Nyuma y’uko inzego z’umutekano ziteze zikanica ingona mu ruzi rwa Nyabarongo ku gice giherereye ku murenge wa Mageragere ndetse zikaza no kuyitwika, Umuryango wamenye amakuru ko nyuma yayo...
Umugore witwa Maurina Musisinyana yakoze igikorwa cy’ubutwari ubwo yakuraga umwana we mu kanwa k’ingona yari imaze kumutwara imukuye aho yari amusize ari gukinira hafi...
Umugabo ukomoka Australia wakoraga umwuga w’uburobyi yasanzwe mu nda y’ingona yarapfuye nyuma y’iminsi yaraburiwe irengero.
Kevin Darmody yaherukaga kubonwa ari ahitwa Kennedy’s Bend – agace...
Nyirampakaniye Sperata, umubyeyi w’imyaka 54 y’amavuko wari utuye mu Mudugudu wa Ayabatanga, mu Kagari ka Kavumu, Umurenge wa Mageragere, Akarere ka Nyarugenge yishwe n’ingona yamufatiye ku ruzi rwa...
Umu pasitori wagerageje kwigana ibivugwa kuri Yesu muri Bibiliya aho ivuga ko Yesu yagendesheje amaguru hejuru y’amazi, arohamye mu mazi atanyaguzwa n’ingona.
Kera habaye, umudugudu wo muri Uganda ntiwigeze ugira amahoro kubera ko hari ikintu kirya abantu cyane cya mbere ku Isi. ‘Ingona yiswe Osama’, yabaga mu kiyaga cya Victoria kandi nta muntu n’umwe...
Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri leta ya Caroline y’Epfo, Cynthia Covert, umugore w’imyaka 58, yishwe n’ingona nyuma yo kujya mu cyuzi kugira ngo agerageze kuyifata ngo ayijyane iwe ayorore...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 25 Werurwe 2020, ingona yishe umugabo wari uri gukora uburobyi butemewe ku mugezi wa Nyabarongo ku gice cyo mu karere ka...
Umurobyi wo mu gihugu cya Zimbabwe yahuye n’uruva gusenya ubwo yaterwaga n’ingona ari mu kazi ke,iramwica ariko yabanje kumuca igitsina nkuko ibinyamakuru byo hirya no hino ku isi...
Perezida wa USA,Donald Trump,yasabye abarinda umupaka wa USA-Mexico ko bajya barasa amaguru abimukira bashaka kwinjira ku ngufu ku butaka bw’iki gihugu cye ndetse kuri uyu mupaka hagashyirwaho...
Umwana w’imyaka 3 witwa Maharani ukomoka mu mujyi wa Tangerang muri Indonesia,yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo hirya no hino ku isi kubera amashusho yafashwe ari koza amenyo y’ingona...
Tugirimana Jean Pierre uri mu kigero cy’ imyaka 27 wo mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali yishwe n’ingona yamufatiye mu gishanga cya Nyabarongo ubwo yari agiye kuvoma. Ibi byabaye mugitondo...
Umunyamakurukazi witwa Zarisha Bradley ukorera ikinyamakuru cyitwa Nine News cyo muri Australia, yarusimbutse ubwo yakoreraga inkuru yo kuri TV ku bwato bufunguye hafi y’igishanga kibamo ingona...
Umukobwa wo mu gihugu cya Zimbabwe Zanele Ndlovu kuri ubu wamaze kuba umugore nyuma yo gushyingirirwa mu bitaro yagize ikibazo gikomeye ubwo yari kumwe n’ umukunzi we biteguraga gushyingirwa...