Ishyirahamwe rishinzwe kurwanya ruswa ryashyizweho na TRACE ryasohoye uyu mwaka ruswa Risk Matrix, ripima ingaruka zo gutanga ruswa mu bucuruzi mu bihugu 194, mu turere, no mu turere twigenga...
Ubushakashatsi bwakozwe n’Umuryango urwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International Rwanda (TI-RW), bwagaragaje ko mu 2020, ruswa mu nzego z’ibanze yikubye inshuro hafi ebyiri ugereranyije...
Mu Rwanda ruswa n’ibyaha bifitanye isano na yo ni ibyaha biteganywa kandi bihanwa n’Itegeko Ngenga n° 01/2012/OL ryo ku wa 02/05/2012 rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana.
Ruswa ni icyaha...
Umusifuzi w’umunya Namibia Jackson Pavaza wasifuye umukino Amavubi na Cote d’Ivoire yamaze gutanga ikirego muri CAF arega bamwe mu bayobozi ba FERWAFA kumuha ibahasha ya kaki akeka ko yarimo...
Perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni we asanga kuba bamwe mu bakozi ba Leta ya Uganda bafite umubyibuho ukabije batabiterwa n’uburwayi ahubwo ari ikimenyetso simusiga ko baba baramunzwe na...