Perezida w’ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare,Murenzi Abdallah,yamaze impaka abibaza igikunzwe hagati y’ikipe ya Rayon Sports yabereye umuyobozi ndetse n’umukino wo gusiganwa ku magare...
Kuri iki cyumweru, abakunzi b’umukino wo gusiganwa ku magare batunguwe cyane n’umunya Austria witwa Anna Kiesenhofer watwaye umudali wa zahabu mu gusiganwa ku magare mu bagore nyamara yagenze...
Umunya Espagne uzwi cyane kubera ubuhanga mu gusiganwa ku magare cyane cyane mu kuzamuka imisozi yatangaje ko nyuma y’irushanwa rya Vuelta a Espana izaba guhera ku italiki ya 19 kanama kugeza ku...
Abasore 3 b’abanyarwanda bakina umukino wo gusiganwa ku magare bisanze ku rutonde ruzatoranywamo umukinnyi wahize abandi mu mukino wo gusiganwa ku magare muri...
Abakinnyi bakomeye mu mukino wo gusiganwa ku magare ku isi,barimo umunya Slovakia,Peter Sagan,n’umwongereza Chris Froome bitezwe muri Tour du Rwanda y’umwaka...
Perezida wa Pebubulika y’ u Rwanda Paul Kagame yamaze gushyikiriza ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare (FERWACY) amafaranga yo kugura imodoka yabemereye nyuma y’ uko bitwaye neza muri...
Umwe mu bakinnyi ba mbere ku isi mu gusiganwa ku magare,Peter Sagan ukomoka mu gihugu cya Slovakia,yatangaje ko ashyigikiye ko u Rwanda rwahabwa amahirwe yo kwakira shampiyona y’isi ya 2025...
Ikipe y’Igihugu y’Amagare (Team Rwanda ) imaze kwegukana imidali 3 ya Feza mu byiciro byose uko ari 3 yashoye muri Shampiyona Nyafurika yo gusiganwa ku magare yatangiye kubera mu Misiri kuri uyu wa...
U Rwanda bwa mbere mu mateka yarwo ndetse n’aya Afurika muri rusange, ruzakira Shamiyona y’isi mu gusiganwa ku magare muri 2025 nyuma yo guhabwa aya mahirwe ruhigitse Maroc byari...
Umukinnyi w’umutaliyani wagacishijeho mu mukino wo gusiganwa ku magare Mario Cipollini yatunguye abakunzi b’umukino w’amagare ubwo yashyiraga kuri Instagram ifoto ari ku igare yambaye ubusa buri...
Kuri uyu wa 18 Gashyantare, 2018 Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, Bayingana Aimable yatangaje ko inama bagiriwe n’abaganga arizo zatumye umukobwa witwa Girubuntu...
Aimbable Bayingana wari perezida w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda (FERWACY) ari gukorwaho iperereza nyuma yo kwegura ku mirimo ye ku birego bya ruswa n’ihohotera rishingiye ku gitsina...
Mu Mujyi wa Kigali hagiye gushyirwaho ahantu hatandukanye hazajya haba hari amagare ku buryo umuntu ukeneye kujya mu gace runaka azajya arifata akaritwara akarisiga ahantu...
Irushanwa ry’amagare ryahuje abana b’abahungu n’abakobwa bari hagati y’imyaka 12 na 16 kuri Stade Amahoro i Remera ku Cyumweru, tariki ya 30 Mutarama 2022, mu rwego rwo kwizihiza Umunsi w’Intwari,...
Mwiseneza Josiane wakunzwe mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bikamuhesha ikamba rya Miss Popularity yatangaje ko ari gutegura isiganwa ry’amagare rizamufasha gutambutsa ubutumwa bujyanye...
Ku wa Gatandatu tariki ya 29 Nyakanga 2023, Abakuru b’Imidugudu 602 batangiye guhabwa amagare azabafasha mu kunoza akazi kabo no kurushaho kwegera abaturage, basabwa...
Perezida mushya wa UCI David Lappartient yatangaje amagambo aha u Rwanda icyizere cyo kwakira shampiyona y’isi, ubwo yatangazaga ko yifuza ko ibihugu by’Africa byahatanira kwakira shampiyona y’isi...
Umunyarwanda Areruya Joseph yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere muri Africa mu gusiganwa ku magare mu mwaka wa 2018,yigaranzura ibihangange birimo Daryl Impey ukomoka muri Africa y’Epfo...