kigali ku italiki ya 23 Ugushyingo bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga. Polisi itangaza ko...
26 November 2016 1044 0

Nyarugenge: Batatu barafunze bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga mpimbano

Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gukora no kugurisha impushya zo gutwara ibinyabiziga za burundu. Nk’uko Polisi ikorera muri ako karere...
30 September 2017 924 0

Polisi yaburiye abakomeje gukora amanyanga mu ikorwa ry’ibizamini byo kubona impushya zo gutwara ibinyabiziga

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 15 Ukwakira ku cyicaro cya Polisi mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Remera Polisi yaherekaniye abantu Batanu bacyekwaho icyaha cyo...
16 October 2021 1350 0

Hasobanuwe impamvu kwiyandikisha mu kizamini cyo gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga bidakunda

bamwe mu bakoresha Service isaba kwiyandikisha gukora ikizamini cyo kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga yaba urwa burundu cyangwa urwagateganyo bavuga ko imaze iminsi idakunda ko ngo iyo...
21 July 2022 2548 0

Ibihugu bihuriye muri COMESA birikwiga uburyo byahuza uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Mu minsi iri imbere, abaturage bo mu bihugu bihuriye ku isoko rusange ry’ibihugu byo mu Burasirazuba n’Amajyepfo ya Afurika COMESA bashobora kuzajya bakoresha uruhushya rumwe rwo gutwara...
13 September 2023 291 0

Polisi y’u Rwanda yahishuye uko ibinyabiziga bikurikirana mu gukora impanuka

Ubwo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 4 Ukwakira 2023, Polisi y’Igihugu n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, byagiranaga ikiganiro n’itangazamakuru, Minisiteri y’Umutekano yagaragaje uko...
5 October 2023 1066 0

Impamvu abagore batwite batemerewe gukorera perimi yamenyekanye

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga Boniface, yavuze ko impamvu umugore utwite atemererwa gukora ikizamini cyo gutwara ibinyabiziga ari uko haba hirindwa ko igitutu ukora ikizamini aba...
31 January 2024 2313 0

Polisi yerekanye abatekamutwe bahoze ari abapolisi bamburaga abaturage babizeza kubaha impushya zo gutwara...

Abagabo 3 bahoze muri Polisi y’u Rwanda beretswe itangazamakuru n’ubuyobozi bwa Polisi bashinjwa kwambara umwambaro w’uru rwego bahoze bakorera barangiza bakajya gutekera umutwe abaturage bababeshya...
16 February 2020 4858 0

Kigali : Polisi yerekanye abantu 41 bafashwe batwaye imodoka basinze n’abarengeje amasaha yo kugera mu...

Ku gicamunsi cyo kuri iki cyumweru tariki ya 13 Kamena Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 41 bafatiwe mu bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali batwaye ibinyabiziga basinze banarengeje...
14 June 2021 946 0

Kigali: Abantu 25 bafashwe batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha

Mu bikorwa bya Polisi byabaye mu mihanda itandukanye yo mu Mujyi wa Kigali hagati ya tariki ya 23 na 26 Nzeri nibwo Polisi yafashe bariya bantu 25 batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha. Bose...
28 September 2021 484 0

Abatwara ibinyabiziga bararira kubera ibyo bari gukorwa na Camera izwi nka "Sofia"

Abatwara ibinyabiziga barimo kwinuba ari benshi ko bari gucibwa amande ’bikabije’, polisi yo ikavuga ko ubu ibikoresho n’abakozi byiyongereye, ko "nudafatwa n’umupolisi ufatwa na...
16 November 2021 2059 0

Abantu 9 barimo n’abapolisi bafunzwe bazira uburiganya mu gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga

Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, mu bihe bitandukanye, yataye muri yombi abantu icyenda barimo abapolisi babiri n’abasivili barindwi bakurikiranyweho ibikorwa by’uburiganya mu gukora ibizamini...
22 October 2022 5260 0

Abasaga ibihumbi 92 batangiye ibizamini by’impushya zo gutwara ibinyabiziga mu gihugu hose

Ibizamini byo gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga rw’agateganyo n’urwa burundu byatangiye kuri uyu wa Mbere tariki ya 12 Ukuboza, mu Mujyi wa Kigali no mu ntara zose, hasabwa...
13 December 2022 1279 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 330