Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire...
Hari igihe mu buzima bw’umuntu usanga adahirwa mu rukundo rwe. Iteka uko yinjiye mu rukundo ntirumare kabiri. N’iyo rwatinda ugasanga birangiye batandukanye. Menya ibituma udahirwa...
Umuhanzikazi Rihanna yatangaje ko ameze neza nyuma yo kugaragaza inda y’imvutsi atwite mu mafoto aherutse gufotorerwa ahitwa Harlem mu mujyi wa New York.
We n’umukunzi we atwitiye, A$AP...
Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo.
Nyuma, Polisi yemeje ko uwo...
Polisi mu Buholandi ivuga ko yasanze umuntu muzima mu gice cy’amapine y’indege yari imaze kugwa ku kibuga cy’indege cya Schiphol i Amsterdam ivuye muri Africa y’Epfo.
Indege zivuye i Johannesburg...
Muri filimi mbarankuru y’ubuzima bwe iri hafi gusohoka kuri Netflix, Georgina Rodriguez yatangaje ko yabaga mu cyumba cyo kubikamo ibintu yakodeshaga amapawundi 250 ku kwezi mbere y’umunsi yahuye...
Uruhinja rwatawe na nyina rukimara kuvuka rwarokowe n’imbwa y’ingore n’ibibwana byayo nyuma yo kumara ijoro ryose birupfutse mu murima kugira ngo rudakonja.
Abatuye mu ntara ya Chattisgarh yo mu...
Minisitiri muri Madagascar yavuze ko yoze mu gihe cy’amasaha 12 ararokoka nyuma yuko indege ya kajugujugu yari arimo ikoreye impanuka mu nyanja ubwo yari mu gikorwa...
Mu karere ka musanze Umurenge wa Busogo,akagari ka Gisesero,Umudugudu wa Gahanga,haravugwa urugomo rw’abitwaza intwaro gakondo bagatobora amazu ndetse abayatuyemo bagatemwa bakanakubitwa ibibando....
Guverinoma y’u Rwanda yashyize hanze ibiciro bishya bya gaz yo gutekesha, nyuma y’igihe bamwe mu baturage bakoresha gaz batangaza ko babangamiwe n’itumbagira rya hato na hato ry’ibiciro...
Abaterankunga bo mu mahanga bemeye kohereza mu bikorwa bya ONU by’ibiribwa n’ubuvuzi muri Afghanistan miliyoni 280 z’amadolari y’Amerika (miliyari 280 mu mafaranga y’u Rwanda) yo mu kigega cyafunzwe,...
Akarere ka Rubavu karakataje mu kwakira impano z’abanyarwanda zitandukanye mu muziki aho abagaturiye bavuga ko ibyishimo ari byose nyuma y’aho Covid- 19 ije igaharika imyidagaduro...
Umugore yakiriye bwa mbere umwana ku myaka 50 y’amavuko nyuma y’imyaka yo guhangana n’ubugumba.
Ku ya 29 Nzeri 2021, Susie Troxler, inzobere mu by’imitekerereze ya muntu ahitwa High Point, muri...
Minisitiri w’ubuzima w’Ubudage yakoresheje amagambo ya mbere akomeye avuze kugeza ubu mu kuburira ku kamaro ko kwikingiza Covid-19.
Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa mbere mu murwa mukuru Berlin,...
Bamwe mu baturage bakoresha gaz baratangaza ko babangamiwe n’itumbagira rya hato na hato ry’ibiciro byazo, Urwego rw’igihugu ngenzuramikorere RURA rwo ruvuga ko ruri mu biganiro n’inzego zirebwa...
Hari igihe mu buzima bw’umuntu usanga adahirwa mu rukundo rwe. Iteka uko yinjiye mu rukundo ntirumare kabiri. N’iyo rwatinda ugasanga birangiye batandukanye. Menya ibituma udahirwa...
Uko abakundanye bahuza ubwumvikane mu buryo batwaramo urukundo rwabo biri mu bituma barambana nta kwishishanya kuko hari abakundana benshi bagatandukana hadaciye kabiri kubera imyumvire...
Abantu batari bacye bamaze gupfa muri Canada kubera inkubi y’ubushyuhe itunguranye ikomeje kugera ku bipimo bitigeze biba mbere.
Polisi mu gace ka Vancouver kuva ku wa gatanu imaze kugera ku...
Rutahizamu wa Portugal na Juventus, Cristiano Ronaldo,yongeye gushimangira urwango yanga Coca Cola ubwo yari agiye kugirana ikiganiro n’abanyamakuru hanyuma amacupa 2 y’iki kinyobwa yari amuri...
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryatangaje amazina mashya y’ubwoko bwa Covid-19.
Kuva ku wa mbere, OMS izajya ikoresha inyuguti zo mu rurimi rw’Ikigereki ishaka kuvuga...
Nubwo ibihugu byinshi bya Africa bigowe no kubona inkingo za Covid-19, doze zibarirwa mu bihumbi zataye agaciro zidakoreshejwe.
Ni ibihe bihugu bifite inkingo bitakoresheje?
Malawi...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ari umunsi wa kane w’icyumweru wikurikiranyije nta muntu ubikwa ko yishwe na COVID-19 mu Rwanda.Abamaze guhitanwa n’iki cyorezo ni 314...
Myugariro w’umunya Brazil ukinira ikipe ya Chelsea,Thiago Silva,w’imyaka 36,yahishuye ko ubwo yari afite imyaka 21 akinira ikipe ya Dynamo Moscow yarwaye igituntu kiramurembya cyane hafi no...