Mu gitondo cyo ku wa Mbere tariki 20/09/2021 ahagana saa mbiri mu Murenge wa Muko wo mu karere ka Gicumbi, ku Kigo Nderabuzima cyaho hamenyekanye amakuru y’umugore wabyaye umwana upfuye, bivugwa...
Umugore wo mu karere ka Kamonyi yatangaje ko yabonye hanze y’ itaburiya,igitsina cy’ umuganga wo ku kigo nderabuzima cya Nyamiyaga warimo kumubyaza ariyo mpamvu akeka ko ashobora kuba...
Umuganga ukiri muto wo muri Ukraine yishwe ku munsi wa mbere agiye ku kazi ubwo ingabo z’Uburusiya zagabaga igitero ku bitaro yakoragamo mu majyepfo ahitwa...
Umuganga witwa Trevor Finnerty ukomoka mu gace ka West Midlands mu Bwongereza yakoze amahano ubwo yasambanyaga umugore wamuhamagaye ngo aze kumuvurira mu rugo...
Umuhanzi Eddy Kenzo uri mu gahinda ko gutabwa n’umugore we Rema Namakula akisangira uwari umuganga we wamuvuraga imyanya myibarukiro witwa Dr Hamza Sebunya,yasabye abafana be ko bamusengera...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 05 Nyakanga 2021, umuganga ukora mu nkambi y’Impunzi ya Gihembe mu Karere ka Gicumbi, yahuye n’uruva gusenya ubwo yirukankaga ahunga imodoka y’Abapolisi kuko...
Umuganga ukomoka mu bubiligi witwa Marc Van Hoey yavuze ko atewe ishema no kuba amaze kwica ku bushake abarwayi 140 ndetse yiteguye kwambura ubuzima abasaga 500 kuko ibyo akora byemewe na...
Umuganga ufite agahigo ko kugira ibishushanyo (tattoos) byinshi kurusha abandi ku isi, Dr Sarah Gray w’imyaka 30 yatangaje ko akomeje kwibasirwa na bamwe mu bantu batamukunda kuko hari igihe...
Umuganga wo muri Ghana witwa Akosuah May yababaje benshi ubwo yatangazaga ko yahimbye konti nshya ku mbuga nkoranyambaga yo gushotora umukunzi we ngo arebe ko amukunda bya nyabyo ariko ibyo...